wex24news

Ndagijimana Samuel

Muhanga:abaturange barivovotera kurandurirwa imyaka.

Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe baravuga ko Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze bwabategetse kurandura ibishyimbo biteze bubabwira ko imirimo yo kubaka ikibuga cy’umupira w’amaguru igiye gutangira. Abo baturage bavuga ko batijwe ubutaka n’Akarere ka Muhanga bwo guhingamo imyaka itandukanye mu gihembwe cya mbere cy’ihinga. Bakemeza ko bajya guhinga ibi bishyimbo bahawe […]

Muhanga:abaturange barivovotera kurandurirwa imyaka. Read More »

Rayon Sports yasubiye inyuma itera umugongo igikombe cy’Amahoro.

Mu gihe amakipe arimo aresurana mu gikombe cy’Amahoro mu Rwanda,kuri uyu wa Gatatu taliki 18 ikipe ya Rayon sports na Bugesera zagombaga kwisobanura, birangira Bugesera itsinze 1-0. Ni umukino Rayon Sports yahabwaga amahirwe gusa icyizere cyaje kuyoyoka ubwo iyi kipe ya Haringingo yagaragazaga ko yabiteguye bihagije. Farouk Sejuuko wa Bugesera yaje kuyibonera igitego mu gice

Rayon Sports yasubiye inyuma itera umugongo igikombe cy’Amahoro. Read More »

Ukraine ikomeje gutabaza u Burengerazuba bw’isi ngo buyihe amasasu n’uburyo bwo kurinda ikirere.

Ubu busabe Perezida Zelensky abubyukije nyuma y’uko misile eshatu ingabo z’u Burusiya zarashe zahitanye abantu 20 mu gace ka Chernihiv ko mu majyaruguru ya Ukraine,kuri uyu wa Gatatu saa tatu z’amanywa. Zelensky ati ’Iyaba twarahawe intwaro zigezweho,n’ibukoresho bihagije by’ubwirinzi bw’ikirere, iyaba kandi isi yose yagiraga ubushake buhagije bwo guhashya iterabwoba ry’u Burusiya [ibi ntibiba birimo

Ukraine ikomeje gutabaza u Burengerazuba bw’isi ngo buyihe amasasu n’uburyo bwo kurinda ikirere. Read More »

Ikipe ya Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich.

Nyuma yo kwirangaraho ikanganya na Bayern ibitego 2-2 mu rugo,Arsenal yatsindiwe mu Budage ihita isezererwa mu irushanwa itaratwara na rimwe rya UEFA Champions League. Igitego cy’umutwe cya Joshua Kimmich ku munota wa 63,ku mupira wari uvuye kwa Raphael Guerreiro cyagejeje aba badage muri kimwe cya kabiri cy’irangiza bitabagoye cyane. Arsenal yari ifite amahirwe yo guhura

Ikipe ya Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich. Read More »

Perezida Kagame yavuze ko nubwo Arsenal yasezerewe muri 1/4 cya UEFA Champions League ikiri ikipe akunda.

Perezida Kagame yabitangarije ku rubuga rwa X [yahoze ari Twitter] nyuma y’umukino wa 1/4 wo kwishyura wahuje aya makipe yombi ahuriye ku kuba afitanye ubufatanye n’u Rwanda mu kwamamaza ubukerarugendo bwarwo. Igitego cya Joshua Kimmichi ku munota wa 63, cyafashije Bayern Munich gutsinda Arsenal 1-0 mu mukino wo kwishyura, ikomeza ku giteranyo cy’ibitego 3-2 mu

Perezida Kagame yavuze ko nubwo Arsenal yasezerewe muri 1/4 cya UEFA Champions League ikiri ikipe akunda. Read More »

Perezida w’Urukiko rwa Gisirikare muri congo yihanangirije umusirikare wese wa Leta , ko nta wemerewe kongera kuzerera mu mujyi wa Goma.

Col.Kabeya yabitangaje kuri uyu wa Kabiri taliki 16 Mata 2024, ubwo yakoranaga inama n’abayobozi batandukanye babarizwa mu mitwe itandukanye y’igisirikare, aho yatanze gasopo ko umusirikare wese uzafatwa azerera muri uyu mujyi atari mu kazi yaherewe icyangombwa , azabihanirwa n’amategeko. Colonel Kabeya yahamagariye abasirikare bose kubahiriza amategeko y’igihugu na disipulini bikubiye mu guhamya indangagaciro zibereye umusirikare

Perezida w’Urukiko rwa Gisirikare muri congo yihanangirije umusirikare wese wa Leta , ko nta wemerewe kongera kuzerera mu mujyi wa Goma. Read More »

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba.

Ibiganiro hagati y’uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’intumwa za RDF zari ziyobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, byabereye i Mbuya ku Cyicaro Gikuru cya UPDF. Ibiro by’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda byatangaje ko ari ibiganiro byibanze ku “ngingo zireba u Rwanda na Uganda ndetse

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba. Read More »

Ukraine yateguje intambara ya Gatatu y’isi.

Uyu Minisitiri yabwiye BBC ko hazabaho Intambara ya gatatu y’isi yose mu gihe Ukraine yaba itabonye inkunga yemerewe na Amerika izayifasha kurandurana n’imizi Uburusiya. Yavuze ko yasabye Kongere y’Amerika kwemeza umushinga w’imfashanyo yayemereye, kuko hashize iminsi yarayibemereye ariko amaso akaba yaraheze mu kirere. Ni inkunga ya miliyoni 61 USD, Amerika yemereye Ukraine, ariko ikaba ikirimo

Ukraine yateguje intambara ya Gatatu y’isi. Read More »

Nigeria: umwe mubavuga rikijyana yakurikiranyweho gukoresha anbi amafaranga ya bank.

Ku wa gatatu ubwo yagezwaga mu bushinjacyaha, uyu mugabo yahakanye ibyaha bitatu yashinjwaga, birimo ko yasuzuguye bimwe mu birango by’igihugu. Komisiyo ishinzwe ibyaha birebana n’i by’ubukungu n’imari (EFCC) yavuze ko yamaganye iryo hohoterwa, ishinja Okechukwu gukandagira inoti 500 y’amafaranga akoreshwa muri Nigeria (naira) mu birori byabereye i Lagos. Kugirango arekurwe yatanze ingwate ya miliyoni 10

Nigeria: umwe mubavuga rikijyana yakurikiranyweho gukoresha anbi amafaranga ya bank. Read More »

I Beni mu ntara y’Amajyaguru mu burasirazuba,bwa congo hateguwe imyigaragambyo izamara iminsi 2.

Ni myigaragabyo iri butangire kuri uyu wa Gatatu, ikazarangira ku munsi w’ejo tariki ya 18/Mata2024, nk’uko amakuru y’ubuyobozi bw’ibanze abivuga. Bavuga ko ubwicanyi bukorerwa abasivile bumaze gufata indi ntera ko kandi ibi bimaze igihe kirekire.Nk’uko bivugwa n’ubuyobozi, buhamya ko ubwicanyi bukorwa n’imitwe y’itwaje intwaro y’iterabwoba irimo ADF, CODECO n’indi mitwe igizwe na Maï Maï. Mu

I Beni mu ntara y’Amajyaguru mu burasirazuba,bwa congo hateguwe imyigaragambyo izamara iminsi 2. Read More »