wex24news

Ndagijimana Samuel

Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina

Umuhanzi Ykee Banda yakoranye indirimbo na Marina nyuma y’igihe ahawe akazi ko kuba umwe mu bayobozi b’ikigo cy’amashuri cyitwa Golden High School giherereye ahitwa Nsangu muri Uganda. Aba bombi Marina na Ykee Banda bakoze iyi ndirimbo bise ‘Ndokose’ yaje kuzuza inzozi z’uyu muhanzikazi zo gukorana indirimbo na Ykee Banda. kanda hano urebe indirimbo

Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina Read More »

kumunsi wamavuko ! The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bakatiye Cake ahantu hatan.gaje

Miss Uwicyeza Pamella n’umugabo we The Ben bari muri Kenya arinaho The Ben yakatiye Cake yishimira ko yujuje imyaka 37 y’amavuko. The Ben na Pamella bamaze kugera i Mombasa nyuma y’uko baciye mu gihugu cya Misiri hamwe mu hantu batekerezaga ko bakorera Honney Moon yabo. Nyuma yo kugera i Mombasa muri Kenya, Uwicyeza Pamella yifatanyije

kumunsi wamavuko ! The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bakatiye Cake ahantu hatan.gaje Read More »

Rusizi ushinzwe amasomo yanyweye inzoga arakabya ubundi ajya mu kigo yikoreyeho iby’abana – Amashusho

Rusizi ushinzwe amasomo yanyweye inzoga arakabya ubundi ajya mu kigo yikoreyeho iby’abana. Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’umwe mu barimu bashinzwe amasomo (perefe) bivugwa ko ari uwo ku kigo kimwe muri Rusizi, yanyweye cyane akizihirwa. Bimwe bavuga ngo urikura mu icupa rikagukura mu bagabo, uyu mugabo nawe nibyo ryamukoreye, kuko nyuma yo kwizihirwa yikoreyeho

Rusizi ushinzwe amasomo yanyweye inzoga arakabya ubundi ajya mu kigo yikoreyeho iby’abana – Amashusho Read More »

“Umuntu w’umugabo agatuma banyima aho kurara n’abana bange koko” Uncle Austin yagiye mu matwi ya Landlord yanga ko Shaddyboo bamuha inzu yo gukodesha

Mu kiganiro kizwi nka space kuri Twitter yahindutse X,  Shaddyboo yagaragaje agahinda yatewe n’uburyo Uncle Austin yigize gutuma bamwima inzu yo gukodeshwa. Mu majwi ye, Shaddyboo yavuze uburyo yababajwe cyane n’uburyo umuntu w’umugabo ariwe wajyana amagambo kwa Landlord (Nyiri nzu) ngo amwime inzu, kandi nawe afite umwana. Bamwe mu bari bari muri icyo kiganiro bunzemo

“Umuntu w’umugabo agatuma banyima aho kurara n’abana bange koko” Uncle Austin yagiye mu matwi ya Landlord yanga ko Shaddyboo bamuha inzu yo gukodesha Read More »

igisigo gikoranye ubuhanga buhanitse ndetse yahuje imbaraga n’umukobwa Kibasumba Confy nawe uzwiho gukora mu nganzo bikanyura benshi .

Musare Paradis ni umusizi, umunyabugeni ukora ibihangano bishushanyije(paintings art ) ndetse akaba n’umwanditsi n’umuririmbyi, ubuhanga bwe buhanitse wabubonera mu gisigo yakoze cyitwa Belle Munganyinka ndetse n’indirimo ye yise naraye i musozi nayo yanyuze abatari bake. Mu gisigo cye gishya yateguje abakunzi be yise ‘Keza’ ni igisigo yakoranye n’umukobwa nawe ukomeje kugaragaza ubuhanga bwe budashidikanywaho mu

igisigo gikoranye ubuhanga buhanitse ndetse yahuje imbaraga n’umukobwa Kibasumba Confy nawe uzwiho gukora mu nganzo bikanyura benshi . Read More »

Uganda : Ku myaka 70 umugore yibarutse abana babiri

Safina Namukwaya w’imyaka 70 y’amavuko wo mu gihugu cya Uganda aherutse kwibaruka impanga umukobwa n’umuhungu maze ibyishimo biramusaga kubera kubona abana be ku myaka nkiyo afite. Mu byishimo uyu mugore yasangije ikinyamakuru Today.com, yavuzeko atajya arambirwa kureba abana be cyane ko ngo ubu ari kubabera umubyeyi mwiza arinako abereka urukundo rwinshi. Uyu mugore wabyaye abana

Uganda : Ku myaka 70 umugore yibarutse abana babiri Read More »

Polisi yatangiye iperereza ku kibazo cya Tiwa Savage na Davido.

Polisi yo mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria, yakiriye ikirego cya Tiwa Savage ushinja Davido gushaka kumugirira nabi, nyuma yo kugaragara ari kumwe na Sophia Momodu wabyaranye n’uyu muhanzi. Umuvugizi wa Polisi y’Umujyi wa Lagos, SP Benjamin Hundeyin yatangarije itangazamakuru ryo muri Nigeria, ko bakiriye ikirego cya Tiwa Savage, ushinja Davido kumutera ubwoba no kugaragaza

Polisi yatangiye iperereza ku kibazo cya Tiwa Savage na Davido. Read More »

Ngoma: Umugabo uregwa kuniga umugore yaburaniye mu ruhame

Umugabo witwa Uwizeye Amuri wo mu karere ka Ngoma, ukekwa kwica umugore we witwa  Mukamugema Annociata, amunize, yaburanishijwe mu ruhame. Ku wa kabiri tariki ya 9 Mutarama 2024 nibwo urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishije mu ruhame uyu mugabo w’imyaka 41,ukurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye umugore we. Icyaha uyu mugabo wo mudugudu wa Mizibiri, Akagari

Ngoma: Umugabo uregwa kuniga umugore yaburaniye mu ruhame Read More »

Enjoy ya Jux na Diamond Platnumz iri kurutonderwa zimwe mu ndirimboLupita Nyongo azumva muri 2024

Lupita Nyong’o yashyize hanze urutonde rw’indirimbo 10 azumva muri 2024 hazamo Enjoy ya Juma Jux na Diamond Platnumz Anyuze kuri konti ye ya Instagram yagize ati:”Indirimbo ndimo kuryoherwa nazo muri 2024.Izo ndirimbo ni ; 1.This Year ya Emily King ; Ni indiirmbo bigaragara koi maze umwaka umwe igiye hanze.Kuri Konti ya YouTube ya Emily King,

Enjoy ya Jux na Diamond Platnumz iri kurutonderwa zimwe mu ndirimboLupita Nyongo azumva muri 2024 Read More »

Kigali: Umugabo yaryamanye n’indaya ebyiri icyarimwe maze abura ayo kwishyura zimufatanya n’umunaniro ziramudiha abantu barahurura.

Umugabo wo mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo yakubiswe n’indaya ebyiri ndetse zinafatira telefone ye yo mu bwoko bwa Samsung, nyuma y’uko baryamanye ariko akanga kuzishyura amafaranga yose bari bumvikanye. Ibi byabereye mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 9 Mutarama 2024. Abatangabuhamya babwiye IGIHE

Kigali: Umugabo yaryamanye n’indaya ebyiri icyarimwe maze abura ayo kwishyura zimufatanya n’umunaniro ziramudiha abantu barahurura. Read More »