wex24news

Ndagijimana Samuel

 Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Sergrent yasohotse mu birindiro bye ajya guhura n’umukobwa w’ikizungerezi.

Nyuma y’uko aya mafoto ashyizwe ahagaragara, benshi mu banye Congo barakaye, bavuga ko ibyo byatesheje agaciro impuzankano y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Aba bavuga ko kubona umusirikare nk’uyu ava ku rugamba bahanganyemo n’inyeshyamaba za M23 akajya kwishimana n’iyi nkumi bibabaje. Abo baturage bavuga biteye agahinda kubona abasirikare b’igihugu bagaragara mu bikorwa nka biriya […]

 Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Sergrent yasohotse mu birindiro bye ajya guhura n’umukobwa w’ikizungerezi. Read More »

umunyamakuru Nkundineza Jean Paul Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya 1 100 000 Frw.

Umunyamakuru wari umaze kwamamara kuri you Tube avuga ku nkuru z’ubutabera, Jean Paul Nkundineza, yakatiwe igifungo cy’imyaka 3 n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi 100. Urukiko rwashinjije uyu munyamakuru gutukira mu ruhame Mutesi Jolly no kumutesha agaciro muri rubanda hashingiwe ku makuru yatanze mu rubanza rwaregwagamo Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, bigize icyaha cyo gutoteza

umunyamakuru Nkundineza Jean Paul Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya 1 100 000 Frw. Read More »

Umuryango w’Abibumbye na Leta y’u Burundi baratabaza nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’ibiza.

Uku gutabaza gushingiye ku bihe bidasanzwe by’ibiza biturutse ku mvura idasanzwe akarere kari gucamo bizwi nka El Niño. Iyi mvura nyinshi yatumye inzuzi n’ikiyaga cya Tanganyika byuzura birushaho guhitana abantu no konona ibintu. Binyuze mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kane, u Burundi na ONU batabarije abaturage bavuga ko mu myaka 20 ishize, bwagiye

Umuryango w’Abibumbye na Leta y’u Burundi baratabaza nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’ibiza. Read More »

Israel yagabye ibitero bya missile kuri Iran mu gisa nko kwihimura.

Iturika ryumvikanye mu ntara ya Isfahan iherereye rwagati muri Iran, ndetse itangazamakuru ryo muri iki gihugu riravuga ingendo z’indege zahise zihagarikwa mu mijyi itandukanye y’igihugu. Intara ya Isfahan isanzwe ibamo ibirindiro bikomeye by’Ingabo za Iran, uruganda rukomeye rukora za missiles ndetse na Sites nyinshi zitunganyirizwamo ingufu za nucléaire. Amakuru y’uko Israel yateye Iran yemejwe n’umwe

Israel yagabye ibitero bya missile kuri Iran mu gisa nko kwihimura. Read More »

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zangiye igihugu cya Palestina kwinjira mu muryango LONI.

Amerika yabyanze ubwo bari mu nama y’akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku Isi yateranye kuri uyu wa kane taliki 18 Mata 2024. Loni yatoye umwanzuro wari ushyigikiwe n’ibihugu byinshi wo kwemerera Palestina kuba umunyamuryango wayo, gusa ibihugu nk’u Bwongereza n’u Busuwisi birifata. Ni mu gihe ibihugu nka Algeria, Ecuador, Guyana, u Buyapani, Malta, Mozambique, Koreya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zangiye igihugu cya Palestina kwinjira mu muryango LONI. Read More »

Mu burasirazuba bwa Repuburika ya Demokarasi ya Kongo, by’umwihariko mu turere twa Beni na Butembo bahangayikishijwe no kubura inyingo.

Abakozi bo mu buvuzi, baravuga ko inkingo zabaye nke muri aya mezi menshi ashize, bigatuma abana ibihumbi n’ibihumbi badakingirwa. Ababyeyi bafite impungenge ku birebana n’ubuzima bw’abana babo, bagasaba abayobozi kwihutira kukemura iki kibazo. Mu mujyi wa Butembo, gahunda z’ikingira zarahagaze. Umukuru w’abaforomo mu karere ka Makasi, Kambale Wangahikya, arahamya ibura ry’inkingo mu bice bimwe by’intara

Mu burasirazuba bwa Repuburika ya Demokarasi ya Kongo, by’umwihariko mu turere twa Beni na Butembo bahangayikishijwe no kubura inyingo. Read More »

umunyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda icyo yaba yiga cyose azajya yiga n’indimi kugira ngo azabashe gusobanura ibyo yize.-Minisitiri w’Intebe,Dr. Édouard Ngirente

Ministiri w’Intebe yabivuze ubwo yagezaga ku nteko ishingamategeko y’u Rwanda imitwe yombi, ibyo Guverinoma yakoze kuva 2017 mu guteza imbere ireme ry’uburezi mu nzego zose. Yanavuze ko havuguruwe porogaramu z’amasomo zo mu cyiciro cya kabiri cya kaminuza muri Kaminuza y’u Rwanda. Zavuye ku 161 zigera kuri 88. Yagaragaje ko mu mavugurura ari gukorwa muri Kaminuza

umunyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda icyo yaba yiga cyose azajya yiga n’indimi kugira ngo azabashe gusobanura ibyo yize.-Minisitiri w’Intebe,Dr. Édouard Ngirente Read More »

Ambasaderi w’Ububiligi muri congo yatangaje ko ububiligi bugiye mukwinjira mukibazo cya congo.

Yabitangaje kuwa Kabiri taliki 16 Mata 2024, ubwo yaganiraga n’ubuyobozi bw’umujyi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.Yavuze ko bitewe n’intambara ikomeje kuyogoza iki gihugu, Ububiligi nk’igihugu gikunda amahoro kigiye kwinjira ubwacyo mu kugarura amahoro binyuze mu kumvikanisha impande zose zishyamiranye. Yagize ati” Ububiligi burajwe ishinga no kugarura amahoro muri aka karere gakomeje guteseka.”Yavuze ko kandi bari gukora

Ambasaderi w’Ububiligi muri congo yatangaje ko ububiligi bugiye mukwinjira mukibazo cya congo. Read More »

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal, kimwe mu bitaro binini byo mu Rwanda bigiye kwagurwa.

Mu bintu by’ingenzi bigize umushinga harimo kwagura ishami rya oncology (ryita ku ndwara za cancer) kugira ngo hashyirwemo serivisi za radiotherapy, ndetse no gushyiraho ubundi buryo bukomeye bwo kwita ku mpanuka n’ubutabazi bwihuse. Uyu mushinga ukomeye uzazana igice cyagenewe ibibazo byo mu mitsi y’ubwonko, urutirigongo, n’imyakura, hamwe na serivisi zita ku ndwara z’umutima, kubaga umutima,

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal, kimwe mu bitaro binini byo mu Rwanda bigiye kwagurwa. Read More »

 Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye yitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo y’abapolisi mu Karere k’Afurika y’iburasirazuba (EAPCCO).

Ni imyitozo izwi ku izina rya FTX (Field Training Exercise) bari bamazemo iminsi ine, ibera ku ishuri rya Polisi ya Tanzania riherereye i Moshi, yitabiriwe n’abapolisi baturutse mu bihugu bigize umuryango wa EAPCCO birimo; u Burundi, Ethiopia, u Rwanda, Sudani y’Epfo, Tanzania na Uganda. Ku nsanganyamatsiko igira iti: “Usalama Pamoja’ mu rurimi rw’igiswahili, iyi myitozo

 Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye yitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo y’abapolisi mu Karere k’Afurika y’iburasirazuba (EAPCCO). Read More »