wex24news

Ndagijimana Samuel

Abafana ba APR FC batoranyije umukinnyi umwe bamukandira akanyenyeri abandi babarebera ku ruhande

Kuri iki cyumweru ikipe ya APR FC yakinnye umukino wa shampiyona n’ikipe ya Police FC umukino urangira ikipe ya APR FC ibonye intsinzi. Ni umukino watangiye ikipe ya Police FC irimo ikangata cyane nkuko benshi bayihaga amahirwe yo kubona amanota 3 bijyanye n’abakinnyi bakomeye APR FC yaburaga barimo Bindjeme ndetse na Mbaoma. Ikipe ya APR […]

Abafana ba APR FC batoranyije umukinnyi umwe bamukandira akanyenyeri abandi babarebera ku ruhande Read More »

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu

Ni ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, ubona abakobwa 5 barakaye cyane ndetse bafite ibindera ry’igihugu cya Cameroon bisa nkaho babona ikipe yabo ikomeje kubatenguha. Ikipe y’igihugu ya Cameroon n’imwe mu Makipe arimo gukina igikombe cya Afurika uyu mwaka ariko ubona ko yaje ititeguye neza Kandi benshi barayihaga amahirwe yo gutwara iki gikombe. Kimwe mu

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu Read More »

Aragisha inama: Umugore bamaranye amezi ane yafashe icyumba cye.

Uyu mugabo avuga ko amaze amezi ane ashyingiwe n’umukunzi we imbere y’amategeko, Itorero n’imiryango bibihesha umugisha. Avuga ko mu ntangiriro yakundanye n’umukobwa amubwira ko yabyaye umwana umwe (fille-mère), amubwira uburyo yatwayemo iyo nda, yumva nta kibazo kandi ko bitamubuza kuzabana nawe kuko yamubwiye ko umwana aba kwa Se. Gusa ngo mu myiteguro y’ubukwe ibintu byaje

Aragisha inama: Umugore bamaranye amezi ane yafashe icyumba cye. Read More »

Abakinnyi 11 Rayon Sports ishobora gukoresha uyu munsi barimo abo benshi bari barakuyeho amaso.

Kuri uyu wa Gatanu ikipe ya Rayon Sports irakira ikipe ya Gorilla FC yakaniye cyane ku buryo ishaka kongera kubaza abakunzi ba Gikundiro batumva ukuntu ikipe yabo imeze iki gihe. Ubuyobozi bwa Rayon Sports nabwo burimo gukora ibishoboka byose kugirango ikipe yongere imere neza dore ko amakuru ahari ni uko Baraza kwerekana umutoza mushya uyu

Abakinnyi 11 Rayon Sports ishobora gukoresha uyu munsi barimo abo benshi bari barakuyeho amaso. Read More »

Imitoma yabaye imitoma hagati ya Bushali n’umugore we

Hagenimana Jean Paul wamamaye mu muzika nyarwanda mu mazina ya Bushali yavuze ibintu bikomeye mu mibanire y’abafite ingo anasangiza ibihe byiza yagiranye n’umugore we Potensiano bafitanye umwana w’umuhungu,banakomeje guterana imitoma ku mbuga nkoranyambaga Yongeye gutigisa imbuga  nkoranyambaga asangiza abamukurikira ibihe byiza yagiranye n’umugore we Pontensiano, ni nyuma y’iminsi micye ahuye na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi

Imitoma yabaye imitoma hagati ya Bushali n’umugore we Read More »

Abatega imodoka rusange mu mujyi wa Kigali barabyinira ku rukoma nyuma y’aho bisi 100 ziheruka kugera mu Rwanda zatangiye kubatwara – AMAFOTO

Abatega imodoka rusange mu mujyi wa Kigali, baramwenyura nyuma y’uko kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2024, imihanda y’Umujyi wa Kigali yatangiye kugendwamo na bisi zitwara abagenzi rusange 100 ziheruka kugera mu Rwanda. Ni mu gihe izindi ziri mu nzira ziva mu gihugu zaguriwemo. Izi bisi 100 zo mu cyiciro cya mbere zahawe kampani

Abatega imodoka rusange mu mujyi wa Kigali barabyinira ku rukoma nyuma y’aho bisi 100 ziheruka kugera mu Rwanda zatangiye kubatwara – AMAFOTO Read More »

Bahavu Jeanette usanzwe ukina filime yinjiye mu ivugabutumwa

Bahavu yabitangiye ku nshuro ye ya mbere kuwa 18 Mutarama 2024 ubwo yabwirizaga mu itorero ryitwa “Shiloh Prayer Mountain Church”. Icyo gihe yabwirije mu giterane cy’amasengesho yo kuwa kane cyari gifite itsanganyamatsiko igira iti “kubaho ubuzima bw’ibyo twizera” cyari kiyobowe na Bishop Olive Murekatete Nyuma iki giterane, Bahavu yavuze ko yari inshuro ya ye mbere

Bahavu Jeanette usanzwe ukina filime yinjiye mu ivugabutumwa Read More »

Bruce Melodie agiye kongera gukora amateka muri Rwanda Day

Munyakazi niwe muhanzi wa mbere wamaze kwemezwa ko azataramira Abanyarwanda muri Rwanda Day izabera muri Amerika. Uyu muhanzi ukubutse muri Amerika agiye gusubirayo aho azataramira Abanyarwanda n’inshuti zabo guhera tariki 2 kugeza kuri 3 Gashyantare 2024.Munyakazi abinyujije mu mashusho yasangije abafana be yavuze ko yishimiye kuzataramira Abanyarwanda n’Inshuti z’u Rwanda. Yasabye abakunzi be kwiyandikisha ku

Bruce Melodie agiye kongera gukora amateka muri Rwanda Day Read More »

Umubiri urya ibiryo ntabwo unywa inzoga ! Amolon yahishuye ikintu gikomeye cyamubayeho.

Umuhanzi Nyarwanda wamamaye nka Amalon yagaragaje ko yavuye ku nzoga yemeza ko ari inama agenda n’abagenzi be.Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiriye kuri  Kiss FM aho yavuze ko nawe ashaka gufungura Radiyo ye. Uyu musore ugiye kuzuza imyaka 30 y’amavuko yavuze ko hari byinshi byageze ku buzima bwe muri uyu mwaka wa 2023 by’umwihariko ibinyoma byamuvuzweho

Umubiri urya ibiryo ntabwo unywa inzoga ! Amolon yahishuye ikintu gikomeye cyamubayeho. Read More »