wex24news

Ndagijimana Samuel

congo yakwirakwije abasirikare bayo k’imipaka ya yabimwe m’ubihugu bihana imipaka.

Mu gihe mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kuba indiri y’imitwe y’itwaje intwaro ikomeza guhungabanya umutekano muri iki gihugu ngo ubuyobozi bwategetse ko abasirikare bagota uyu mupaka mu rwego rwo kwirinda ko hagira inyeshyamba ziva muri ibi bihugu zinjira muri Congo kubongerera umutwaro ku wo bafite. Igisirikare cya Congo, FARDC, cyakajije izi […]

congo yakwirakwije abasirikare bayo k’imipaka ya yabimwe m’ubihugu bihana imipaka. Read More »

congo:abasirikare b’inzererezi bafatiwe ibihano.

Umugi wa Goma ubu urimo kubarizwamo uruhumbirirajana rw’abasirikare ba FARDC na Wazalendo bahora bazerera mu mihanda, ibi bikababyaratije umurindi ubwicanyi burimo kuba muri uyu mugi, gusa ngo ubu buzererezi bwabujijwe. Ibi byatangarijwe ku ngoro y’urukiko rwa gisirikare ruherereye i Goma aho kuri uyu wa 16 Mata 2024, perezida w’urukiko rw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Colonel Kabeya

congo:abasirikare b’inzererezi bafatiwe ibihano. Read More »

leta zunze ubumwe z’amerika zatangaje ko zigiye gufatira iran ibihano.

N’ubwo benshi mu bategetsi b’isi bari basabye Israel kutihorera ku ma bombs na za Misiles byinshi byatewe na Iran muri Israel, IDF, Igisirikare cya Israel cyarahiriye kwihorera. Ku ruhande rwa Israel bavuga ko Misiles zigera kuri 300 ari zo zatewe ku butaka bwayo, hatabariwemo za ndege zitagira abapilote, drones. Iran ivuga ko yakoze ibi mu

leta zunze ubumwe z’amerika zatangaje ko zigiye gufatira iran ibihano. Read More »

ikibazo cy’aborozi b’inka mu burundi gikomeje kuba agateranzamba.

Ababazi b’inka mu Burundi bavuga ko inka zihenze cyane bikaba bigoye kuba barekeraho igiciro cyari gisanzwe cy’inyama aho cyaguraga amafranga y’ amarundi ibihumbi cumi na bitanu (15000 FBU) ku kilo. Ababaga inka bavuga ko iryo zamuka ry’ibiciro by’inyama ahanini biterwa n’ifaranga ry’uburundi ryataye agaciro,n’imisoro bagenda bishyura kuri za bariyeri banyuzaho izo nka. Ku wa mbere,

ikibazo cy’aborozi b’inka mu burundi gikomeje kuba agateranzamba. Read More »

Ku Bitaro Bikuru bya Kibuye i Karongi, hari gutagwa serivise z’ubuvuzi abahagana bashimye uko bari kwakirwa.

Inzobere z’abaganga bo mu Ngabo z’u Rwanda zaturutse mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe ni zo zirimo gutanga ubuvuzi butandukanye abaturage bemeza ko batari basanzwe babona aho bivuriza. Umwe muri aba baturage wavuye ku Nkombo mu Karere ka Rusizi, Nyiransabimana Alphonsina ushaka kwivuza uburwayi bwo mu nda amaranye imyaka itanu, yavuze ko amaze kujya mu

Ku Bitaro Bikuru bya Kibuye i Karongi, hari gutagwa serivise z’ubuvuzi abahagana bashimye uko bari kwakirwa. Read More »

Umutoza Xavi wa FC Barcelona yibasiye umusifuzi István Kovács ukomoka muri Romania,wabasifuriye bakina na PSG.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ibyiringiro bya Barcelona byo gukomeza muri 1/2 cya Champions League byarangiye ubwo yatsindwaga na Paris Saint-Germain ibitego 6-4 muri kimwe cya kane cy’irangiza ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri. Umutoza Xavi yatunga urutoki umusifuzi ko ariwe watumye batsindwa. Uyu mutoza yavuze ko Araujo yahawe ikarita idakwiriye ku

Umutoza Xavi wa FC Barcelona yibasiye umusifuzi István Kovács ukomoka muri Romania,wabasifuriye bakina na PSG. Read More »

muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hateganyijwe amatora y’abasenateri n’abayobozi b’intara.

Byatangajwe n’umunyamategeko mukuru w’urukiko rw’ubujurire rwa Cassation bwana Firmin Mvonde, aho yavuze ko uyu mwanzuro wafashwe hirindwa ko haba uburiganya muri aya matora. Mvonde yabwiye Komisiyo y’amatora (CENI), gukorana bya hafi n’ubutabera kugirango hirindwe uwashaka kuzana amanyanga haba mu kwiba amajwi cyangwa ubundi buriganya ubwaribwo bwose. Kubuza ikoreshwa rya telefoni n’ibindi bifite umumaro nk’uwayo, ngo

muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hateganyijwe amatora y’abasenateri n’abayobozi b’intara. Read More »

ikibuga cy’indege cya Birmingham cyafunzwe nyuma yuko ubwongereza bwikanze igitero cy’iterabwoba.

Ubwo iyi ndege yahagagurukaga i Birmingham yerekeza i Belfast, umupilote wayo yaje gucyeka ko harimo ikintu gishobora guhungabanya umutekano w’abagenzi maze ahita ayisubiza ku kibuga cy’indege igitaraganya. Ubwo indege yagarukaga ku kibuga cy’indege cya Birmingham, abashinzwe gutegurura ibisasu bahise baza kureba niba cyaba ari igisasu nk’uko byari byaketswe, ni nako iki kibuga cy’indege cyahise gihagarikwa

ikibuga cy’indege cya Birmingham cyafunzwe nyuma yuko ubwongereza bwikanze igitero cy’iterabwoba. Read More »

umwe mubakinnyi bari bafatiye runini Kiyovu Sports yayisabye ko batandukana.

Nkuko amakuru dukesha IGIHE abitangaza,Ku wa Kabiri, tariki ya 16 Mata 2024, uyu Munya-Sénégal yandikiye Kiyovu Sports, anamenyesha Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ko yasheshe amasezerano yari afitanye n’iyi kipe yo ku Mumena. Ati “Nshingiye ku kuba mutarubahirije ingingo ya 11 mu masezerano y’imyaka itatu nari nasinye, aho maze amezi abiri ntahembwa kandi nkaba

umwe mubakinnyi bari bafatiye runini Kiyovu Sports yayisabye ko batandukana. Read More »

Minisitiri w’Intebe mushya wa  Congo, Judith Suminwa, yashyize ahagaragara igitekerezo cya guverinoma igizwe n’abaminisitiri 45.

Laurent Batumona umwe mu bagize uru rubuga yagize ati “Tumaze kuganira na Minisitiri w’intebe ku bijyanye no gushyiraho guverinoma. Yasabye guverinoma igizwe n’abaminisitiri 45. Mu guteza imbere ubumwe bw’igihugu no kwirinda gutandukana, twibwira ko ashobora kongera gusuzuma aho ahagaze. Hanyuma twaganiriye kuri gahunda ya leta. Twagaragaje ibyifuzo byacu kugirango byinjizwe muri gahunda. Yatumenyesheje igipimo kiri

Minisitiri w’Intebe mushya wa  Congo, Judith Suminwa, yashyize ahagaragara igitekerezo cya guverinoma igizwe n’abaminisitiri 45. Read More »