wex24news

Ndagijimana Samuel

Perezida wa Gorilla FC Hadji yatangaje umubare w’ibitego agomba gutsinda Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu irakina n’ikipe ya Gorilla FC, mukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ubere kuri Kigali Pele Stadium. Uyu mukino wakaniwe cyane n’ikipe ya Gorilla FC bijyanye nibyo Perezida wayo Hadji Mudaheranwa yatangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo yahamagarwaga na Radio One ya […]

Perezida wa Gorilla FC Hadji yatangaje umubare w’ibitego agomba gutsinda Rayon Sports Read More »

Diamond Platnumz yavuze ko kuba wenyine bisa n’urugamba. Diamond wamamaye muri Bongo , yongeye kugira icyo avuga nyuma y’amasaha make , atangaje ko ari Single ahakana urukundo rwa Zuchu. Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze uyu muhanzi yavuze ko kuba Single ari urugamba rukomeye kuri we kuburyo ashaka yakwigumira kuwavuze ko amukunda [Zuchu]. Uyu muhanzi kandi yabujije

Read More »

Abenshi baziko yasezeranye mu Murenge gusa kandi siko biri (Sobanukirwa)

Biravugwa ko Kenny Sol n’umukunzi we Kunda Yvette basezeranye imbere y’Imana mu ibanga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko ubwo abantu bari bahugiye mu nkuru z’amafoto y’uyu muhanzi asezerana n’umugore we mu Murenge, umuhango wabaye ku wa 5 Mutarama 2024, bwakeye asezerana imbere y’Imana. Kenny Sol yasezeraniye mu rusengero rwitiriwe Mutagatifu Kizito ruherereye mu Nyakabanda ku

Abenshi baziko yasezeranye mu Murenge gusa kandi siko biri (Sobanukirwa) Read More »

Umuhanzi Dore imbogo yahamagawe muri RIB kubera ibyo akora

Mu kiganiro Valantine wamenyekanye nka Dore imbogo yagiranye na 3DTV ikorera ku muyoboro wa YouTube, yatangaje ko mu nangiriro z’icyi cyumweru yahamagawe na RIB imusaba kwitaba. Dore imbogo yavuze ko ku wa 15 Mutarama 2024 ari ku wa mbere ko aribwo yahamagawe na nimero isanzwe,  umuhamagaye akamubwira ko ari umukozi wa RIB ndetse akamusaba kwitaba

Umuhanzi Dore imbogo yahamagawe muri RIB kubera ibyo akora Read More »

Meddy nyuma yo gusohora indirimbo nshya yahaye ubutumwa bwihariye abamukurikira

Nyuma yo gusohora indirimbo yise ‘Niyo Ndirimbo’ afatanyije na Adrien Misigaro iyi ndirimbo ikomeje kugenda yigarurira imitima ya benshi, Meddy abinyujije ku rukuta rye rwa Instagram rukurikirwa n’abasaga ibihumbi 979,yagaragaye mu mashusho mato aririmba indirimbo ye nshya abantu babinyujije mu nyunganizi bamurata amashimwe ku bw’amahitamo yatoye abandi basaba Mimi Mehfira umugore we gukomeza kumushyigikira. Mu

Meddy nyuma yo gusohora indirimbo nshya yahaye ubutumwa bwihariye abamukurikira Read More »

Sitting Volleyball: Amakipe y’Igihugu yatangiye umwiherero utegura urugendo rwa Nigeria.

Uyu mwiherero watangiye ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama 2024, urimo amakipe y’Igihugu yombi, abagabo n’abagore. Uyu mwiherero uzafasha gukarishya abakinnyi ku mpande zombi, kugira ngo bazajye mu gikombe cya Afurika bafite icyizere cyo kuzitwara neza. Abakinnyi 28 ni bo batangiye kwitegura irushanwa rizabera muri Nigeria. Barimo Abagore 14 bagize Ikipe y’Igihugu ndetse n’Abagabo

Sitting Volleyball: Amakipe y’Igihugu yatangiye umwiherero utegura urugendo rwa Nigeria. Read More »

Umwarimu witwa Shema Olivier yarumye umugore we ugutwi arakumira.

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’umwarimu witwa Shema Olivier wigishaga mu rwunge rwa mashuri rwa Ntura muri aka karere, warumye umugore we ugutwi agakuraho igice cyako. Uyu mwarimu yarumye umugore we witwa Ayinkamiye Adrienne nawe usanzwe ari ushinzwe amasomo mu rwunge rwa mashuri rwa Giheke. Amakuru ducyesha Imvaho Nshya avuga ko uyu mugabo yarumye

Umwarimu witwa Shema Olivier yarumye umugore we ugutwi arakumira. Read More »

APR FC igiye kugura umufana ukomeye uzafatanya na Rujugiro gutitiza umujyi.

Mu ijoro rya cyaye nibwo kimwe mu bitangazamakuru bikomeye mu gihugu cy’uburundi cyagiranye ikiganiro na Nahimana Asina usanzwe ari umufana ukomeye wa Vital’O, uyu mufana yemeza ko ashobora kuba umufana wa APR FC. Mu kiganiro uyu mu mama ufite izina rya Shanga yagiranye na Akeza Sports, yavuze ko amaze iminsi aganira n’ikipe ya APR FC

APR FC igiye kugura umufana ukomeye uzafatanya na Rujugiro gutitiza umujyi. Read More »

Zari Hassan yahaye isomo ry’ubuzima abiyita ‘Slay Queen’ ahishura ikintu gikomeye.

Zari Hassan ntabwo yariye iminwa ubwo yagarukaga ku kaga yahuye nako ubwo yari umukozi wo mu rugo. Uyu mugore w’abana 5 wamamaye kuva muri Uganda kugera muri Afurika y’Epfo yagaragaje ko urukundo no gukorera amafaranga byari byaranze kumuhira ubwo yakoraga akazi kagayitse.Zari kandi yavuze ko ubuzima bwa ‘Fake’ aba Slay Queen babamo aribwo butuma batazigamira

Zari Hassan yahaye isomo ry’ubuzima abiyita ‘Slay Queen’ ahishura ikintu gikomeye. Read More »