wex24news

Ndagijimana Samuel

Kigali: Urukuta rw’ahahoze Hotel Le Printemps rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya – AMAFOTO

Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko ahahoze Hotel Le Printemps, urukuta rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya. Muri abo bantu 12 rwagwiriye, umuntu umwe niwe umaze kumenyekana ko yaguye muri iyi mpanuka. Ni mu gihe abandi bakomeretse bo bahise bajyanywe kwa muganga igitaraganya kugira ngo bitabweho.

Kigali: Urukuta rw’ahahoze Hotel Le Printemps rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya – AMAFOTO Read More »

byakomeye kuri APR FC yitegura umukino wa 1/2 cya Mapinduzi cup.

Ikipe ya APR FC ifite icyibazo gikomeye cyuko ishobora gukina umukino ifitanye na Mlandege FC yo muri Zanzibar nubundi hari kubera imikino ya Mapinduzi cup idafite Rutahizamu wayo umaze kubatsindira ibitego 3 mu mikino 4, Victor Mbaoma ufite ikibazo cy’imvune. ni icyibazo cy’imvune yagize ku mukino ikipe ya APR FC yatsindagamo Yanga Africans ibitego 3

byakomeye kuri APR FC yitegura umukino wa 1/2 cya Mapinduzi cup. Read More »

Amafoto y’umukinnyi mushya ikipe ya Rayon sports igiye kuzana.

Nyuma yuko ikipe ya Rayon sports itandukanye n’umuzamu wayo Hakizimana Adophe warurangije Amasezerano ariko ntiyifuze kumwongerera Amasezerano nkuko uyu mukinnyi yabyifuzaga ikipe ya Rayon sports yasise ishaka undi muzamu yamusimbuza. ikipe ya Rayon sports kuri uyu wa 2 biteganyijweko iribwakire umuzamu wayo mushya ukomoka muri Senegal w’imyaka 27 y’amavuko akaba afite metero 1 na santimentero

Amafoto y’umukinnyi mushya ikipe ya Rayon sports igiye kuzana. Read More »

umuhanzi nyarwanda aline yasohoye indirimbo ye yise warambabaje.

Umuhanzikazi Aline yashyize hanze indirimbo yise Warambabaje yumvikanamo uburyo yatengushywe n’umukunzi we yari yareguriye umutima we wose ariko bikarangira amubabaje. Iyi ni indirimbo yakoze akuye inganzo ku nkuru mpamo yamubayeho akizera umukunzi we akamwegurira umutima we ariko nyuma y’igihe akaza kumuhemukira akamubabaza cyane.Agahinda yatewe n’umukunzi we, niko kashibutseho inganzo akoramo indirimbo Warambabaje. Aline usanzwe akorera

umuhanzi nyarwanda aline yasohoye indirimbo ye yise warambabaje. Read More »

liliane mbabazi yerekanye impamvu yari yaratandukanye na radio

Uretse kugaruka ku buryo bari babanye mu buryo bwihariye, yagarutse ku bihe bitoroshye banyuranyemo byanaje kuvamo umwanzuro wo gutandukana. Avuga ko bombi ibi babihisemo ku bw’ejo hazaza heza h’abana babo. Mu magambo ye Lilian Mbabazi yagize ati”Nakunze Mowzey n’umutima wanjye wose gusa hari ubwo twisanze mu bihe bikomeye njyewe na we kandi njye nifuzaga ko

liliane mbabazi yerekanye impamvu yari yaratandukanye na radio Read More »

Uwicyeza Pamella yagaragaje ubwuzu afitiye The Ben n’ababashyigikiye.

Nyuma y’ubukwe bwabo Miss Uwicyeza Pamella, yagaragaje ko afite amashimwe ku Mana , yifuriza umwaka mushya ababateye ingabo mu bitugu. The Ben na Pamella barangije umwaka wa 2023 ari umugore n’umugabo nyuma y’imyaka bakundana.Ni ibirori bitazibagirana mu myidagaduro Nyarwanda aho tariki 15 na 25 Ukuboza 2023, byari umunezero ku nshuti n’imiryango yabo bombi. Miss Uwicyeza

Uwicyeza Pamella yagaragaje ubwuzu afitiye The Ben n’ababashyigikiye. Read More »

byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore wu munyamafaranga.

ku munsi wejo hashi tariki 7 Mutarama 2024 nibwo hagiye amakuru hanze yuko umukinnyi w’imyaka 31 y’amavuko, wakiniye amakipe nkaRed Bull Salzburg,Southampton , Liverpool na Bayern Munich ubu akaba akinira Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Senegal Bakunda gutazira ” the Teranga Lions star” yakoze ubukwe mwibanga. Sadio Mané wavunzwe mu Rukundo n’Abakobwa batandukanye harimo

byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore wu munyamafaranga. Read More »

Amateka yanditswe! APR FC yafashe Yanga Africans yo muri Tanzania iyitsinda nk’idahari Mbaoma yongera gushimangira ko ari rutahizamu udasanzwe 

Mu ijoro rya cyeye nibwo ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC yaraye ihannye ikipe ya Yanga Africans mu mikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup iri kubera Zanzibar muri Tanzania n’umukino utari woroshye habe na gato dore ko Yanga ariyo yatangiye itsinda igitego cya mbere ku munota wa 23 w’umukino abantu batangira gutekereza ko APR FC igiye kubonera

Amateka yanditswe! APR FC yafashe Yanga Africans yo muri Tanzania iyitsinda nk’idahari Mbaoma yongera gushimangira ko ari rutahizamu udasanzwe  Read More »

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk’idahari -AMAFOTO.

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yanyagiyemo Yanga Africans imvura yibitego. Mu mikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup iri kubera Zanzibar muri Tanzania APR FC ikomeje guhesha ishema igihugu cy’u Rwanda dore ko mu ijoro ryo ku wa 07 mutarama yaraye yihereranye ikipe ya Yanga Africans

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk’idahari -AMAFOTO. Read More »

Itangazo ryihutirwa rya Polisi y’igihugu ku bakoreshaga umuhanda Karongi – Nyamasheke bose.

Polisi y’igihugu iramenyesha abantu bose bakoreshaga umuhanda Karongi – Nyamasheke ko uyu muhanda wabaye ufunzwe by’agateganyo kubera Ibiza byatejwe n’imvura yaguye kumunsi wejo. Iyi nkangu yabereye mu Murenge wa Gishyita ahazwi nka Dawe Uri mu Ijuru.Abasanzwe bakoresha uyu muhanda polisi yabagiriye inama yo gukoresha umuhanda Kigali-Huye-Nyamagabe-Nyamasheke ntibongere guca aho bacaga kungeza igihebazabimenyesherezwa.

Itangazo ryihutirwa rya Polisi y’igihugu ku bakoreshaga umuhanda Karongi – Nyamasheke bose. Read More »