Perezida Kagame yahaye ubutumwa abifuza guhungabanya amahoro
Ni ingingo Umukuru w’Igihugu yagarutseho kuri iki Cyumweru tariki 14 Mutarama mu 2024, ubwo yari mu masengesho ngarukamwaka yo gusabira igihugu azwi nka ‘National Breakfast Prayer’. Aya masengesho yitabiriwe n’abayobozi batandukanye mu nzego za Leta, mu madini ndetse n’inshuti z’u Rwanda ziturutse hirya no hino. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye aya masengesho, Perezida Kagame yagaragaje […]
Perezida Kagame yahaye ubutumwa abifuza guhungabanya amahoro Read More »