Kigali: Gucira mu muhanda wahariwe siporo ni sakirirego.
Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza agenga abagenda mu nzira zihariye zagenewe siporo i Nyarutarama , aho umuntu ugenda muri izo nzira atemerewe gucira hasi no kwitwaza inkoni cyangwa imbwa. Ni umuhanda ureshya n’ibilometero 2 na metero 400, urimo tapi y’ibara ry’icyatsi kibisi, ukaba waragenewe abantu bari mu marushanwa yo gusiganwa biruka n’amaguru, ariko hakaba n’abashobora […]
Kigali: Gucira mu muhanda wahariwe siporo ni sakirirego. Read More »