wex24news

Ndagijimana Samuel

Inkumi yabujije amahwemo umuhanzi Niyo Bosco (AMAFOTO)

Uyu muhanzi ukunzwe na benshi biganjemo urubyiruko kubera imyandikire y’indirimbo ze, amarangamutima afitiye uyu mukobwa yamuganje atangira kuyashyira ku mbuga nkoranyambaga. Ku mugoroba w’ejo hashize, yashyize amashusho kuri Instagram ye yasohokanye n’iyi nkumi ndetse aherekezwa n’amagambo asize umunyu, aca amarenga ko baba bari mu rukundo. Nabrizza na we yaje agaragaza ko hari umubano udasanzwe afitanye […]

Inkumi yabujije amahwemo umuhanzi Niyo Bosco (AMAFOTO) Read More »

Ihurizo rikomeye kuri APR FC n’umutoza Thierry Froger.

Uyu rutahizamu uyoboye abamaze gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona ya 2023-24 aho igeze ku munsi wa 16, yagiriye imvune mu mukino APR FC yatsinzemo Yanga 3-1 wa 1/4 cya Mapinduzi Cup. Benshi babonaga ari imvune yoroshye ariko ntabwo uyu rutahizamu ukomoka muri Nigeria yaraye agaragaye ku mukino wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro APR FC yaraye itsinzemo

Ihurizo rikomeye kuri APR FC n’umutoza Thierry Froger. Read More »

Mu Bushinwa bahangayikishijwe n’igabanuka ry’impinja zivuka

Kuri uyu wa Gatatu taliki 17 Mutarama 2024, nibwo hashyizwe ahagaragara ibarura ryerekanye ko mu mpera z’umwaka ushize wa 2023 abantu bangana na Miliyari 1.409 bagabanutse ugereranyije na 2022. Abahanga mu by’ibarurishamibare bavuga ko ibi byari byitezwe kuko abenshi mu Bashinwa bajya mu mijyi bagahugira mu mirimo nibabone uko babyare. Prof Stuart Gietel-Basten, umuhanga muri

Mu Bushinwa bahangayikishijwe n’igabanuka ry’impinja zivuka Read More »

Imbwa zigiye kwifashishwa mu gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza.

Umuyobozi wa Polisi ishami rishinzwe gucunga umutekano hifashijwe imbwa, CSP Faustin Kalimba, asobanura ko imbwa zifasha mu gutahura ibisasu, ibiyobyabwenge ndetse n’umuntu wiziritseho igisasu. yatangaje ko bateganya gushyiraho indi gahunda ifasha gusaka abantu ahantu habereye ibiza nk’uko iyi nkuru dukesha bwiza ivuga. Ati “Imbwa icyo gihe yifashishwa igatahura abantu bose noneho abatabara bakabasha kubabona”. Akomeza

Imbwa zigiye kwifashishwa mu gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza. Read More »

Sultana uzahajwe na kanseri yahakanye amakuru y’uko yapfuye.

Bwire Sultana yabwiye abavuga ko yapfuye kandi ari muzima ko babeshya detse ari nabanzi be. Sultana Bwire ni umugore w’Umunya-Kenya wamamaye muri Cinema .Yarwaye kanseri iramuzahaza kugeza ubwo hari abantu batagiye kumwiyitirira bagaragaza ko yapfuye. Anyuze kumbuga ze,yatanze ubutumwa aho yakoresheje amagambo akomeye avuga ko yabeshyewe asaba abafana be gutanga [ Report ] imbuga zakoreshejwe

Sultana uzahajwe na kanseri yahakanye amakuru y’uko yapfuye. Read More »

nyuma yaho hakomeje gucicikana amafoto ya Niyo Bosco n’umukunzi we bishimanye ubu yavanywe kumugankoranyambaga.

hakomeje gucicikana amafoto ya Niyo Bosco n’umukunzi we bishimanye ubu yavanywe kumugankoranyambaga. Muminsi ishize nibwo, Niyo bosco numukobwa witwa keza.bagaragaye bari gusagira, bishimanye hanavugwa ko baba bari murukundo. Ubu noneho hari kuvugwako amafoto yabo yarari ku mbugankoranyambaga zabo yaba yavanyweho kubwi mamvu zabo . Ibi byatangajwe nabamureberera muburyo bwi nyungu ze, ko ayo mafoto yavanywe

nyuma yaho hakomeje gucicikana amafoto ya Niyo Bosco n’umukunzi we bishimanye ubu yavanywe kumugankoranyambaga. Read More »

Marina yaciye amazimwe ku rukundo rwe na Yvan Muziki.

Mu kiganiro amahumbezi gica kuri Radio Rwanda, Marina yari umutumirwa w’umunsi.  Muri icyo kiganiro Marina yari yatumiwemo, niho yatangiye ukuri ku rukundo rwe na Yvan Muziki rumaze iminsi ruvugwa hirya no hino. Benshi bamaze igihe bashinja Yvan Muziki ko ariwe utuma Marina azima(adakora), ariko Marina yabihakanye ndetse avuga ko ababivuga bibeshya kuko we na Yvan

Marina yaciye amazimwe ku rukundo rwe na Yvan Muziki. Read More »

Diamond Platnmuz ntakiri mu rukundo na Zuchu ukundi.

Nyuma y’igihe kinini Diamond Platnmuz avugwa mu rukundo hamwe na Zuchu, kuri ubu Diamond yamaze gutangaza ko nta mukunzi afite. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Diamond Platnmuz mu rurimi rw’iguswahire ruvanze n’icyongereza yagize ati “From today ningepedna niwatangazie rasmi kuwa I am single. Sidate wala sina mahusiano na mwananmke yeyote. Hivyo nisiwekewe mwanamke yoyote kama

Diamond Platnmuz ntakiri mu rukundo na Zuchu ukundi. Read More »

Umugore yitereteye umugabo! Keza Nailla yahishuye uburyo yafashe iyambere yiteretera umugabo we B Threy yitwaje ko ari mubyara we

Keza Nailla, umugore w’Umuraperi B Threy yahishuye uburyo ariwe wafasha iyambere maze yiteretera umugabo we kugeza barushinze none ubu bakaba baramaze kwibaruka imfura yabo. Ibi Keza yabitangarije mu kiganiro aherutse kugirana na Ally Soudy, binyuze kuri Instagram. Keza yavuze ko afite mubyara we witiranwa n’umugabo we ‘Bertrand’ wari usanzwe aziranye n’uyu muraperi, umunsi umwe yamubwiye

Umugore yitereteye umugabo! Keza Nailla yahishuye uburyo yafashe iyambere yiteretera umugabo we B Threy yitwaje ko ari mubyara we Read More »

Hagaragaye amashusho y’ubujura bwakorewe Shakib wa Zari Hassan nyuma y’iminsi mike bibwe imbunda

Ni ubujura bwabereye Kampala ubwo yari yinjiranye n’inshuti ye muri Supermarket barimo guhaha. Ubwo bari bagiye kwishyura, uyu mugabo yarisatse abura ikofi ye, barayishaka barayibura niko kwibuka ko hari umuntu winjiye ahita asohoka, bahise basohoka bamushaka ariko basanga yarenze. Amashusho yagiye hanze arimo akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu mugabo yinjira agahagarara iruhande rwa Shakib

Hagaragaye amashusho y’ubujura bwakorewe Shakib wa Zari Hassan nyuma y’iminsi mike bibwe imbunda Read More »