wex24news

Ndagijimana Samuel

Kapiteni wa Rayon Sports yavuze kuri ba rutahizamu bashya iyi kipe yaguze.

Mbere yo gutangira imikino yo kwishyura ya shampiyona, Rayon Sports yongeyemo abakinnyi batatu bayobowe na ba rutahizamu babiri; Alsény Camara ukomoka muri Guinea na Paul Gomis ukomoka muri Senegal ndetse n’umunyezamu ukomoka muri Senegal, Khadime Ndiaye. Agaruka kuri aba bakinnyi bakina bataha izamu, kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul yavuze ko ari abakinnyi bagaragaje ko

Kapiteni wa Rayon Sports yavuze kuri ba rutahizamu bashya iyi kipe yaguze. Read More »

Otile Brown yasubije abavuga ko uburanga bw’umujyanama we buzatuma bica akazi

Otile n’umufasha muri muzika batangiye akazi Nyuma y’igihe gito Otile Brown atangaje ko yabonye Umujyanama mushya mu bya Muzika, kuri ubu batangiye akazi.Aba bombi bafashe indege berekeza mu Mujyi wa Dar Es Salam  mu bintu batatangaje gusa bashyira hanze amashusho bagaragara nk’abishimanye cyane by’umwihariko Otile Brown. Uyu muhanzi anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze yagize ati:”Uyu mwaka

Otile Brown yasubije abavuga ko uburanga bw’umujyanama we buzatuma bica akazi Read More »

Umubyeyi wa Eric wishwe na Kazungu yari yabukereye! Urubanza rwa Kazungu Denis rwasubitswe -Amafoto

Urukiko rukuru rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza rwa Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha birimo ubwicanyi kubera ko umwunganizi we mu mategeko yagaragaje imbogamizi zuko atabonye umwanya uhagije. Kazungu Denis warimo akurikirana urubanza mu buryo bwa Skype ari muri Gereza yavuze ko yari yarabiganiriyeho n’umwunganizi we bakemeranya ko basaba isubika ry’urubanza.

Umubyeyi wa Eric wishwe na Kazungu yari yabukereye! Urubanza rwa Kazungu Denis rwasubitswe -Amafoto Read More »

Uganda: Itorero rya Anglican ryafashe umwanzuro wo kutazongera gusengera umurambo w’uwapfuye atabatijwe.

Ubusnzwe uwapfuye yasabirwaga gusa muri iri Torero rya Anglican ngo ntibazongera kubikora. Uyu mwanzuro wafashwe na Bishop Henry Katumba Umuyobozi wa Diyoseze y’Iburengerazuba ya Buganda bitangazwa na Pasiteri Moses Kayimba. Iri Torero rya Anglican ryo mu gace ka Buganda muri Uganda ryafashe uyu mwanzuro nyuma y’aho Umuyobozi mukuru mu Ntara y’Iburengerazuba, yakuriyeho amasengesho yahabwaga umuntu

Uganda: Itorero rya Anglican ryafashe umwanzuro wo kutazongera gusengera umurambo w’uwapfuye atabatijwe. Read More »

Huye! Abiga muri kaminuza bari bategereje guhabwa mudasobwa bari kwimyiza imoso.

Ubwo kuri uri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2024, muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hatangwaga mudasobwa ku banyeshuri, abiga mu myaka isoza babajwe no kuba batazihawe. Aba bavuga ko mu myaka bagezemo ari nabwo zikenerwa cyane, ariko batungurwa no kuba bazimwe. Umwe mu banyeshuri yabwiye Kigali Today ati “Ntabwo tunejejwe n’ibibaye kuko

Huye! Abiga muri kaminuza bari bategereje guhabwa mudasobwa bari kwimyiza imoso. Read More »

Umuhanzi Abe Star yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Respect”

Abe Star nyuma yo gukora indirimbo “High” ayikoreye mu bisumizi ikorwa na Evydecks mix mastering bigakorwa na “Bobo Pro”,arongera akora indirimbo yise “Inyenyeri” yakozwe na KinaBeat. Uyu muhanzi Abe Star uvuga ko kubwigitutu abafana kumushyiraho buvuga ko bagize irungu bitewe nuko akarera abakunzi be yahise akora indi ni ndirimbo yise “Respect” ivuga ku cyubahiro ko

Umuhanzi Abe Star yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Respect” Read More »

Tiwa Savage yashyize Davido ku ruhande ahita ategura Filime idasanzwe.

Tiwa Savage agiye gushyira hanze Filime yiswe ‘Water and Garri”. Umunya Nigeria Tiwa Savage umaze iminsi ari gukozanyaho na Davido kugeza agiye kumurega kuri Police yo muri iki gihugu, agiye kugaragara muri Filime yiswe ‘Water and Garri’ nk’umukina nkuru mukuru. Iyi Filime ikurikiye iyo yakinnyemo yitwa Aisha, nk’umukobwa wakoraga muri Amerika akaza kugaruka iwabo nyuma

Tiwa Savage yashyize Davido ku ruhande ahita ategura Filime idasanzwe. Read More »

Vestina na Dorcas bateye inyota abakunzi babo.

Ureberera inyungu za Vestina na Dorcas Irene Mulindahabi yavuze igihe bazashyirira hanze indirimbo. Abakobwa babiri Vestistine na Dorcas bagiye gushyira hanze amashusho y’indirimbo yitwa ‘Iriba’ nyuma yo kuva mu gihugu cy’u Burundi. Aba bakobwa bagiye gutaramira mu gihugu cy’u Burundi mu minsi yashize nk’uko twabibagejejeho, nyuma y’aho gato biba induru mu banyamakuru bavugaga ko amashusho

Vestina na Dorcas bateye inyota abakunzi babo. Read More »

Knowless Butera n’umugabo we baciye amarenga y’indirimbo nshya

Butera Knowless n’umugabo we baciye amarenga yo gushyira hanze indirimbo nshya. Jeanne d’Arc Ingabire Butera [ Butera Knowless ] , ni umugore wa Ishimwe Clement usanzwe anamufasha mu bya muzika akaba ari nawe umukorera indirimbo. Kuba babana akaba ari nawe Manager we byorohera bombo binyuze mu guhana ibitekerezo n’uburyo bwo kwamamaza igihangano mbere y’uko kijya

Knowless Butera n’umugabo we baciye amarenga y’indirimbo nshya Read More »