wex24news

Ndagijimana Samuel

Polisi y’u Rwanda yafatiye amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu.

Mu Karere ka Nyabihu hafatiwe imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye amabalo 52 y’imyenda ya caguwa ya magendu, hafatwa n’umugabo w’imyaka 47 ari na we nyir’iyo modoka. Mu Karere ka Gicumbi hafatiwe umugore w’imyaka 40, wari utwaye amabalo 8 y’imyenda ya caguwa mu modoka itwara abagenzi rusange yerekezaga mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi […]

Polisi y’u Rwanda yafatiye amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu. Read More »

Ubudage bwasezeranije gutanga inkunga ya miliyoni 260 z’amadolari ku banya Sudan.

Ni nyuma y’uko abadipolomate b’i Burayi bahuriye i Paris mu Bufaransa mu rwego rwo gutabariza aba banye Sudan no gutanga inkunga. Ni intambara imaze hafi umwaka umwe iki gihugu gihuye n’akaga.Uretse ubudage bwemeye gutanga ayo mafaranga, ibindi bihugu by’Uburayi na byo byemeye gutanga inkunga. Amakimbirane yo muri Sudan kugeza ubu imaze kwimura abasaga miliyoni 9

Ubudage bwasezeranije gutanga inkunga ya miliyoni 260 z’amadolari ku banya Sudan. Read More »

Perezida wa congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero.

Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi w’iri huriro mu bya Plitiki Lawrence Kanyuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024 mu butumwa yanditse ku rukuta rwa Twitter(X). Yavuze ko abantu benshi bakomeje kuva kuri iri shyaka riri ku butegetsi biyunga kuri AFC. Uretse abayobozi bakuru bo mu ishyaka rya UDPS biyunga kuri iri

Perezida wa congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero. Read More »

AFC ya Corneille Nangaa, itangaza ko yakiriye Ange Kalonji wari uhagarariye ishyaka rya UDPS muri diaspora.

Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi w’iri huriro mu bya Plitiki Lawrence Kanyuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024 mu butumwa yanditse ku rukuta rwa Twitter(X). Yavuze ko abantu benshi bakomeje kuva kuri iri shyaka riri ku butegetsi biyunga kuri AFC. Uretse abayobozi bakuru bo mu ishyaka rya UDPS biyunga kuri iri

AFC ya Corneille Nangaa, itangaza ko yakiriye Ange Kalonji wari uhagarariye ishyaka rya UDPS muri diaspora. Read More »

nyuma y’ibitero Iran yagabye kuri Israel byatumye Perezida Joe Biden, asubika urugendo yari agiye kugirira muri leta ya Delaware aho avuka.

Ni bitero bikomeye igihugu cya Iran cyagabye muri Israel, gikoresheje indege z’intambara zigera mu 100, nk’uko iy’i nkuru ikomeje gutangazwa n’ibitangaza makuru byo hirya no hino ku isi. Umuvugizi wa Perezidansi y’Amerika ushinzwe ibyumutekano mu gihugu, Adrienne Watson, yashyize itangazo hanze ku munsi w’ejo hashize, avuga ko itsinda ry’abayobozi bo muri Perezidansi y’Amerika rikomeje kuvugana

nyuma y’ibitero Iran yagabye kuri Israel byatumye Perezida Joe Biden, asubika urugendo yari agiye kugirira muri leta ya Delaware aho avuka. Read More »

Karidinali Frodolin Ambongo wo muri Congo, yasuzuguriwe ku k’ibuga  cy’indege mpuzamahanga cya ndjili,

Karidinali Frodolin Ambongo wo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasuzuguriwe ku k’ibuga  cy’indege mpuzamahanga cya ndjili, i Kinshasa mu murwa mukuru w’icyo gihugu ubwo yari agiye mu ruzinduko rwerekeza mu gihugu cy’u Butaliyani. Ibi ni ibyatangajwe n’umwanditsi wa Karidinali Frodolin Ambongo mu itangazo yashize hanze ejo ku Cyumweru, aho iryo tangazo rivuga ko Karidinali

Karidinali Frodolin Ambongo wo muri Congo, yasuzuguriwe ku k’ibuga  cy’indege mpuzamahanga cya ndjili, Read More »

indirimbo ‘Murera’ yacuranzwe bwa mbere muri sitade Amahoro ivuguruye – VIDEWO

Iyi ndirimbo yacuranzwe muri Sitade Amahoro, mu rwego rwo kugerageza ibyuma ‘sound check’ biri muri iyi stade igeze ku musozo ivugururwa. Mu butumwa Rayon Sports yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, nabo batanze ubutumwa bugira buti “Uburyo bwiza bwo gukora Sound Check ni ugukoresha Indirimbo zubahiriza ibirori…”

indirimbo ‘Murera’ yacuranzwe bwa mbere muri sitade Amahoro ivuguruye – VIDEWO Read More »

beni:ADF irashinjwa kwica abasaga 40.

Abaturage ba Beni bakomeje guhinda umushyitsi aho bahora biteguye ko izi nyeshyamba zigometse ku butegetsi bwa Uganda zabavutsa ubuzima. Izi nyeshyamba ziganje mu duce twa Mangina, Mavivi, Sayo, Bunji, Matembo, Mutube, Kasanga-Tuha n’ahandi. Ibi bibaye mu gihe hari hashize igihe izi nyeshyamba zisa n’izatanze agahenge, ibi bikaba bisa n’ibirimo gutungurana kuko ubusanzwe ibi bitero byo

beni:ADF irashinjwa kwica abasaga 40. Read More »

Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera habereye itangwa ry’ipeti rya Second Lieutenant .

Ikigo cya Gako nicyo gitorezwamo abasirikare bayobora abandi ku rugamba no mu bindi bikorwa, barangiza amasomo bagahabwa ipeti rya sous lieutenant ribemerera gukora ibikorwa bigenewe umusirikare mukuru uyobora abandi. Baba barize ibintu bitandukanye birimo amasomo y’amateka, imitekerereze ya muntu, politiki no kuyobora abasirikare ku rugamba. Uyu muhango kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata mu

Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera habereye itangwa ry’ipeti rya Second Lieutenant . Read More »

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kugira umutima wo kwanga agasuzuguro no guharanira ko hatagira ubasuzugura.

Umukuru w’Igihugu yabivuze kuri uyu wa 15 Mata 2024 ubwo yagezaga ijambo ku basirikare bashya bo ku rwego rwa Sous- Lieutenant binjiye mu ngabo z’u Rwanda (RDF). Yifashishije urugero rw’umukecuru yita intwari kubera uburyo yanze guhitamo urupfu ubwo abicanyi bari bamwicaje bagiye kumwica bakamubaza urupfu yifuza gupfa, Perezida Kagame yagize ati “Abari bamuhagaze hejuru bamubwira

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kugira umutima wo kwanga agasuzuguro no guharanira ko hatagira ubasuzugura. Read More »