wex24news

Ndagijimana Samuel

King James yaririmbye umusore wananiwe kwiyakira mu rukundo – VIDEO

‘Akayobe’ ni indirimbo nshya ya King James na Manick Yani yasinyishije muri Lebal ye.Iyi ndirimbo yagiye hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Mutarama 2024 aho igaruka ku nkuru y’urukundo rw’umusore wananiwe kwiyakira mu rukundo aho agaragaza ko iwabo baziko afite gahunda yo gushaka umugore nyamara uwo yakunze yaramwanze. Muri iyi ndirimbo y’Iminota 3 n’amasegonda 5, […]

King James yaririmbye umusore wananiwe kwiyakira mu rukundo – VIDEO Read More »

Confy yashyize hasi uburwayi amaranye igihe ashimisha abafana be mu ndirimbo nshya – VIDEO

Munyaneza Confiance [Confy] yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise Dimension’ nyuma y’igihe atangaje ko azahajwe n’uburwayi bwa Vitiligo bwibasiye isura ye. Nk’uko bigaragara muri aya mashusho Confy arwaye Vitiligo gusa nta pfunwe bwamuteye kuko yisanzura ku nkumi y’umukobwa yakoresheje muri aya mashusho akaningingira uwo batandukanye kumugarukira. Ubusanzwe ijambo Dimension risobanurwa mu buryo butandukanye gusa kuri Confy

Confy yashyize hasi uburwayi amaranye igihe ashimisha abafana be mu ndirimbo nshya – VIDEO Read More »

Dorimbogo ntiyemeranya n’abavuga ko urugo ari ijuru rito.

Valentine wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Dorimbogo nyuma yo gukora indirimbo yitwa dore imbogo ndetse yamwitiriwe yavuze ko we atemeranya n’abavuga ko urugo ari ijuru rito kuko we abona ari ihurizo. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Murindahabi Irene kuri shene ya YouTube MIE Empire, uyu mukobwa nibwo yikomye abantu bavuga ko urugo ari ijuru rito,

Dorimbogo ntiyemeranya n’abavuga ko urugo ari ijuru rito. Read More »

Rutahizamu w’Umurundi, Hussein Shabani Shabalala wari umaze amezi 6 muri Libya akina mu ikipe imwe na Haruna Niyonzima, yamaze kugaruka mu Rwanda maze ahita asinyira ikipe y’i Nyarugenge

Rutahizamu w’Umurundi, Hussein Shabani Shabalala wari umaze amezi 6 yerecyeye muri Libya gukinira ikike ya Al Tawoon ikinamo Umunyarwanda Haruna Niyonzima, yagarutse mu Rwanda. Akigera mu Rwanda yahise asubira mu ikipe ya AS Kigali yahozemo. Haravugwa icyatumye agaruka.

Rutahizamu w’Umurundi, Hussein Shabani Shabalala wari umaze amezi 6 muri Libya akina mu ikipe imwe na Haruna Niyonzima, yamaze kugaruka mu Rwanda maze ahita asinyira ikipe y’i Nyarugenge Read More »

Mu ijoro, imodoka yari itwawe n’uwahaze agatama yakoreye impanuka mu kanogo igonga ipoto ya kamera

Abantu batatu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka Jeep Toyota ifite pulaki nomero RAD 068 G, ya kompanyi itwara abagenzi ikorera i Gikondo mu Mujyi wa Kigali. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku itariki 23 Mutarama 2024 igeze mu Kanogo iturutse mu mujyi, irangirika bikomeye ndetse inagonga ipoto ya ‘Camera’ y’umutekano. Umuvugizi wa Polisi, ishami rishinzwe umutekano

Mu ijoro, imodoka yari itwawe n’uwahaze agatama yakoreye impanuka mu kanogo igonga ipoto ya kamera Read More »

Umwarimu wigisha primary muri Rusizi yafashwe ari gusambanya umwana mu ishyamba.

Umwarimu w’imyaka 32 wigisha mu ishuri ribanza rya Mukenke, mu Murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi, ari mu maboko y’ubuyobozi nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu ishyamba ry’umuturage riri muri uyu murenge. Amakuru ducyesha IMVAHO NSHYA avuga ko uyu mwarimu atari ubwambere yari asambanyije uyu mwana. Uwatanze amakuru yavuze ko uyu

Umwarimu wigisha primary muri Rusizi yafashwe ari gusambanya umwana mu ishyamba. Read More »

Uwicyeza Pamella yashimiye Mutesi Jolly nyuma yo kutamutahira ubukwe

Abinyujije mu ibaruwa ngufi, Mutesi Jolly yahaye feresitasiyo mugenzi we Uwicyeza Pamella, amwifuriza ihirwe mu rugo rwe ndetse anamushimira kuba yaramutumiye mu bukwe bwe. Muri iyi baruwa kandi, Mutesi Jolly yasaga nk’uwisegura kuri Uwicyeza Pamella amusaba imbabazi kukuba atabashije kumutahira ubukwe. Pamella nyuma yo kwakira iyi barwa, nawe ntiyicecekeye ahubwo abinyujije ku rukuta rwe rwa

Uwicyeza Pamella yashimiye Mutesi Jolly nyuma yo kutamutahira ubukwe Read More »

Ibyo gutwita kwa Paula Kajala bikomeje kuba inkuru.

Umunyamakuru wo muri Tanzania yemeje ko yanetse Frida Kajala kugeza yemeye ko atwite. Mambe Kimambi yagaragaje ko Paula Kajala ari kwitegura umwana we wa mbere na Omary Ally Mwanga wamamye nka Marioo muri muzika.Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze , uyu munyamakuru yavuze ko we ubwe yikoreye iperereza akibona uburyo bari kubihisha. Kimambi yavuze ko ubwo Marioo na Paul Kajala bari

Ibyo gutwita kwa Paula Kajala bikomeje kuba inkuru. Read More »

Zari Hassan yiyamye abantu bamwandikira bamusabirizaho amafaranga

Uyu mugore wo mu gihugu cya Uganda ariko usigaye utuye muri Afurika y’Epfo, kubera kugira amafaranga menshi cyane abantu bakunda kumwandikira ku mbuga nkoranyambaga ze bamusaba amafaranga, icyakora uyu mugore we ariyama abo bantu bose. Mu mashusho uyu mugore yanyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK, yavuze uburyo abantu benshi bakunda kumwandikira bamusaba amafaranga ndetse avuga

Zari Hassan yiyamye abantu bamwandikira bamusabirizaho amafaranga Read More »

#UMUSHYIKIRANO19: Miss Mutesi Jolly yakebuye urubyiruko.

Miss Rwanda 2016 yakebuye urubyiruko arusaba gukomeza kuba imbaraga z’Igihugu zubaka aho gusenya. Ubusanzwe Umushyikirano ni urubuga ruhuza Abanyarwanda baba mu gihugu n’abo hanze aho baganirira ku iterambere ry’Igihugu muri rusange n’intego cyihaye mu gihe runaka, abayobozi bakabazwa inshingano z’ibyo bakora Muri uyu muhango Miss Mutesi Jolly yaganirijwe na BTN agaragaza neza ko inshingano z’urubyiruko

#UMUSHYIKIRANO19: Miss Mutesi Jolly yakebuye urubyiruko. Read More »