wex24news

Ndagijimana Samuel

Perezida Kagame yahaye ubutumwa abifuza guhungabanya amahoro

Ni ingingo Umukuru w’Igihugu yagarutseho kuri iki Cyumweru tariki 14 Mutarama mu 2024, ubwo yari mu masengesho ngarukamwaka yo gusabira igihugu azwi nka ‘National Breakfast Prayer’. Aya masengesho yitabiriwe n’abayobozi batandukanye mu nzego za Leta, mu madini ndetse n’inshuti z’u Rwanda ziturutse hirya no hino. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye aya masengesho, Perezida Kagame yagaragaje […]

Perezida Kagame yahaye ubutumwa abifuza guhungabanya amahoro Read More »

Marina yagize icyo avuga ku rukundo rwe na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah uri ku isonga mu bakobwa bahagaze neza muri muzika Nyarwanda yavuzwe cyane mu rukundo n’umusore nawe w’umuhanzi witwa Yvan Muziki, uyu mukobwa yaciye impaka kubyavuzwe byose. Uyu muhanzikazi adaciye ku ruhande yeruye maze avuga ko we n’uyu musore Yvan Muziki batari mu rukundo ahubwo bombi ari inshuti cyane bitandukanye nuko abanti babifata.

Marina yagize icyo avuga ku rukundo rwe na Yvan Muziki. Read More »

Joachiam Ojera wakoroze Rayon Sports kugeza imwihorereye yamaze kurangizanya n’ikipe yo mu gihugu cyigira abakobwa beza kurusha ibindi ku isi.

Kuva ikipe ya Rayon Sports yatanga ikiruhuko ku bakinnyi bayo harimo n’abanyamahanga ntabwo abakinnyi bakomoka mu gihugu cya Uganda barimo Joachiam Ojera baragaruka mu myitozo. Byavugwaga ko aba bombi kutaza ngo ari uko bimwe itike ibagarura ariko ntabwo ikibazo cyari Rayon Sports kuko amatike bemerera abakinnyi mu masezerano yabo ni itike itangira sezo ndetse n’iyimucyura

Joachiam Ojera wakoroze Rayon Sports kugeza imwihorereye yamaze kurangizanya n’ikipe yo mu gihugu cyigira abakobwa beza kurusha ibindi ku isi. Read More »

KNC Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports avugaka amagambo asesereza abakunzi bayo

Kakooza Nkuliza Charles Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports aheruka gutsinda ibitego 2-1. Yagize ati: Ntekereza ko ikibazo gihari, bashobora guhindura umutoza bazaba bahinduye icupa ariko byeri izaba ari yayindi. Iyi Rayon Sports niyo baduhuza imikino 5 yikurikiranya najya nyitsinda buri mukino nongeyeho igitego kimwe”.

KNC Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports avugaka amagambo asesereza abakunzi bayo Read More »

U Rwanda rwasoje imikino ya gicuti mbere yo gutangira Igikombe cy’Afurika (AMAFOTO)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yakinnye umukino wa nyuma wa gicuti mbere yo gutangira igikombe cy’Afurika ku wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 17 Mutarama 2024 kizabera mu Misiri kugeza tariki ya 27 Mutarama 2024. Ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 14 Mutarama 2024, u Rwanda rukaba rwarakinnye na Maadi SC yo mu Misiri

U Rwanda rwasoje imikino ya gicuti mbere yo gutangira Igikombe cy’Afurika (AMAFOTO) Read More »

Abatoza 2 hahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports.

Nyuma y’uko uwari umutoza mukuru wa Rayon Sports, Mohamed Wade ahagaritswe, biravugwa ko ubu Ndayizeye Jimmy na Ivan Minnaert ari bo bashobora kuvamo umutoza w’iyi kipe. Umunya-Mauritania, Mohamed Wade wari ufite amasezerano y’umutoza wungirije, mbere y’uko imikino yo kwishyura itangira yagizwe umutoza mukuru. Nyuma y’umukino umwe w’umunsi wa 16 yatsinzwemo na Gasogi United ku wa

Abatoza 2 hahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports. Read More »

Ubuyobozi bwa APR FC bwigaramye umutoza wa bwo.

Umuyobozi wa APR FC, Col Richard Karasira bwanyomoje ibyo umutoza w’abanyezamu b’iyi kipe aheruka gutangaza ko batazasubira muri Mapinduzi Cup. Nyuma y’uko APR FC isezerewe na Mlandege ntigere ku mukino wa nyuma wa Mapinduzi Cup, ntabwo babyakiriye neza aho bavuze ko bibwe n’abasifuzi babangiye igitego bakanabima penaliti. Icyo gihe umutoza w’abanyezamu ba APR FC, Ndizeye

Ubuyobozi bwa APR FC bwigaramye umutoza wa bwo. Read More »

Mama Dangote yagize icyo avuga ku rukundo rwa Diamond Platnumz na Zuchu.

Diamond na Zuchu bavuzwe mu rukundo kuva muri 2023 ariko rugakomeza kuba agatwiko no gushaka abafana. Mu gihe Zuchu atigeze ahwema kugaragaza Diamond Platnumz nk’umukunzi we ni nako Diamond we yagiye akora uko ashoboye agahisha urukundo rwe kuri uyu mukobwa baziranye kuva kera gusa amazina no kwamamara byari kuri Diamond Platnumz bigatuma badahura. Nyina wa

Mama Dangote yagize icyo avuga ku rukundo rwa Diamond Platnumz na Zuchu. Read More »

Rayon Sports nyuma yo kubona Umutoza Mohamed Wade ashobora kuzabageza kure bakamwishyura akayabo bakoze igikorwa gishobora koroshya ibintu byihuse.

Rayon Sports nyuma yo kubona Umutoza Mohamed Wade ashobora kuzabageza kure bakamwishyura akayabo bakoze igikorwa gishobora koroshya ibintu byihuse Ku wa gatanu ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe umukino n’ikipe ya Gasogi United ibitego 2-1, abakunzi ndetse n’ubuyobozi bwa Rayon Sports butaha bubabaye cyane ndetse bihita bitangira kuvugwa ko Umutoza yirukanwe. Nyuma yaho ubuyobozi bwakoze inama

Rayon Sports nyuma yo kubona Umutoza Mohamed Wade ashobora kuzabageza kure bakamwishyura akayabo bakoze igikorwa gishobora koroshya ibintu byihuse. Read More »