wex24news

Ndagijimana Samuel

ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri azira kwica umugore we.

Nk’uko amakuru menshi abishimangira, uyu muyobozi ukiri muto mu ishyaka ry’Abaturage riharanira Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD) yakubise bunyamaswa umugore we wapfiriye mu bitaro azize ibikomere. Moussa Mondo kugeza ubu ari mu maboko ya polisi mu gihe ategereje gushyikirizwa umucamanza ngo aburanishwe ku cyaha gikomeye akurikiranweho nk’uko bitangazwa na mediacongo.net.

ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri azira kwica umugore we. Read More »

Perezida Kagame yashimiye ababyeyi bashyigikiye bakanashishikariza abana babo kwinjira mu mwuga w’Igisirikare.

Yabivugiye mu kigo cy’ishuli rikuru rya gisirikare rya Gako mu ntara y’Uburasirazuba kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024, ubwo yari mu muhango wo kwinjira kw’aba ofisiye bashya basaga 600 binjiye mu ngabo z’u Rwanda. Yashimiye aba ofisiye bashya kuba barahisemo gukorera igihugu cyabo cy’u Rwanda mu ngabo z’igihugu no kuba bararangije amasomo yabo

Perezida Kagame yashimiye ababyeyi bashyigikiye bakanashishikariza abana babo kwinjira mu mwuga w’Igisirikare. Read More »

london:abasenateri n’abadepite bongeye guhurira kumeza y’ibiganiro ku kohereza abimukira murwanda.

Abadepite bavuye mu kiruhuko cya pasika kandi ikintu cya mbere cy’ingenzi kuri gahunda y’umunsi ni umushinga w’itegeko utavugwaho rumwe cyane minisitiri w’intebe yashimangiye ko ugamije gutuma indege zizazana abimukira mu Rwanda zihaguruka mu Bwongereza vuba bishoboka. Abadepite barasuzuma ubugororangingo ku mushinga w’umutekano w’itegeko rirebana n’u Rwanda ryakomeje kwitambikwa kenshi kubera ingingo zirimo zitandukanye zitavugwaho rumwe

london:abasenateri n’abadepite bongeye guhurira kumeza y’ibiganiro ku kohereza abimukira murwanda. Read More »

Nigeria:hashize imyaka 10 abakobwa ba Chibok bashimuswe.

Ku ya 14 Mata 2014, intagondwa z’abayisilamu zagabye igitero ku ishuri ryisumbuye rya Leta ry’abakobwa mu mudugudu wa Chibok muri Leta ya Borno maze bashimuta abakobwa bagera kuri 300 mu gihe biteguraga ibizamini bya siyansi. Kuri iki cyumweru abagize ingaruka kuri ibyo bitero n’abandi baturage bateraniye I Lagos mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10

Nigeria:hashize imyaka 10 abakobwa ba Chibok bashimuswe. Read More »

Sandra Muhoza, ukorera ikinyamakuru “La Nova-Burundi” , yaburiwe irengero kuva ku wa Gatandatu nyuma ya saa sita.

Biravugwa ko uyu munyamakurukazi atitaba telephone nubwo telephone ye igendanwa ikiri ku murongo nkuko amakuru agera kuri SOS Media Burundi dukesha iyi nkuru avuga. “Telephone ye irasona ariko ntiyitaba. Iyo twohereje ubutumwa ku butumwa bwa WhatsApp, aradusubiza ariko yifashe cyane. Bisobanura ko ashobora kuba akurikiranwa cyangwa hari undi muntu ufite telephone ye. ” Igihe yaburaga,

Sandra Muhoza, ukorera ikinyamakuru “La Nova-Burundi” , yaburiwe irengero kuva ku wa Gatandatu nyuma ya saa sita. Read More »

  imibiri isaga ibihumbi 125 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi niyo imaze kuboneka mumyaka itantu.

Umuryango urengera inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ’IBUKA’ ivuga ko ari imibiri y’abatutsi bishwe ikajugunywa mu bice bitandukanye ariko mu myaka itanu ishize isaga ibihumbi 125 ikaba yarabashije kubonwa.Iyi mibiri yabonetse ahanini biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage bazi ibyabaye, iyabonetse kubera ibikorwaremezo biri kubakwa ahantu ndetse n’iyagiye iboneka biturutse ku mpamvu zitandukanye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa

  imibiri isaga ibihumbi 125 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi niyo imaze kuboneka mumyaka itantu. Read More »

congo:ukekwaho kwica abasivile yaciwe amande ahabwa n’igihano cy’urupfu.

Ubutabera bwemeje ko umusirikare uzwi ku izina rya Djodjo Endongo, ari we uherutse kwicira mu Mujyi wa Goma abaturage batatu barimo bahafatira amafunguro. Ku wa Gatatu taliki ya 10 Mata 2024, mu masaha y’ijoro nibwo aba basivile bishwe barasiwe muri resitora iherereye muri karitsiye ya Majengo aho bafatiraga ifunguro nk’uko amakuru ku rupfu rwabo yabivugaga.

congo:ukekwaho kwica abasivile yaciwe amande ahabwa n’igihano cy’urupfu. Read More »

abayobozi bibigo by’amashuri bahawe umuburo wo kongera isuku mu ibyo kurya by’abana.

ibikubiye muri iyo baruwa Madamu /Bwana Umuyobozi w’Ishuri (bose) Impamvu: Kwibutsa ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza ya gahunda yo gufatira ifunguroku ishuri Madamu/Bwana Muyobozi w’ishuri, Nshingiye ku mabwiriza agena uburyo bwo kugaburira abanyeshuri ku ishuri yo mu 2021 nk’uko mwayagejejweho binyujijwe ku buyobozi bw’Akarere, akaba ndetse agaragara kurubuga rwa Minisiteri y’Uburezi, cyane cyane, umutwe wayo wa

abayobozi bibigo by’amashuri bahawe umuburo wo kongera isuku mu ibyo kurya by’abana. Read More »

ibiro bya Perezida Joe Biden, byaburiye Israel ko batazifatanya mu gitero na kimwe cya Israel cyo kwihorera kuri Iran.

Indege za drones na za misile byose hamwe birenga 300 byarashwe kuri Israel mu ijoro ryo ku wa Gatandatu. Iran yavuze ko byari ukwihorera ku gitero cyo ku itariki ya 1 Mata (4) ku ishami rya ambasade yayo muri Syria cyahitanye abasirikare bakuru ba yo. Izo drones na missiles hafi ya zose zahanuwe na Israel,

ibiro bya Perezida Joe Biden, byaburiye Israel ko batazifatanya mu gitero na kimwe cya Israel cyo kwihorera kuri Iran. Read More »

muri iki gitondo rwambikanye hagati ya FARDC na M23 muri Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko amakuru aturuka aha agararagara kuri X avuga, iyi mirwano iravugwa i Nyamubingwa, muri Gurupoma ya Mupfunyi Shanga, muri Teritwari ya Masisi. Ku Cyumweru, hari habaye indi mirwano ku muhanda Vunano-Kimoka ndetse n’ahantu bakunze kwita “Chez Madimba”, ndetse no ku yindi misozi ireba umujyi wa Sake, muri Gurupoma ya Kamuronza

muri iki gitondo rwambikanye hagati ya FARDC na M23 muri Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Read More »