wex24news

Ndagijimana Samuel

Kimisagara! Abaturage babyutse basanga umugabo ari mu giti yapfuye – AMAFOTO

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mata 2024, abaturage bo mu karere ka Nyarugenge, Akagari ka Kimisagara, umudugudu wa Birama, batunguwe no gusanga umugabo ari mu giti yapfuye. Uyu mugabo utabashije kumenyekana yari ari mu giti yapfuye bikekwa ko ari abamuzanye bakahamushyira. Bahise bahamagara inzego z’ubugenzacyaha ‘RIB’ itangira gukora iperereza.

Kimisagara! Abaturage babyutse basanga umugabo ari mu giti yapfuye – AMAFOTO Read More »

Perezida w’u Burundi yavuze ko igihe kizagera Abarundi ntibongere kwizihiza umusi  w’Ubwigenge.

Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Nyakanga 2023, ubwo yari i Gitega mu birori byo kwizihiza imyaka 61 ishize u Burundi bubonye Ubwigenge. Yagize ati “Ndagira ngo mbabwire ko njye mbifuriza ikintu cyiza. None tuzavuga ko twakolonijwe kugeza ryari? Mu isabukuru y’imyaka 75 tuzajya twizihiza umunsi mukuru w’Igihugu.” “Tuzahora tuvuga ngo twagiye mu Bukoloni?

Perezida w’u Burundi yavuze ko igihe kizagera Abarundi ntibongere kwizihiza umusi  w’Ubwigenge. Read More »

Umwotsi wiyongereye nyuma y’ibisasu Isiraheli yateye mu majyaruguru ya Nuseirat.

Mu ntambara yatangiye umwaka ushize kugeza uyu munsi igihugu cya Isiraheli kirwana na Palestine, kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Isiraheli yashimiye Sena y’Amerika kuba yemeje ko hatangwa inkunga ingana na miliyari 13 z’amadorali z’inkunga ya gisirikare muri miliyari 26 z’amadorali z’ubufasha Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemereye Isiraheli mu ntambara irwanamo na

Umwotsi wiyongereye nyuma y’ibisasu Isiraheli yateye mu majyaruguru ya Nuseirat. Read More »

Abadepite bo muri Sudani y’Epfo bashimye aho u Rwanda rugeze rwiyubaka, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Abadepite bo muri Sudani y’Epfo mu biganiro Ibi babigarutseho mu biganiro bagiranye na Perezida w’umutwe w’Abadepite, Hon Mukabalisa Donatille, byabaye ku wa 23 Mata 2024 ku Nteko Ishinga Amategeko. Abadepite bo muri Sudan y’Epfo bavuze ko u Rwanda barufata nk’icyitegererezo, kubera ko rwashoboye kwivana mu bihe bikomeye nyuma ya Jenoside yakorwe Abatutsi, ubu kikaba ari

Abadepite bo muri Sudani y’Epfo bashimye aho u Rwanda rugeze rwiyubaka, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Read More »

(Ubuhamya) yabujijwe uburenganzira  kwiga ayisumbuye mu 1981 ayiga mu 1999.

Romouard Mukwiye Mu mwaka wa 1981, ni bwo yarangije amashuri abanza, ariko n’ubwo yari uwa mbere mu ishuri ntibyamubujije kutemererwa gukomeza ayisumbuye, bamugirira imbabazi arasibira, akomeza kuba uwa mbere, ariko nanone ntiyabasha gukomeza amashuri nk’uko yabyifuzaga. Agira ati “Njyewe nkeka ko n’ibizamini byanjye batarekaga bitambuka. Twabiboneraga mu kuzuza impapuro bitaga fiches signalitiques twakoreragaho ibizamini. Nkeka

(Ubuhamya) yabujijwe uburenganzira  kwiga ayisumbuye mu 1981 ayiga mu 1999. Read More »

Perezida Kagame yanyuzwe n’intsinzi ikipe afana ya Arsenal FC yanyagiyemo Chelsea ibitego 5.

Ni umukino watumye Arsenal iguma ku mwanya wa mbere n’amanota 77. Umukuru w’Igihugu usanzwe ari umwe mu bafana b’imena ba Arsenal yanditse ku rukuta rwe rwa X (Twitter) ati “Iriya niyo The #Gunners dukunda….!!!”. Ikipe ya Arsenal nibwo bwa mbere itsinze Chelsea ibitego byinshi bene aka kageni mu marushanwa yose [5-0],ndetse niyo kipe ya kabiri

Perezida Kagame yanyuzwe n’intsinzi ikipe afana ya Arsenal FC yanyagiyemo Chelsea ibitego 5. Read More »

Amerika: irateganya kohereza muri Ukraine imfashanyo ifite agaciro ka miliyari y’amadolari.

Abakozi babiri ba ministeri y’ingabo y’Amerika ni bo babitangarije ijwi ry’Amerika. Iyo mfashanyo izakurwa mu bikoresho by’igisirikare cy’Amerika, izaba igizwe n’imbunda nini zirasa ibisasu byo mu bwoko bwa rokete bita HIMARS, ibisasu bya rutura, imbunda zirasa ibisasu bishwanyuza intego birashweho n’ibisasu byazo, imodoka zintambara, n’ibindi by’ibanze bikenewe. Ababitangarije ijwi ry’Amerika ntibashatse ko amazina yabo atangazwa.

Amerika: irateganya kohereza muri Ukraine imfashanyo ifite agaciro ka miliyari y’amadolari. Read More »

kamonyi:Abagabo bagwiriwe N’Ikirombe Bavanywemo Bapfuye.

Bamukuye mu kirombe yanegekaye ajyanwa mu bitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali(CHUK) agezeyo ahita yitabimana. Bagenzi be babiri aribo Niyitegeka Etienne w’Imyaka 43 y’amavuko na Twizeyimana Emmanuel w’Imyaka 24 y’amavuko nabo bavanywemo bapfuye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma Mandera Innocent yabwiye UMUSEKE ko nyuma yo kwiyambaza amaboko y’abaturage bikanga bitabaje imashini zikora aho bwabaga kugeza

kamonyi:Abagabo bagwiriwe N’Ikirombe Bavanywemo Bapfuye. Read More »

Burundi: Abakorera uburobyi muri Tanganyika barimo baratabaza ubuyozi bavuga ko batakibona amafi ahagije.

Bavuga ko impamvu amafi yagabanutse cyane muri iki Kiyaga, ari uko kuva aho amazi yacyo atangiriye kugenda biturutse kubiza n’amafi yagiye . Ikindi kandi bavuga ko kubera imyanda iguma iva hirya no hino amazi akandura, amafi aguma ahunga. Aba barobyi bavuga ko usibye n’amafi yabuze, ngo n’indagara zabaye imbonekarimwe. Iyi myanda itera kubura kw’aya mafunguro,

Burundi: Abakorera uburobyi muri Tanganyika barimo baratabaza ubuyozi bavuga ko batakibona amafi ahagije. Read More »

Uburusiya: Minisitiri wungirije Ingabo yatawe muri yombi.

Urwego rukuru rw’ubutasi mu Burusiya ruvuga ko minisitiri wungirije w’ingabo yafunzwe acyekwaho ibyaha bya ruswa. Ejo hashize kuwa kabiri, akanama k’iperereza kavuze ko Timur Ivanov yafunzwe kandi ko harimo gukorwa iperereza kugirango harebwe niba nta bindi byaha bishamikiye kuri Ruswa ashinjwa. Uyu mugabo Ivanov, w’imyaka 47, yari yagenwe kuri uwo mwanya kuva mu 2016, aho

Uburusiya: Minisitiri wungirije Ingabo yatawe muri yombi. Read More »