Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina
Umuhanzi Ykee Banda yakoranye indirimbo na Marina nyuma y’igihe ahawe akazi ko kuba umwe mu bayobozi b’ikigo cy’amashuri cyitwa Golden High School giherereye ahitwa Nsangu muri Uganda. Aba bombi Marina na Ykee Banda bakoze iyi ndirimbo bise ‘Ndokose’ yaje kuzuza inzozi z’uyu muhanzikazi zo gukorana indirimbo na Ykee Banda. kanda hano urebe indirimbo
Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina Read More »