Bruce Melodie yikomanze mu gatuza ahigira Grammy Awards 2024
Igitangaza yavuze ko 2024 ari umwaka w’ibikorwa agira ati:”Itahiwacu Grammy”. Umuhanzi Bruce Melodie wamamaye muri muzika Nyarwanda no ku Isi muri rusange, yashyize hanze zimwe mu nkuru zandikiwe ku mugabane w’I Burayi zamuvuzweho muri 2023 ubwo yari muri Amerika hamwe na Shaggy na Coach Gael, agaragaza ko atewe Ishema n’ibyo yagezeho mu mwaka washize, gusa […]
Bruce Melodie yikomanze mu gatuza ahigira Grammy Awards 2024 Read More »