wex24news

Ndagijimana Samuel

Abimukira 21 baguye mu mpanuka y’ubwato abandi 23 baburirwa irengero.

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bimukira ritangaza ko mu bapfuye bari muri ubwo bwato harimo n’abana. Abarohowe n’abitabye Imana bose ni Abanya Ethiopia. Ibi byago bibaye nyuma y’ibyumweru bibiri ubundi bwato bwari butwaye Abanya Ethiopie 38 burohamye. Ambasaderi wa Ethiopia muri Djibouti, Berhanu Tsegaye, kuri X yavuze ko ubwo bwato bwari butwaye Abanya Ethiopia bava […]

Abimukira 21 baguye mu mpanuka y’ubwato abandi 23 baburirwa irengero. Read More »

Abanyeshuri bahawe Mudasobwa na Perezida Kagame Barishimira ko zabagiriye umumaro mu nini mu myigire yabo.

kimwe mukinyamakuru cyasuye, babonye ibyo bihembo ubwo batangiraga igihembwe cya gatatu cy’Amashuri kuwa mbere tariki ya 22 Mata, 2024 biga ku Ishuri rya New Generation Academy riherereye mu Murenge wa Kimihurura, Akagali ka Rugando bavuga ko bashimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame ku bihembo yabahaye kuko byabafashije muri byinshi. Niyo Jonathan ni umwe mu

Abanyeshuri bahawe Mudasobwa na Perezida Kagame Barishimira ko zabagiriye umumaro mu nini mu myigire yabo. Read More »

Burundi:Mu bice bitandukanye vyigihugu,Haguma Hatorwa Abantu Bishwe Bunyamaswa.

Akarorero ka hafi nako muri Komine n’Intara ya Rumonge aho kumunsi wambere igenekerezo rya 22/04/2024 mugihe ca 15h hatowe ikiziga c, umuntu w’umugabo muruzi murembwe,rwa komine Rumonge, bivugwa ko nyakwigendera yoba afise imyaka iri hagati ya 45 ans na 50 ans. Nkuko isoko rya Rwandatribune.com  riri murako gace rikura amakuru mubanyagihugu,ritumenyesha ko ico kiziga cakuwe

Burundi:Mu bice bitandukanye vyigihugu,Haguma Hatorwa Abantu Bishwe Bunyamaswa. Read More »

Nyagatare:umusaza Nzungize Marc, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi  Yishimiye kongera gutunga inka nyuma y’imyaka 30.

Nzungize yaherukaga gukama inka mu 1994 Nzungize, yarokokeye mu Karere ka Gisagara ariko nyuma ya Jenoside yiyemeza kuhimuka, ajya gutura mu Karere ka Nyagatare. Avuga ko tariki ya 20 Mata 1994 aribwo ubwicanyi bwakomeye aho yari atuye, ndetse inka ze ziranyangwa, interahamwe zirazirya. Nyuma y’iminsi ine, tariki ya 24 mata 1994, nibwo yabashije guhungira i

Nyagatare:umusaza Nzungize Marc, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi  Yishimiye kongera gutunga inka nyuma y’imyaka 30. Read More »

Igicu kidasanzwe cya orange cyamanukiye mu kirere cya Athens mu Bugereki.

U Bugereki bwari buherutse kwibasirwa n’ibicu bisa nk’ibi mu mpera za Werurwe no mu ntangiriro za Mata, na byo byapfukiranye uduce two mu Busuwisi no mu majyepfo y’u Bufaransa. Ikigo gishinzwe iteganyagihe cy’u Bugereki kivuga ko ikirere gishobora kongera kuba cyiza kuri uyu wa Gatatu. Ikirere cyari kifashe nabi mu bice byinshi by’igihugu kandi mu

Igicu kidasanzwe cya orange cyamanukiye mu kirere cya Athens mu Bugereki. Read More »

 Rihanna nyuma yokuba umubyeyi aricuza ibyo yakoze mumyaka ye yubuto.

Mu kiganiro Rihanna yagiranye na Vogue, yatangaje ko iyo arebye amafoto yagiye afatwa mu myaka yashize na we ubwe bimutungura akibaza niba ari we wabikoze cyangwa ari undi kubera ukuntu amwe mu mafoto asa n’amugaragaza yashyize hanze ubwambure bwe, ubundi yambaye utwenda tw’imbere gusa. Rihanna avuga ko yicuza cyane uburyo yakoreshaga amurika imideli imugaragaza ubwambure

 Rihanna nyuma yokuba umubyeyi aricuza ibyo yakoze mumyaka ye yubuto. Read More »

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia.

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, kuko bakigera yo bahita batabwa muri yombi ibitaramo bigasubikwa guhera ubwo. Iki ni ikibazo cyongeye gufata intera nyuma y’uko ku wa 20 Mata 2024 ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda hasakaye amashusho umuhanzi

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia. Read More »

Umuyobozi wa GS KABUGA Catholique yahagaritswe amezi 3 abandi barimu boherejwe ku bindi bigo.

  Amakuru avuga ko bijya gutangira umuyobozi wa GS KABUGA Catholique yagiranye umubano udasanzwe n’umwarimu we NSHIMIYIMANA James ubwo yamworoherezaga akamwemerera kujya ajya kwigisha no ku kindi kigo cyitwa IFAK giherereye mu Murenge wa Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Uyu mwarimu avugako IFAK yamuhembaga ibihumbi 150 ku kwezi, agahamo umuyobozi we ibihumbi 20 bya buri

Umuyobozi wa GS KABUGA Catholique yahagaritswe amezi 3 abandi barimu boherejwe ku bindi bigo. Read More »

Uburyo bushya bufasha abaturage kwisabira ibyangombwa byo kubaka.

Ku wa Kabiri taliki 23 Mata 2024, hasobanurwa ingamba Umujyi wa Kigali wafashe mu guhangana n’ibyuho bya ruswa nibwo ibi byagarutsweho. Hakozwe ubugenzuzi hasangwa hari abaturage benshi badasobanukiwe no gusaba ibyangombwa byo kubaka, bifashisha abahanga mu byo kubaka (Engeneers) bakaba ari bo babifashamo nk’uko byavuzwe na Madamu Urujeni Martine, Umuyobozi w’uyu mujyi wungirije ushinzwe Ubukungu

Uburyo bushya bufasha abaturage kwisabira ibyangombwa byo kubaka. Read More »

Igihugu cya Botswana gitangaza ko cyanze kwakira abimukira bavanywe mu Bwongereza ku mpamvu bwite.

Byatangajwe na Misitiri w’ububanyi n’amahanga wa Botswana , Lemogang Kwape kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro yahaye shene ya televiziyo yo muri Afurika y’Epfo. Yavuze ko leta y’Ubwongereza yiyambaje igihugu cye ibabaza niba bakwakira abimukira birukanwa mu Bwongereza, ariko Botswana iyo gahunda ngo yahise iyitera utwatsi. BBC itangaza ko mu kwezi gushize, mu binyamakuru byo

Igihugu cya Botswana gitangaza ko cyanze kwakira abimukira bavanywe mu Bwongereza ku mpamvu bwite. Read More »