wex24news

Ndagijimana Samuel

Kigali: Gucira mu muhanda wahariwe siporo ni sakirirego.

Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza agenga abagenda mu nzira zihariye zagenewe siporo i Nyarutarama , aho umuntu ugenda muri izo nzira atemerewe gucira hasi no kwitwaza inkoni cyangwa imbwa. Ni umuhanda ureshya n’ibilometero 2 na metero 400, urimo tapi y’ibara ry’icyatsi kibisi, ukaba waragenewe abantu bari mu marushanwa yo gusiganwa biruka n’amaguru, ariko hakaba n’abashobora […]

Kigali: Gucira mu muhanda wahariwe siporo ni sakirirego. Read More »

Lil Nas uvugwaho kuryamana nabo bahuje igitsina yeteguje indirimbo yise J Christ.

Umuhanzi w’Umunyamerika Lil Nas wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yateje urujijo rwo kuba yarakiriye agakiza cyangwa niba ari ubuhakanyi nyuma yo guteguza indirimbo yise ‘J Christ’.Ni indirimbo yateguje yifashishije ifoto y’umusaraba uriho umuntu ubambye. Iyi ni indirimbo izasohoka ku wa Gatanu tariki 12 Mutarama 2024 nk’uko nyiri ubwite yabitangaje .Nyuma y’igihe adashyira hanze indirimbo, Lil Nas

Lil Nas uvugwaho kuryamana nabo bahuje igitsina yeteguje indirimbo yise J Christ. Read More »

Tiwa Savage yatanze ikirego kuri Davido

Urwango rwa Tiwa Savage na Davido rumaze gufata indi ntera kugeza ubwo uyu muhanzikazi yamaze no kubigeza muri Polisi. Davido na Tiwa Savage ni bamwe mu bahanzi bakomeye bakuye umuziki wa Nigeria muri icyo gihugu bawujyana mu mahanga aho bahawe ibihembo bitandukanye bakora indirimbo mpuzamahanga barakundwa n’ibinyamakuru barabyandika. Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri

Tiwa Savage yatanze ikirego kuri Davido Read More »

Ibyari imikino bihinduye isura! Ikipe ya APR FC ntizongera gukina imikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup ukundi.

Ikipe ya APR FC nyuma yo gutsindirwa muri 1/2 n’ikipe ya Mlandege FC kuri penaliti 4-2 umutoza w’abazamu b’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu Ndanda yeruye atangariza Azam Tv ko APR FC itazongera kwitabira imikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup. Ndanda yatangaje aya makuru nyuma yo kugaya bikomeye imisifurire y’abasifuzi bo muri Zanzibar basifuriye iyi kipe nabi kuburyo

Ibyari imikino bihinduye isura! Ikipe ya APR FC ntizongera gukina imikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup ukundi. Read More »

Umusore yabaswe n’umujinya amenagura ikiryabarezi cyabandi

Umusore witwa Uwiringiyimana Juvénal wo mu murenge wa Gatsata yamenaguye ikiryabarezi cyabandi nyuma yo kumucucura utwe. Uyu musore biravugwa ko yafashwe n’umujinya akamenagura iki kiryabarezi nyuma yuko kimuriye amafaranga agera ku bihumbi 40rwf, ndetse akamena n’ikirahure k’inzu. Gusa uyu musore we avuga ko yibwe ibihumbi 100 rwf, kuko yari afite ibihumbi 140rwf, agakinira 40 rwf

Umusore yabaswe n’umujinya amenagura ikiryabarezi cyabandi Read More »

Agashya: Shadboub yahawe amafaranga yanga kuyabika ahitamo kuyihera abasifuzi!

Mu mukino ikipe ya APR FC yasezerewemo na Mlandege FC yo muri Zanzibar kuri penaliti 4-2 umunya Sudan Shaiboub Eldin ukinira ikipe y’Ingabo z’Igihugu niwe wahawe igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi muri uyu mukino (Man Of The Match). Shaiboub wari kapiteni muri uyu mukino yahawe amafaranga ibihumbi 750,000 by’amafaranga yo muri Tanzania nk’igihembo cy’umukinnyi

Agashya: Shadboub yahawe amafaranga yanga kuyabika ahitamo kuyihera abasifuzi! Read More »

Umugabo w’imyaka 53 akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 10 ufite ikibazo cyo kutavuga neza.

Mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyarugenge Akagari ka Biryogo mu Mudugudu wa Nyiranuma haravungwa inkuru y’umugabo w’imyaka 53 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 10. RIB yatangaje ko byabaye ku wa 5 Mutarama 2024, mu gihe uwafashwe afungiye kuri sitasiyo ya Nyarugenge mu gihe dosiye ye iri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha mu gihe cyagenwe

Umugabo w’imyaka 53 akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 10 ufite ikibazo cyo kutavuga neza. Read More »

Kicukiro umugabo yagushije imodoka muri rigori yemerera abamotari ibihumbi 50 ngo bayikuremo, bakiyigeza hejuru ahita yiruka yibagirwa ko yazanye n’umugore, umugore bahita bamufata nk’ingwate

Kigali mu karere ka Kicukiro umurenge wa Kigarama muri Zuba ahazwi nko mu Gihene, umugabo yataye umugore we mu maboko y’abamotari. Uyu mugabo bivugwa ko yari yatwaye yasinze, yagushije imodoka muri rigori, asaba abamotari n’abandi bagabo ko bamufasha, ariko abemerera ibihumbi 50 rwf. Ubwo imodoka yamaraga kuvamo, umugabo yahise ayicana ariruka, gusa yibagirwa ko yari

Kicukiro umugabo yagushije imodoka muri rigori yemerera abamotari ibihumbi 50 ngo bayikuremo, bakiyigeza hejuru ahita yiruka yibagirwa ko yazanye n’umugore, umugore bahita bamufata nk’ingwate Read More »

Kigali umwana wa Afande yibye imbunda ya Se arirasa ahita ahasiga umuzima.

Urupfu rw’umusore w’imyaka 24 wo mu rugo rw’umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel rukomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru ducyesha UMUSEKE avuga ko uyu mwana w’umusore uri mu kigero k’imyaka 24 yibye imbunda ya Se yo mu bwoko bwa pisitoli akayijyana mu nzu yo hanze akirasa. Amakuru akomeza avuga ko ibi byabereye mu Murenge

Kigali umwana wa Afande yibye imbunda ya Se arirasa ahita ahasiga umuzima. Read More »