wex24news

Ndagijimana Samuel

Sahabo Hakim akomeje gukora amateka, Bizimana Djihad atangira neza – Uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize.

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize. Manishimwe Djabel – USM Khenchela Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 19 Mutarama 2024, USM Khenchela ya Manishimwe Djabel mu cyiciro cya mbere muri Algeria yanganyije na NC Magra 1-1, ni umukino Djabel yari ku ntebe y’abasimbura. Nyuma y’umunsi wa […]

Sahabo Hakim akomeje gukora amateka, Bizimana Djihad atangira neza – Uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize. Read More »

Kanye West yategetse umugore we kujya mu isoko yambaye ubusa

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umuraperi Kanye West n’umugore we Bianca Censori bari mu isoko ariko umugore asa nk’uwambaye ubusa. Nkuko bigaragara muri aya mashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, Kanye West yari yambaye neza yikwije ariko umugore yambaye akajipo kagufi cyane ndetse n’agasutiye gahisha imoko gusa. Abantu benshi bakomeje gusaba uyu mugabo ngo

Kanye West yategetse umugore we kujya mu isoko yambaye ubusa Read More »

Abiga UTB bagiye gutura ikibazo cyo kutiga inama y’Igihugu y’umushyikirano

Umwe mu baganiriye na UMUSEKE dukesha iyi nkuru yavuze ko kugeza nubu batazi ikibazo gihari gituma badahabwa amasomo, agasanga bagiye kugeza ikibazo mu nama y’Igihugu y’umushyikirano izatangira ku munsi w’ejo. Ati “ Ikibazo dushaka kukigeza mu nama y’umushyikirano izaba ejo, ikibazo ni uko batubwiye ko kubisaba bayarangiye(applying) .Turi gushaka kureba uko abantu nyine batuvugira. Ubu umwaka

Abiga UTB bagiye gutura ikibazo cyo kutiga inama y’Igihugu y’umushyikirano Read More »

Umunyeshuri umwe muri 72 bari barwariye rimwe mu Ndangaburezi yapfuye

Amakuru dukesha UMUSEKE ufite avuga ko  Iradukunda Aimée Christianne yari muri abo  banyeshuri bo muri GS Indangaburezi bari barwariye rimwe. Ayo makuru twahawe akavuga ko Ubuyobozi bw’ikigo bumaze kubona ko  Iradukunda yarembye cyane, bwamwohereje mu rugo iwabo, ariko ahageze ahita yitabimana nkuko bamwe mu baduhaye iyo nkuru y’akababaro babyemeza. Gusa ubwo twateguraga iyi nkuru twahamagaye

Umunyeshuri umwe muri 72 bari barwariye rimwe mu Ndangaburezi yapfuye Read More »

RIB yataye muri yombi umuyobozi ukomeye ku rwego rw’Intara

Urwego rw’Iguhu rw’Ubugenzacyaha , RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi ushinzwe Imiyoborere Myiza mu Ntara y’Amajyepfo , ukurikiranyweho icyaha cyo guha ruswa , Umugenzacyaha wakurikiranaga Ikirego aregwamo n’umugore we ibyaha byo kumuhoza ku nkeke. Byatangajwe n’Urwego rw’Iguhu rw’Ubugenzacyaha RIB mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 22 Mutarama 2024.Mu butumwa RIB yanyujije kuri X yagize

RIB yataye muri yombi umuyobozi ukomeye ku rwego rw’Intara Read More »

Shangazi wari umufana ukomeye wa APR FC yitabye Imana.

Kanzayire Console uzwi nka Shangazi, wari umufana ukomeye cyane w’ikipe ya APR FC yitabye Imana azize uburwayi. Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Mutarama 2024 nibwo inkuru y’incamugongo yamenyekanye ko uyu mubyeyi yitabye Imana. Shangazi wabarizwaga mu itsinda rya ’Online Fan Club’ akaba yaguye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe aho yari

Shangazi wari umufana ukomeye wa APR FC yitabye Imana. Read More »

Titi Brown yeruye ko agifite ihungabana, avuga umwanzuro yafashe (VIDEO).

yuma y’amezi abiri afunguwe, umubyinnyi Ishimwe Thierry [Titi Brown], yavuze ko agifite ihungabana yatewe n’abantu bityo ko ari yo mpamvu yahisemo kugabanya abantu bamusura. Uyu mubyinnyi wari wafuzwe azira gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure akanamutera inda, akaba yari amaze imyaka 2 afunzwe. Ubwo ikinyamakuru ISIMBI cyamusuraga iwe i Gikondo, yavuze ko agifite ihungabana yatewe n’abantu,

Titi Brown yeruye ko agifite ihungabana, avuga umwanzuro yafashe (VIDEO). Read More »

Harmonize yakoreye ibirori umukozi we.

Arikumwe n’umukunzi we Poshy Queen Harmonize yatunguye Zuena usanzwe amukorera mu rugo. Icyamamare mu njyana ya Bongo , Harmonize, yikoze kumufuka akorera  Zuena usanzwe ari umukozi we, ibirori bizwi nka ‘Baby Shower’ byo kwakira umwana.Ibi birori byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa 21 rishyira 22 Mutarama 2024. Abinyujije kumbuga Nkoranyambaga ze , Harmonize, yemeje ko ibi

Harmonize yakoreye ibirori umukozi we. Read More »

Zuchu yitwaje imodoka kugira ngo avugane na Diamond Platnumz.

WCB boss Diamond Platnumz n’umuhanzi we Zuchu bitwaje imodoka barasubizanya. Diamond yagaragaye atwaye imodoka ya Zuchu yo mu bwoko bwa  Range Rover, maze afata amashusho ayashyira kumbuga Nkoranyambaga ze arenzaho amagambo agira ati:”Umwana wanjye atwaye umwana wanjye.Uri kwiyumva gute gutwara Range ?”. [My Baby driving My Baby , how do you feel driving a Range ?

Zuchu yitwaje imodoka kugira ngo avugane na Diamond Platnumz. Read More »

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza.

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza. Ni mu kiganiro uyu musore aherutse kugirana na Radio The Beat FM yo mu Bwongereza, yabajijwe niba hari umukunzi afite muri iyi minsi. Uyu musore yasubije ko amaze igihe kinini nta mukunzi afite, ndetse avuga ko yifuza kuguma gutyo kuko yumva bimuryoheye cyane. Omah Lay kandi yakomeje

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza. Read More »