wex24news

Ndagijimana Samuel

Inkangu yafunze umuhanda Gakenke-Musanze.

Polisi y’Igihugu iratangaza ko umuhanda Gakenke- Musanze, wafunzwe by’agateganyo kubera imvura nyinshi yateye inkangu mu murenge wa Nemba, ahazwi nka Buranga. Ibinyujije kuri Twitter (X), Polisi yatangaje ko imirimo yo gutunganya uyu muhanda irimo gukorwa, nirangira abawukoresha barabimenyeshwa. Iyi nkangu yibasiye uwo muhanda mu gihe Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe Meteo Rwanda , giherutse gutangaza ko mu […]

Inkangu yafunze umuhanda Gakenke-Musanze. Read More »

CAN 2023: Côte D’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe cya Afurika giheruka nyuma yo gukina iminota irenga 120

CAN 2023: Côte D’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe cya Afurika giheruka nyuma yo gukina iminota irenga 120. Mu ijoro rya cyeye nibwo habaye umukino wari utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu mikino y’igikombe cya Afurika iri kubera muri Côte D’Ivoire wahuje igihugu cya Côte D’Ivoire cyakiriye iri rushanwa n’igihugu cya Senegal cyaherukaga gutwara

CAN 2023: Côte D’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe cya Afurika giheruka nyuma yo gukina iminota irenga 120 Read More »

Munyakazi Sadate yateye utwatsi ibyo guha abangavu imiti ibabuza gusama.

Ni ubutumwa  bukubiye mu ibaruwa ndende yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah, anenga uburyo bwo guha imiti ibuza abangavu   gusama. Iyi baruwa ije nyuma ayho Minisitiri w’urubyiruko n’iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah, atangaje agaruka ku ngingo yo gufata imiti irinda gusama ku myaka abana b’abakobwa b’imyaka  15,  abona byakemura ikibazo cy’abangavu baterwa inda

Munyakazi Sadate yateye utwatsi ibyo guha abangavu imiti ibabuza gusama. Read More »

Byakomeye! Perezida w’abafana ba Gasogi United Mutabaruka yatangaje amagambo ataryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe

Byakomeye! Perezida w’abafana ba Gasogi United Mutabaruka yatangaje amagambo ataryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe. Perezida w’abafana b’ikipe ya Gasogi United Mutabaruka Angeli yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko atazongera kujya kureba umupira muri sitade, mu magambo ye yagize ati:”Niba umukuru w’igihugu acika kuri sitade kubera abajura n’abarozi baba muri football yacu njye ndi muntu ki

Byakomeye! Perezida w’abafana ba Gasogi United Mutabaruka yatangaje amagambo ataryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe Read More »

Ibivugwa ku munyamakuru ufunzwe inshuro 2 mu gihe kitarenze umwaka.

Umuhoza Honore ukorera Ikinyamakuru cya hano mu Rwanda ari mu maboko ya RIB , akurikiranyweho guha uwo abereyemo umwenda Sheki itazigamiye ndetse ngo akabanza kwanga kwitaba uru rwego.Uyu nyamukuru ukorera Radio Flash na Flash TV , yatawe muri yombi ku wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2024 nyuma y’aho ahamagajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ( RIB ) ariko

Ibivugwa ku munyamakuru ufunzwe inshuro 2 mu gihe kitarenze umwaka. Read More »

inkuru y’inshamugongo: pastor Ezra Mpyisi yitaby’Imana

Pastor Ezra Mpyisi yitaby’Imana kuri uyu wa gatandatu taliki ya 27 mutarama 2024. Pastor Ezra Mpyisi yavutse mu mwaka wa 1922, avukira i Nyanza ku Ngoma y’Umwami Yuhi 5 Musinga.Uyu mubwirizabutumwa yagiraga inama Umwami Mutara III Rudahigwa,Rudahigwa amaze gutanga yakomeje kugira inama Umwami Kigeli V Ndahindura. Uyu Ezra Mpyisi yari pastor m’itorero ryab’adventist b’ umunsi

inkuru y’inshamugongo: pastor Ezra Mpyisi yitaby’Imana Read More »

RIP Eric! Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa 5 w’ayisumbuye yapfiriye mu ntebe ye yiri asanzwe yicaramo ubwo yari mu ishuri yiga, avuye gukosora ku kibaho

Umunyeshuri witwa Nduwayezu Eric wigaga mu mwaka wa 5 w’ayisumbuye, muri G.S Bugumira, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi, ku wa Gatatu tariki 24 Mutarama 2024 mu ma saa munani z’amanywa, ubwo yari mu ishuri yiga, avuye gukosora ku kibaho, yageze mu mwanya we yicaramo aragagara, bagenzi be n’ubuyobozi bw’ishuri bamujyana kwa muganga, bamugejejeyo basanga

RIP Eric! Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa 5 w’ayisumbuye yapfiriye mu ntebe ye yiri asanzwe yicaramo ubwo yari mu ishuri yiga, avuye gukosora ku kibaho Read More »

Bwa mbere mu mateka nitrogen gaz yicishijwe umuntu.

Eugene Smith w’imyaka 58 yatsinzwe ubujurire bubiri bwa nyuma mu nkiko aho yasabaga ko ibi bihagarikwa avuga ko ari igihano cy’ubugome kandi n’uburyo budasanzwe. Mu 2022, Alabama yagerageje kwica Eugene Smith hakoreshejwe urushinge rw’ingusho biranga. Yahamwe n’icyaha cyo kwica Elizabeth Sennett mu 1989 mu mugambi abicanyi bari bishyuwemo n’umugabo we wari umuvugabutumwa. Ikigo Death Penalty

Bwa mbere mu mateka nitrogen gaz yicishijwe umuntu. Read More »

Undi mukuru w’Igihugu ukomeye yageze mu Rwanda.

Perezida Filipe  Nyusi wa Mozambique yageze mu Rwanda aho yakiriwe na H.E Paul Kagame bagirana ibiganiro bigamije kongera ingufu imikoranire y’ibihugu byombi.Ubutumwa dukesha Ibiro by’Umukuru w’Igihugu  bwanyujijwe kuri X [yahoze yitwa Twitter] , mu gitondo cyo kuri uyu Gatanu tariki 25 Mutarama , buvuga ko Perezida Filipe Nyusi yakiriwe na H.E Paul Kagame ku mugoroba

Undi mukuru w’Igihugu ukomeye yageze mu Rwanda. Read More »