wex24news

Ndagijimana Samuel

Kuri ubu abasore bakunda Shaddyboo bose bakomeje guhezwa kure y’urukundo rwabo kubera ubushobozi bucye, ubushobozi bucye ntibushobora gutuma hari uwaterera ivi Shaddyboo.

Mu minsi yashize Shaddyboo yigize gutangaza ko nta musore ushobora kumuterera ivi atabasha kujya kubikorera aho yifuza. Shaddyboo yavuze ko yifuza ko umusore wamuterera ivi yabikorera ku munara w’i Paris uzwi nka the Eiffel Tower cyangwa la Tour Eiffel. Ubwo Shaddyboo yabazwaga kuri iyi ngingo niba itazabangamira abasore bigatuma bamutinya, yavuze ko umusore utabasha kuzuza […]

Kuri ubu abasore bakunda Shaddyboo bose bakomeje guhezwa kure y’urukundo rwabo kubera ubushobozi bucye, ubushobozi bucye ntibushobora gutuma hari uwaterera ivi Shaddyboo. Read More »

Mu mafoto ihere ijijo imiterere n’uburanga by’umukobwa ugiye guhagararira u Rwanda muri Miss Planet International ku isi

Miss Planet International ni irushanwa rihuriramo abakobwa baturutse mu mande zose z’isi, ndetse ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro yaryo ya kane. Kuri iyi nshuro iri rushanwa rizabera muri Cambodia, ndetse ni ku nshuro yambere Umunyarwanda aryitabiriye. Kuri ubu u Rwanda ruzaba ruhagarariwe n’umukobwa witwa Yvonne Kabarokore  uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Ïvy. Akaba asanzwe

Mu mafoto ihere ijijo imiterere n’uburanga by’umukobwa ugiye guhagararira u Rwanda muri Miss Planet International ku isi Read More »

Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo guterwa indobo n’umusore wari waramwambitse impeta, kuri ubu aryohewe n’urukundo.

Umukobwa wamenyekanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, Mwiseneza Josiane waje no kwegukana ikamba rya miss wakunzwe kurusha abandi, yatangaje ko ari mu rukundo. Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, Josiane yatangaje ko nyuma yo gutandukana n’umusore bahoze bakundana, ko kuri ubu afite undi. Yavuze ko uwo bari kumwe bamaranye imyaka 2 bakundana, gusa

Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo guterwa indobo n’umusore wari waramwambitse impeta, kuri ubu aryohewe n’urukundo. Read More »

Tamale yatangaje ko yifuza gutereta Zari Hassan akamwambura umugabo we.

Tamale Mirundi Junior yahishuye ko yifuza gukundana na Zari Hassan uherutse gukora ubukwe na Shakin Cham Lutaaya. Uyu musore umaze kwamamara kumbuga Nkoranyambaga, yemeje ko amaze igihe ying ereza Zari Hassan kugeza ubwo yaje kumwiyumvamo nk’umugore w’inzozi ze. Tamale wifuza umugore w’abandi aganira n’ibinyamakuru byo muri Kenya [ YouTubers] , yemeza ko adashidikanya ku bushobozi

Tamale yatangaje ko yifuza gutereta Zari Hassan akamwambura umugabo we. Read More »

Oda Paccy yahaye abafana be ubutumwa bukomeye

Umuhanzikazi Oda Paccy anyuze kumbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ubutumwa yahawe n’uwo yise umuvandimwe gusa abivuga agamije kwigisha rubanda. Oda Paccy yagize ati:” Naganiriye n’umuvandimwe , arambwira ati hari ubwo ubuzima bugushuka ko bizagenda neza nawe ukadamarara koko , ukibagirwa uwo uriwe n’umwanya wawe , agaciro kawe , uko ufata abandi n’uko ufatwa n’abandi. Nuko arambwira

Oda Paccy yahaye abafana be ubutumwa bukomeye Read More »

Pamella yanze kuryama arara amajoro kugirango asuke imitoma ku mukunzi we ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko

Murukererarwo 2 tariki ya 9 Mutarama nibwo The Ben yagize isabukuru ye y’amavuko, The Ben kuri ubu yujuje imyaka 37 y’amavuko.Pamella yabyutse asangiza amashusho yishimanye na The Ben, ubundi amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko ndetse amutera imitoma irimo ni ndirimbo. Pamella yagize ati “Isabukuru nziza y’amavuko HUBBY WUBBY wange mwiza! “. Pamella yakomeje amubwira ko kuba

Pamella yanze kuryama arara amajoro kugirango asuke imitoma ku mukunzi we ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko Read More »

Shaddyboo yibajije impamvu umukobwa wirwanyeho ahindurwa indaya.

ShaddyBoo yabajije abamukurikira ikibazo gisa n’igikomeye , gusa yerekeza kubapfobya ubushobozi bw’umugore n’umukobwa. Umunyarwandakazi uri mu bashabitsi u Rwanda rufite yabajije abamukurikira impamvu sosiyete ifata umukobwa wirwanyeho nk’udashobotse rimwe na rimwe agafatwa nk’ihabara ,umurozikazi n’ibindi.Nyuma yo gushyira aya magambo kumbuga nkoranyambaga ze, abamukurikira bagerageje kumusubiza. Muri ubu butumwa Shaddyboo yagize ati:”Ese ni kuki , iyo

Shaddyboo yibajije impamvu umukobwa wirwanyeho ahindurwa indaya. Read More »

Bushali n’umugore we barangaje abantu mu bukwe bwa Kimenyi Yves na Muyango Claudine.

Mu bukwe bwa Miss Muyango Cloudine  n’umukinnyi Kimenyi Yves bwabaye kuri uyu wa 6 Taliki 6 mutarama 2024, bwitabiriwe n’ibyamamare harimo bamwe bagiye batungurana. Muri abo batunguranye harimo umuhanzi Bushali waserukanye n’umugore we ndetse bakaba bari mu bantu barangaje abantu benshi mu bukwe kubera ubwisanzuro n’urukundo bari bafite. Muri ubu bukwe kandi harimo ibindi byamamare

Bushali n’umugore we barangaje abantu mu bukwe bwa Kimenyi Yves na Muyango Claudine. Read More »