Uganda yashegeshwe n’ifungwa ry’imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi
Mu cyumweru gishize u Burundi bwafunze imipaka yayo ibuhuza n’u Rwanda, irushinja gutera inkunga umutwe wa RED Tabara. U Rwanda rwahakanye ibi birego. Ibi byaje nyuma yaho umutwe wa RED Tabara ubarizwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ugabye igitero mu Burundi cyikagwamo abantu 20. Ifungwa ry’umupaka w’u Burundi n’u Rwanda, byagize ingaruka ku bicuruzwa […]
Uganda yashegeshwe n’ifungwa ry’imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi Read More »