wex24news

Ndagijimana Samuel

Biravugwa ko Kiyovu Sports nta muyobozi igifite kugeza ubu ndetse n’umutoza yinangiye.

Ikipe ya Kiyovu Sports iri mu bibazo kugeza ubu byo kubura intsinzi biterwa no kuba abakinnyi batameranye neza n’ubuyobozi, bivugwa ko iyi kipe uwari umuyobozi wayo yeguye. Hashize amezi agera kuri 4 Ndorimana Francois Regis uzwi nka General afashe ikipe ya Kiyovu Sports yeguje Mvukiyehe Juvenal wari umaze kubaka igitinyiro mu bacyeba b’iyi kipe. Uyu […]

Biravugwa ko Kiyovu Sports nta muyobozi igifite kugeza ubu ndetse n’umutoza yinangiye. Read More »

Umubano uri hagati y’umugabo wa Zari n’abana yabyaranye na Diamond Platnumz ukomeje gukora benshi ku mutima.

Umubano w’umugabo wa Zari, Shakib Cham Lutaaya n’abana umugore we yabyaranye na Diamond Platnumz, ukomeje gukora benshi ku mutima. Ni Amafoto akomeje gucicikana ku mbuga nkorambaga zitandukanye uyu mwana w’umukobwa aza yiruka aje kureba umugabo wa mama wabo.

Umubano uri hagati y’umugabo wa Zari n’abana yabyaranye na Diamond Platnumz ukomeje gukora benshi ku mutima. Read More »

Ibitavugwa mu nzu za ‘Sauna na Massage’

Uko bwije nuko bukeye isi irajya n’ibyayo. Yewe umuntu ashatse yaririmba aka ya ndirimbo y’abakirisitu basenga ku munsi wa karindwi ngo’Isi irashaje,’ Umunsi umwe naganiriye n’umuntu, ambarira ibyo yaboneye mu nzu zikorerwamo ‘Sauna na Massage’ ambwira ko ibiberayo ntaho bitaniye n’ibyabaye isodoma na Gomora. Ubwo yashakaga kumbwira ko ari ubusambanyi gusa gusa. Uyu utarashatse ko

Ibitavugwa mu nzu za ‘Sauna na Massage’ Read More »

Umunyamakuru Gloria Mukamabano akomeje gusabwa gukora amashusho y’indirimbo yakoranye na Bulldogg.

Umunyamakuru Gloria Mukamabano ni umwe mu bahoze bafite impano yo kuririmba gusa benshi ntibigeze bamenya ko yahoze aririmba kuko atabikoze igihe kinini, ahubwo abenshi bamumenye nk’umunyamakuru. Kubatari babizi, uyu Grolia yahoze ari umuhanzi nubwo ntandirimbo nyinshi afite gusa afite indirimbo nyeya zirimo iyo yakoranye na Bulldogg ndetse niyo yakoranye na Pfla. Indirimbo yakoranye na Bulldogg

Umunyamakuru Gloria Mukamabano akomeje gusabwa gukora amashusho y’indirimbo yakoranye na Bulldogg. Read More »

Umutoza mushya wa Rayon Sports yabonye imikinire y’umukinnyi yibaza impamvu akina hano mu Rwanda

Umufaransa urimo gutoza ikipe ya Rayon Sports kugeza ubu Julien Mette, yatewe ubwoba n’umukunnyi w’iyi kipe bitewe n’ubuhanga bwe. Ku munsi wejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo ya mbere iri kumwe n’umutoza mushya, Julien Mette wageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatanu icyumweru gishize. Uyu mutoza akigera mu Rwanda yatangaje ko

Umutoza mushya wa Rayon Sports yabonye imikinire y’umukinnyi yibaza impamvu akina hano mu Rwanda Read More »

Miss Ishimwe Naomi aratwite?

Mu minsi yashize nibwo umukunzi wa Ishimwe Naomi wanabaye Miss Rwanda, yamwambitse impeta amusaba ko yazamubera umufasha ndetse bagakomezanya urugendo rw’ubuzima. Nyuma yo kumwambika impeta, ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwira igihuha kivuga giti ” Ishimwe Naomi n’umukunzi we baritegura kwibaruka imfura yabo”. Ibyo byateye urujijo benshi batangira kwibaza niba koko Naomi yaba atwite bamwe bati

Miss Ishimwe Naomi aratwite? Read More »

Imyaka 37 yayimaze mu businzi: Ubuzima bushya bwa Padiri Imurekeyimana.

Ni umusaruro yagezeho nyuma yo kumara imyaka hafi 37 yarabaye kazizi, ariko akaza gufata icyemezo gishingiye ku buzima bufite intego. Ubwo Dr Gamariel Mbonimana yatangizaga ku mugaragaro amarushanwa yo kurwanya ibiyobyabwenge no kwimakaza ubuzima bufite intego, Padiri George yagarageje ko kujya mu bihaye Imana no kuba amaze imyaka igera kuri ine atanywa inzoga bitaje gutyo

Imyaka 37 yayimaze mu businzi: Ubuzima bushya bwa Padiri Imurekeyimana. Read More »

APR FC yatakaje undi mukinnyi

Nyuma ya Apam Assongue Bemol na rutahizamu Victor Mbaoma bagiriye ikibazo mu irushanwa rya Mapinduzi Cup riheruka kubera Zanzibar bakazamara ukwezi hanze y’ikibuga, iyi kipe yatakaje na myugariro Salomon Banga Bindjeme. Uyu myugariro ukomoka mu gihugu cya Cameroun, uretse umukino ufungura irushanwa rya Mapinduzi Cup, indi yose yarayikinnye. Ntabwo yagaragaye mu mukino wa shampiyona APR

APR FC yatakaje undi mukinnyi Read More »

Bruce Melodie yaciye amarenga yo kongera gukorana na Shaggy.

Umuhanzi Bruce Melodie yaciye amarenga y’indirimbo nshya hagati ye na Shaggy. Itahiwacu Bruce [ Bruce Melodie ] yagaragaje ko ashobora kuba agiye kongera gukorana indirimbo na Shaggy bamaze igihe bazengurukana muri Amerika. Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze Bruce Melodie yagize ati:” Ese mwiteguye ukundi gutungurwa?”. Uyu muhanzi akivuga ibi, benshi batangaje ko biteguye umushinga ashobora gukorana

Bruce Melodie yaciye amarenga yo kongera gukorana na Shaggy. Read More »