wex24news

Ndagijimana Samuel

uko imikino ya 1/2 muri UEFA Champions league izagenda.

Mu ijoro ryakeye taliki 17 Mata 2024 ni bwo habaga imikino yo kwishyura muri UEFA Champions league muri 1/4 aho Real Madrid yasezereye Manchester city naho Bayern Munich isezerera Arsenal, ubu muri 1/2 Dortmund izakina na Paris Saint-Germain naho Real Madrid yakire Bayern Munich. Ku Italiki 30 Mata 2024, Real Madrid na Bayes Munich hazaba […]

uko imikino ya 1/2 muri UEFA Champions league izagenda. Read More »

Miss Mutesi Jolly yitabiriye inama ikomeye yaOxford Africa.

Uyu muryango wa Oxford Africa , wahaye Miss Jolly ubutumwa maze nawe abisangiza abamukurikira kumbuga nkoranyambaga ze zitandukanye zirimo X na Instagram. Nkuko bigaragara mu butumire bahaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2016 , uyu muryango w’abanyeshuri ba Oxford University watangijwe mu 1958.Miss Mutesi Jolly yashyizwe mu bazatanga ikiganiro [ Guest Speaker ], hamwe na Perezida

Miss Mutesi Jolly yitabiriye inama ikomeye yaOxford Africa. Read More »

Marioo na Paula batangaje igitsina cy’umwana bitegura kwibaruka.

Umuhanzi Marioo n’umukunzi we Paula bateguye ibirori byo kugaragarizamo igitsina cy’umwana w’abo. Muri ibi birori byakurikiwe na Baby Shower, aba bombi bagaragaje ko batwite umwana w’umukobwa.Muri uyu muhango wo kugaragaza igitsina cy’umwana batwite, Marioo na Paula Kajala bambaye imyambaro y’umweru n’iri mu ibara rya Pink. Mu birori byabanje Paula yari yambaye imyambaro y’umweru nyuma muri

Marioo na Paula batangaje igitsina cy’umwana bitegura kwibaruka. Read More »

Bruce Melodie yavuze ndirimbo iri kuri Album agiye gushyira hanze.

Yifashishije amashusho ari kuririmba agace gato yashyize hanze arimo kuririmbira umugore we n’abana be bari gucuranga, igahita ifatwa igashyirwa kuri YouTube n’abantu batandukanye nyamara hari agace, Bruce Melodie yatangaje ko nayo iri kuri Album ye muzo azasohora. Kubera uburyo itazwi , benshi bagiye bayiha amazina atandukanye; Ugenda na Ndabizi.Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze Bruce Melodie yagize

Bruce Melodie yavuze ndirimbo iri kuri Album agiye gushyira hanze. Read More »

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo umunyamakuru Murungi Saben yashyikirizaga inzu yubakiye umubyeyi utuye mu cyaro.

Umunyamakuru, Murungi Saben ukoresha umuyoboro wa YouTube wa ISIMBI TV, yashyikirije umuturage Inzu n’ibikoresho byo munzu mu rwego rwo kwishimira igikombe yahawe cy’ishimwe ryo kuba yujuje Miliyoni yabamukurikira kuri shene ya YouTube. Ni inzu nziza iherereye mu karere ka Kamonyi mu mudugudu wa Nyarusange. Ubwo bajyaga kuyitaha yaherekejwe n’abarimo umugore wa Nyakwigendera Pastor Théogène witwa

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo umunyamakuru Murungi Saben yashyikirizaga inzu yubakiye umubyeyi utuye mu cyaro. Read More »

Perezida wa Rayon Sports,yabonye ukuntu Bugesera FC iri kwatsa umuriro kuri Rayon Sports,ahitamo kugenda uwaba-Rayon – VIDEWO

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yasotse kuri sitade ya Nyamirambo, umukino wahuzaga Rayon Sports na Bugesera FC utarangiye. Ni nyuma y’uko Bugesera FC yari yamaze gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 cyabonetse mu minota ya mbere y’igice cya mbere. Wari umukino ubanza wa 1 /2 mu gikombe cy’Amahoro. Uwayezu Jean Fidèle yasotse hakiri kare,

Perezida wa Rayon Sports,yabonye ukuntu Bugesera FC iri kwatsa umuriro kuri Rayon Sports,ahitamo kugenda uwaba-Rayon – VIDEWO Read More »

Tp Mazembe yafatiwe ibihano nyuma yuko yanze kwambara visit rwanda

Ikipe ya TP Mazembe yo muri RDC igiye guhanwa na CAF kubera ko yanze kwambara imyenda iriho ibirango bya ‘Visit Rwanda’ nk’umuterankunga w’irushanwa rya Africa Football League riherutse gutangizwa. Mu mpera za 2023 nibwo CAF yatangije irushanwa rya Africa Football League, icyo gihe, TP Mazembe yanze kwambara imyenda iriho ‘Visit Rwanda’, none kuko yishe amategeko

Tp Mazembe yafatiwe ibihano nyuma yuko yanze kwambara visit rwanda Read More »

Wazalendo yayoboye imirwano yashyamiranyije m23 na FARDC.

Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iyo mirwano yari iyobowe na Wazalendo, imbunda ziremereye nizo zakoreshejwe cyane kandi barasaga no mu baturage. Ni mu gihe ubuyobozi bw’ibanze butanga amakuru avuga ko muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hari gutegurwa imyigaragambyo izatangira ejo ku wa Kane. Iyi myigaragambyo yateguwe ku mpamvu zo kuba ubwicanyi bukorerwa

Wazalendo yayoboye imirwano yashyamiranyije m23 na FARDC. Read More »

Nord-Kivu:abanyeshuri babangamiwe no kubura umutekano bakomeje gusaba kujyanwa kubindi bigo.

Ibi byasabwe n’abayobozi b’abanyeshuri biga mu gace ka Sayo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu rwego rwo kwirinda ko umwaka waba uw’imfabusa kuko batakiga kubera umutekano mukeya uterwa n’inyeshyamba za ADF zayogoje aka gace kagize umugi wa Beni. Jeannot Kagwana, ni Perezida wa komite, yavuze ko asaba ko abanyeshuri bo muri aka gace bakwiye gufashwa

Nord-Kivu:abanyeshuri babangamiwe no kubura umutekano bakomeje gusaba kujyanwa kubindi bigo. Read More »