wex24news

Ndagijimana Samuel

Bruce Melodie yikomanze mu gatuza ahigira Grammy Awards 2024

Igitangaza yavuze ko 2024 ari umwaka w’ibikorwa agira ati:”Itahiwacu Grammy”. Umuhanzi Bruce Melodie wamamaye muri muzika Nyarwanda no ku Isi muri rusange, yashyize hanze zimwe mu nkuru zandikiwe ku mugabane w’I Burayi zamuvuzweho muri 2023 ubwo yari muri Amerika  hamwe na Shaggy na Coach Gael, agaragaza ko atewe Ishema n’ibyo yagezeho mu mwaka washize, gusa […]

Bruce Melodie yikomanze mu gatuza ahigira Grammy Awards 2024 Read More »

Yari amaze imyaka 10 atandukanye n’umugore wa mbere! Umwarimu muri kaninuza y’u Rwanda yapfushije umugore wa Kabiri bari mu kwezi kwa Buki nyuma y’imyaka 10 arara wenyine

Umwarimu muri kaninuza y’u Rwanda ishami rya Huye muri College of Arts and Social Sciences (CASS) Mfurankunda Pravda wari umaze iminsi mike arongoye, umugorewe yahise apfa. Uyu mugabo wari umaze igihe kigera kumyaka icumi atandukanye n’umugore we wambere kuri ubu yaramaze iminsi ibarirwa ku ntoke ashatse. Nyuma y’icyo gihe cyose yari nibwo yongeye kujya mu

Yari amaze imyaka 10 atandukanye n’umugore wa mbere! Umwarimu muri kaninuza y’u Rwanda yapfushije umugore wa Kabiri bari mu kwezi kwa Buki nyuma y’imyaka 10 arara wenyine Read More »

Dore Application usabwa gukura muri Telefone yawe uwo mwanya ugisoma iyi nkuru. Ugisoma iyi nkuru izi application uzikure muri Telefone yawe. Abahanga muri Tekinoligi bagiriye inama abakoresha Telefone kwirinda zimwe muri Application zikoreshwa muri Telephone ( Android ), nyuma yo kubona ko zifite ibizwi nka Maleware byiyangiza. Abahanga bavuga ko hari ibizwi nka ‘Digital Trojan

Read More »

ese nibyo koko gukoresha agakigiriza(prudance) nibibi?

Gukoresha agakingirizo mu gutera akabariro ni bumwe mu buryo buhendutse bukoreshwa n’abatari bacye mu kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina no gutera inda zitateganijwe. Icyakora abantu benshi ntibajya bemera ngo bamenye ibibi byo gukoresha agakingirizo mu gutera akabariro. Niyo mpamvu muri iyi nyandiko turarebera hamwe icyo inzobere zibivugaho. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe

ese nibyo koko gukoresha agakigiriza(prudance) nibibi? Read More »

Niyo Bosco arasaba abahanzi nyarwanda gukora ikibina cyo kuzigamamo amafaranga Umuhanzi umaze gukora izina rikomeye cyane muri muzika Nyarwanda Niyo Bosco yavuze amagambo yatangaje abantu benshi agaragaza ko bashaka bashyiraho uburyo bwo kwizigamira bwajya bubagoboka. Mu magambo uyu muhanzi yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yavuze ko abahanzi bagenzi be bakwiye gukora ikibina ariko hasigara

Read More »

Kigali : Umusaza w’imyaka 64 akurikiranweho gufata kungufu umwana w’imyaka 5.

Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyakabanda, Akagari ka Munanira II, hafashwe umusaza ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka itanu. Nkuko ikinyamakuru “yegob” kibitangaza . mu ijoro ryo kuwa 4 Mutarama 2024, ni bwo abashinzwe umutekano mu Kagari ka Munanira II ko mu Murenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge, bahawe amakuru y’uko hari umwana w’imyaka itanu

Kigali : Umusaza w’imyaka 64 akurikiranweho gufata kungufu umwana w’imyaka 5. Read More »

Libianca ntiyemeranya ninama harmonize abanyamuziki.

Mu mpera za 2023, umuhanzi Harmonize yikojeje ku mbuga nkoranyambaga akebura abahanzi bose ko bakwiye kuririmba mu rurimi rw’Icyongereza kugira ngo indirimbo zabo zose zigere ku bantu bose ku Isi, bitewe nuko rukoreshwa cyane n’abantu benshi . Ibi yabitangaje ubwo yari mu birere yishimira ko indirimbo ye yise ‘Single Again’ imaze kurebwa n’abantu benshi cyane

Libianca ntiyemeranya ninama harmonize abanyamuziki. Read More »

tiwa savage na davido bari biyimeje kuzakindana imyaka 100 badahuza.

Kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2024, haravugwa umwuka mubi hagati ya Davido ndetse na Tiwa Savage bahoze ari inshuti magara ndetse barahanye isezerano ryo kuzakundana imyaka irenga 100. Usubiye inyuma gato, Tiwa Savage ubwo yazaga muri Nigeria avuye kwiga mu Bwongereza mu mashuri ye yisumuye ndetse na kaminuza, yatuye mu nzu imwe na Davido

tiwa savage na davido bari biyimeje kuzakindana imyaka 100 badahuza. Read More »

kenny sol yanze kugira icyo atangaza kubyo kujya kuba mumahanga

Kuri uyu munsi tariki 10 Mutarama 2023, umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yasinye amasezerano yo kwamamaza ikigo gicuruza telefoni cya Infinix aho yasinyiye kwamamaza ubwoko bw’izi telefoni nshya bwitwa Hot40. Kenny Sol asinye aya masezerano mu gihe amaze iminsi mike asezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kunda Yvette Alliance bitegura kurushinga. Icyakora n’ubwo amaze

kenny sol yanze kugira icyo atangaza kubyo kujya kuba mumahanga Read More »

Meddy yifurije isabukuru y’amavuko The Ben.

Umuhanzi Ngabo Medard yifatanyije n’ibihumbi byifurije Tiger B isabukuru nziza y’amavuko. Ubusanzwe Meddy na The Ben ni abavandimwe muri muzika Nyarwanda.Ni bamwe mu bahanzi bafite ibendera rya muzika muri iki gihugu kabone n’ubwo bamara imyaka badakora.Ukoze wese aba ashaka kugera ikirenge muri icyaba bahanzi. Meddy na The Ben bahuriye mu ndirimbo zitandukanye zirimo; Loose Control

Meddy yifurije isabukuru y’amavuko The Ben. Read More »