wex24news

Ndagijimana Samuel

Gicumbi: Umugabo yiyahuriye muri Muhazi

Ku wa 29 Mutarama 2024, mu Kagari ka Nyagahinga,mu Mudugudu wa Kigaga, umugabo wimyaka 47 yasanze ubwato buri ku nkombe y’ikiyaga cya Muhazi, abujyamo ageze hagati arasimbuka yiyahura muri Muhazi nkuko bitangazwa n’inzego z’ibanze. Amakuru avuga ko abamurebaga bafatanyije n’ubuyobozi bw’Umudugudu bahise bamukurikira bamuvanamo, bamujyana ku kigo Nderabuzima cya Rwesero. Akigera kuri icyo kigo nderabuzima, […]

Gicumbi: Umugabo yiyahuriye muri Muhazi Read More »

Kiyovu Sports yatakambiye Umujyi wa Kigali

Kuva uyu mwaka w’imikino 2023-2024, watangira, ikipe ya Kiyovu Sports yakomeje gukomwa mu nkokora n’ibibazo by’amikoro. Iyi kipe yo ku Mumena byayigizeho ingaruka mbi, zo gutakaza bamwe mu bakinnyi beza yagenderagaho. Nyuma yo kuba iyi kipe isigaranye miliyoni 25 Frw ku Ngengo y’Imari yemererwa n’Umujyi wa Kigali nk’inkunga, yasabye ubundi bufasha. Amakuru dukesha UMUSEKE, avuga

Kiyovu Sports yatakambiye Umujyi wa Kigali Read More »

Rutsiro: Umukobwa udafite ikimasa ntabona umurongora.

Ni ibintu bisa nk’ibimaze kuba umuco kuko umukobwa ugejeje imyaka 25 atarashaka agomba guha umusore ikimasa kugira ngo amurongore, utagifite ahera iwabo. Bamwe muri aba babyeyi bavuga ko byamaze kuba nk’ihame ntakuka ku bakobwa bagejeje iyo myaka y’ubukure. Aba babyeyi bavuga ko baca hasi hejuru kugira ngo babone amafaranga yo kugura icyo kimasa gusa ngo

Rutsiro: Umukobwa udafite ikimasa ntabona umurongora. Read More »

Urukiko rwaburanishije abahoze bakuriye gereza ya Rubavu baregwa ‘Iyica rubozo ‘

Ephraim Gahungu wahoze akuriye gereza ya Rubavu yahakanye ibyaha byo kwica no gukorera iyicarubozo bamwe mu mfungwa ndetse no guhishira ibi byaha. Kimwe na Innocent Kayumba wamubanjirije gutegeka iyi gereza, barashinjwa uruhare mu kwica abantu barindwi bari bafunze n’ababarirwa muri za mirongo bagakorerwa ibikorwa by’iyicarubozo. Imfungwa yitwaga Agahanze yapfiriye muri gereza mu 2019, ubushinjacyaha buvuga

Urukiko rwaburanishije abahoze bakuriye gereza ya Rubavu baregwa ‘Iyica rubozo ‘ Read More »

Hateguwe irushanwa ryo kubyina rizazenguruka igihugu

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Mutarama 2024 nibwo hatangajwe uko iri rushanwa ryateguwe na RG Consult rizazenguruka igihugu rizagenda. Ni irushanwa rikomeye rizaba ririmo ibyiciro by’imbyino zitandukanye zirimo “Traditional dance”, “Urban”, “Modern dance”, “Contemporary creative dance”. Imbyino zose zizahabwa ibihembo aho uzahiga abandi muri buri cyiciro azahembwa bikaba akarusho ku mubyinnyi uzerekano impano idasanzwe

Hateguwe irushanwa ryo kubyina rizazenguruka igihugu Read More »

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi uherutse kubona ikipe hanze y’igihugu, yatangiye atsinda ibitego mu mukino we wa mbere yakiniye ikipe ye nshya

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Gitego Arthur uheruka kwerekeza mu ikipe ya AFC Leopards ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya avuye muri Marine FC, ku Cyumweru yakinnye umukino we wa mbere muri iyi kipe. Wari mu mukino wa gishuti warangiye batsinzwe na Nairobi ibitego 3-2 ariko ibyo bitego 2 byose byatsinzwe na gitego Arthur ndetse

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi uherutse kubona ikipe hanze y’igihugu, yatangiye atsinda ibitego mu mukino we wa mbere yakiniye ikipe ye nshya Read More »

Uwicyeza Pamela nawe yamaze kwerekeza i Washington DC asanzeyo umugabo we The Ben.

Uwicyeza Pamela yerekeje I Washington DC muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, asanzeyo umugabo we  The Ben wamaze kugerayo aho bitariye RWANDA Day. Uretse The Ben, byitezwe ko abandi bahanzi Nyarwanda barimo Bruce Melodie, TETA Diana na Ruti Joel nabo bazitabira iyo nama ndetse bazasusurutsa abazayitabira.

Uwicyeza Pamela nawe yamaze kwerekeza i Washington DC asanzeyo umugabo we The Ben. Read More »

Papa avuga ko muri Afurika bazaha umugisha abatinganyi buhoro buhoro

Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cyo mu Butaliyani, Papa yavuze ko abayoboye Gatolika muri Afurika n’abayoboke babo, babona abatinganyi nk’ikizira bashingiye ku mico yabo. Avuga ko inyandiko yo mu kwezi gushize”Fiducia Supplicans”, ifite intego yo guhuriza hamwe atari iy’amacakubiri. Papa Fransisco avuga ko adatewe ubwoba n’uko abakigendera mu nzira za cyera batera umugongo Kiliziya Gatolika kubera

Papa avuga ko muri Afurika bazaha umugisha abatinganyi buhoro buhoro Read More »

Messi yanze kuviramaho! Inter Miami ya Lionel Messi yatsindiwe muri Saudi Arabia ibitego birenga bitatu .

Messi yanze kuviramaho! Inter Miami ya Lionel Messi yatsindiwe muri Saudi Arabia ibitego birenga bitatu. Ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ikinamo ibyamamare muri ruhago y’Isi birangajwe imbere na rutahizamu Lionel Messi, Suarez na Sergio Busquets bose bahoze bakinira ikipe ya FC Barcelona yaraye itsinzwe n’ikipe ya Al Hilal yo muri

Messi yanze kuviramaho! Inter Miami ya Lionel Messi yatsindiwe muri Saudi Arabia ibitego birenga bitatu . Read More »

Papa Fransisco avuga ko muri Afurika bazaha umugisha abatinganyi buhoro buhoro

Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cyo mu Butaliyani, Papa yavuze ko abayoboye Gatolika muri Afurika n’abayoboke babo, babona abatinganyi nk’ikizira bashingiye ku mico yabo. Avuga ko inyandiko yo mu kwezi gushize”Fiducia Supplicans”, ifite intego yo guhuriza hamwe atari iy’amacakubiri. Papa Fransisco avuga ko adatewe ubwoba n’uko abakigendera mu nzira za cyera batera umugongo Kiliziya Gatolika kubera

Papa Fransisco avuga ko muri Afurika bazaha umugisha abatinganyi buhoro buhoro Read More »