wex24news

Ndagijimana Samuel

Uganda yashegeshwe n’ifungwa ry’imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi

Mu cyumweru gishize u Burundi bwafunze imipaka yayo ibuhuza n’u Rwanda, irushinja gutera inkunga umutwe wa RED Tabara. U Rwanda rwahakanye ibi birego. Ibi  byaje nyuma yaho umutwe wa RED Tabara ubarizwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ugabye igitero mu Burundi cyikagwamo abantu 20. Ifungwa ry’umupaka w’u Burundi n’u Rwanda, byagize ingaruka ku bicuruzwa […]

Uganda yashegeshwe n’ifungwa ry’imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi Read More »

Impano yahawe The Ben na Uwicyeza Pamella

The Ben na Pamella bari mu kwabuki bahawe impano n’umufana wabo. Ku munsi wo ku wa Kabiri tariki 16 Ukuboza 2024, nibwo The Ben yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze ifoto agaragaza ko yayishimiye. Ni ifoto ishushanyije imugaragaza we n’umugore we Uwicyeza Pamella bamaze igihe bakoze ubukwe.Iyi foto yashyizwe hanze n’uwitwa Rk Blaise usanzwe ashushanya abantu

Impano yahawe The Ben na Uwicyeza Pamella Read More »

Uwicyeza Pamella agiye gutera ikirenge mu cya Mwiseneza Josiane na Mutesi Jolly,video namafoto urabisanga hasi.

Miss Uwicyeza Pamella yatangaje ko agiye kwiyunga kuri Naomie , Miss Mutesi Jolly n’abandi bamaze kugana youTube. Nyuma y’aho abandi bakobwa banyuze mu irushanwa rya Miss Rwanda barimo Mutesi Jolly, Misss Mwiseneza Josiane, Naomie , Kayumba Darina n’abandi bafungukiye amaso bagakora Konti kuri YouTube , umugore wa The Ben nawe ati:” Reka tugerageze”. Ibi yabitangaje

Uwicyeza Pamella agiye gutera ikirenge mu cya Mwiseneza Josiane na Mutesi Jolly,video namafoto urabisanga hasi. Read More »

Abakinnyi ba AS Kigali bashyiriweho akayabo mu gihe baratsinda APR FC imaze iminsi iri mu kwabuki.

Kuri uyu wa Gatatu ikipe ya APR FC irakina n’ikipe ya AS Kigali mu mukino ubanza wa 1/8 cy’igikombe cy’amahoro. Ni umukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ubera kuri Kigali Pele Stadium. Uyu mukino wakaniwe n’ubuyobozi bw’impande zombi cyane ikipe ya AS Kigali irakira uyu mukino. Ubuyobozi bwa AS Kigali twamenye amakuru

Abakinnyi ba AS Kigali bashyiriweho akayabo mu gihe baratsinda APR FC imaze iminsi iri mu kwabuki. Read More »

Umugore mwiza umuhabwa n’Imana! Amashusho Niyo Bosco yishimanye n’umukobwa bateganya kurushinga ari gushimisha benshi

Umugore mwiza umuhabwa n’Imana! Amashusho Niyo Bosco yishimanye n’umukobwa bateganya kurushinga ari gushimisha benshi Nyuma y’inkundo nyinshi zavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ubu urugezweho ni urwa Niyo Bosco n’umukobwa witwa Keza. Nyuma y’amakuru yagiye acicikana avuga ko Niyo yaba ari mu rukundo, ubu hasohotse videwo ibishimangira, imugaragaza yishimanye bidasanzwe n’uyu mukobwa bavugwa mu rukundo, ndetse bamwe

Umugore mwiza umuhabwa n’Imana! Amashusho Niyo Bosco yishimanye n’umukobwa bateganya kurushinga ari gushimisha benshi Read More »

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu.

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu Muri Uganda hakomeje gucicikana amashusho y’umugabo bivugwa ko ari umwarimu wafashwe n’ababyeyi b’umwana yigishaga muri segonderi , ubwo yashakakaga kumusambanya. Mu kiganiro uyu mwarimu yagiranye n’umukobwa, byagaragaraga ko banze gukodesha lodge (inzu yo kuraramo) baziko umwana aza kuba ari mu rugo

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu. Read More »

“Babana mu nzu n’abo basore kandi batarabahaye n’amazi yo kunywa” Mutesi Scovia yacyashye ababyeyi bakomeje kugira igishoro abakobwa babo babategerejemo inkwano z’amamiliyaridi

umwe mubanyamakuru Mutesi Scovia ntavuga rumwe na bamwe mu babyeyi bakomeje kugira igishoro abakobwa babo babategerejemo inkwano y’umurengera. Mu kiganiro yanyujije ku ri chanale ye YouTube, Scovia yavuze ko kubera ukuntu ikiguzi cy’inkwano kiri hejuru, hari bamwe mu bakobwa bemera gutanga amafaranga bakayaha umusore nawe akayazanira ababyeyi be nk’inkwano kugira ngo barongorwe. Ibi yabifashe nkaho

“Babana mu nzu n’abo basore kandi batarabahaye n’amazi yo kunywa” Mutesi Scovia yacyashye ababyeyi bakomeje kugira igishoro abakobwa babo babategerejemo inkwano z’amamiliyaridi Read More »

Ikipe ya AS Roma yatandukanye na José Mourinho bitunguranye.

José Mourinho wageze muri AS Roma muri Nyakanga tariki 1 , 2021 nyuma yo gutandukana na Tottenham Hotspur muri 2019 yirukanwe na AS Roma kubera ikibazo cy’umusaruro mucye yatangiranye uyu mwaka w’imikino. José Mourinho mu mikino 6 yaramaze gutoza yaramaze gutsindamo 1 gusa yanaherukaga gukina na AC Milan yatsinze AS Roma ibitego 3 kuri 1.

Ikipe ya AS Roma yatandukanye na José Mourinho bitunguranye. Read More »

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka. Uyu munsi tariki 16 Mutarama 2024 nibwo ikipe ya Interforce FC irakira Rayon Sports mu mukino wa 1/8 w’igikombe cy’Amahoro urabera kuri Kigali Pele Stadium aho umuntu ufite inote y’igihumbi ashobora kureba uyu mukino akaba ari bintu bidakunze kubaho igihe Rayon

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka Read More »