wex24news

Ndagijimana Samuel

Super Manager yanze kwitabira igitaramo Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda ahubwo ahitamo kwigira kureba inka ye – VIDEWO

Icyamamare mu myidagaduro Nyarwanda, Super Manager yatangaje impamvu atagiye mu gitaramo cy’umuherwekazi Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda. Aganira na Sunday Choice Live dukesha iyi nkuru, Super Manager yavuze ko impamvu atagiye mu gitaramo cya Zari Hassan cyabereye i Kigali ku wa 29 Ukuboza 2023, ngo ni uko yari yagiye Nyagatare kureba inka ye yari […]

Super Manager yanze kwitabira igitaramo Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda ahubwo ahitamo kwigira kureba inka ye – VIDEWO Read More »

Bayahawe: Abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bari kumwenyura.

Abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bari kumwenyura Nyuma y’amezi agera kuri atatu abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports badahembwa amafaranga yabo bakoreye ubu hari amakuru meza avuga ko bishyuwe ukwezi kwa 11 ndetse bikaba binateganyijwe ko mu minsi mike iri mbere barahabwa ayo mu kwezi kwa 12 kugira ngo abakinnyi bakomeze kwitwara neza. Source: Radio Rwanda

Bayahawe: Abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bari kumwenyura. Read More »

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro)

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro) Nyuma y’uko umukino Rayon Sport iheruka gukina yatsinzwe 2 kuri 1 na Gasogi United, abafana bamwe na bamwe bagaragaje imico itari myiza yo gushaka gukubita abayobozi. Nyuma y’iyo mico abafana bagaragaje, mu nama Perezida wa Rayon Sport yatangaje amagambo akomeye

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro) Read More »

Ikipe yahangamuye amakipe yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda yasinyishije izindi ntwaro eshatu zikanganye -Amafoto

Ikipe ikina icyiciro cya mbere hano mu Rwanda iherereye mu ntara y’amajyaruguru izwi kwizina rya Musanze FC yasinyishije abakinnyi batatu Muri abo bakinnyi harimo uwitwa Bertrand Ebode Ottou, Umunya Cameroon ukina hagati yakiniraga ikipe ya Plateau Utd Undi yitwa Kokoete Udo Ibick, Umunya Nigeria ukina asatira aca ku mpande yakiniraga ikipe ya Kano pillars Undi

Ikipe yahangamuye amakipe yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda yasinyishije izindi ntwaro eshatu zikanganye -Amafoto Read More »

Agezweho muri Siporo: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Kagere Meddie amaze gusinyira ikipe nshya

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Kagere Maddie wabiciye bigacika muri Rayon Sports ndetse no muri Simba SC yo muri Tanzania amaze kwerekeza mu ikipe ya Namungo FC avuye muri Singida FC nayo yo muri Tanzania akaba yasinye amasezerano azarangirana n’uyu mwaka w’imikino.

Agezweho muri Siporo: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Kagere Meddie amaze gusinyira ikipe nshya Read More »

Musanze: Ushinzwe umutekano mu Mudugudu arashinjwa kurigisa Miliyoni 60 Frw

Aba baturage babwiye Radio/TV1 ko mu mwaka wa 2023uyu muyobozi  yabatwaye amafaranga bagombaga kugabana mu itsinda rigizwe n’abantu 400. Umwe yagize ati “Twavuze yuko mu kwezi kwa karindwi ,duhana amasezerano yuko tuzaba turangije itsinda ryacu, tukagabana mu kwezi kwa cyenda.Ukwezi kwa cyenda kwarageze, batubwira yuko nta kugabana kuriho, yuko hari umugabo visi perezida, yatorokanye arenga

Musanze: Ushinzwe umutekano mu Mudugudu arashinjwa kurigisa Miliyoni 60 Frw Read More »

Rulindo: Amayobera ku munyeshuri wapfuye bitunguranye

Ku wa mbere tariki 15 Mutarama 2024, saa saba z’amanywa ni bwo Niyomufasha yafashwe n’ubwo burwayi bw’amayobera, yihutanwa kuri poste de Sante na bagenzi be, aho yagejejwe ari muri koma. Umuyobozi wa G.S Binaga, Murebwayire Alphonsine yavuze ko akigezwa kuri Poste de Sante yahise yitaba Imana. Uyu muyobozi yatangarije Ikinyamakuru Umurunga ko ari ubwa mbere

Rulindo: Amayobera ku munyeshuri wapfuye bitunguranye Read More »

Bari mu buryohe! Umunyarwandakazi ari mu kwa buki n’Umwongereza umukubye mu myaka

Umunyarwandakazi Uwamahoro Claudine n’Umwongereza Simon Duczuk wabaye Umudepite wo mu Ishya ry’Abakozi ( Labour Party), mu myaka 7 bari muri Kigali mu kwezi kwa Buki. Simon Duczuk na Claudine Uwamahoro bamaze amezi agera kuri 5 bakoze ubukwe dore ko barushinje muri Kanama 2023 bamaze umwaka bahuye ubwo Simon Duczuk yari yaje mu Rwanda mu ruzinduko

Bari mu buryohe! Umunyarwandakazi ari mu kwa buki n’Umwongereza umukubye mu myaka Read More »

Ikipe ya APR FC yamaze kubabarira umukinnyi wari umaze iminsi mu bihano kubera kwigaragambya

Ikipe ya APR FC ku munsi wejo hashize yatangiye imyitozo hano mu Rwanda nyuma yo kuva mu gihugu cya Zanzibar aho yakinaga igikombe cya Mapinduzi. Iyi kipe mu myitozo yasubukuye hari harimo abakinnyi batandukanye banjyanye na APR FC mu gihugu cya Zanzibar ndetse na bamwe mu basigaye mu gihugu cy’u Rwanda. Muri abo bakinnyi basigaye

Ikipe ya APR FC yamaze kubabarira umukinnyi wari umaze iminsi mu bihano kubera kwigaragambya Read More »

KNC wakoze mu gikomere ikipe ya Rayon Sports yashyize igorora abakunzi ba Ruhago harimo n’abakunzi ba Gikundiro

Kakooze Nkuruza Charles uyobora ikipe ya Gasogi United yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports uko imeze kugeza ubu yoroshye ku buryo niyo bahura imikino 5 yikurikiranye itapfa kumutsinda ahubwo yajya ayitsinda yongera ibitego buri mukino. Ibi uyu muyobozi yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro akora buri munsi kuri Radio One yanagarutse

KNC wakoze mu gikomere ikipe ya Rayon Sports yashyize igorora abakunzi ba Ruhago harimo n’abakunzi ba Gikundiro Read More »