wex24news

Ndagijimana Samuel

Shakib Cham yavuze ko gushyingirwa na Zari aricyo kintu yagezeho muri 2023.

“Gushakana na Zari Hassan nicyo kintu nagezeho mu buzima bwanjye muri 2023” ! Shakib Lutaaya Uyu mugabo yavuze ko mu mwaka wa 2023 yageze kuri byinshi gusa agaragaza ko ikintu gikomeye yagezeyo ari ugushakana na Zari Hassan bagakora ubukwe. Aba bombi bakomeje gukundana na nyuma yo gusezerana babihamisha imbuga nkoranyambaga .Shakib yavuze ko kubana na […]

Shakib Cham yavuze ko gushyingirwa na Zari aricyo kintu yagezeho muri 2023. Read More »

Umukobwa wabaye Miss wa Namibia ashaka kuba Perezida.

Nyampinga wa Namibia 2022 yongeye kugaragaza ko yifuza kuba Perezida w’Igihugu gusa agaragaza impungenge z’uko akiri muto. Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze Cassia Sharpley, yabwiye abamukurikira ko vuba aha arabasangiza iby’urugendo rumweremeza mu matora ati:” Vuba ndabasangiza urugendo rwanjye rwerekeza ku kuba Perezida wa Repubulika ya Namibia” Nubwo benshi bahise bamwibutsa ko itegeko nshinga ry’iki gihugu

Umukobwa wabaye Miss wa Namibia ashaka kuba Perezida. Read More »

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we -Amafoto

Rusanganwa Norbert [Kenny Sol] nyuma yo kwambika impeta no gufata irembo, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Tunga Kunda Alliance Yvette bamaze igihe bakundana. Kenny Sol yahamije isezerano rye n’umukunzi we Kunda, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2024 mu Murenge wa Nyakabanda mu Mujyi wa Kigali.

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we -Amafoto Read More »

umuhanzi Kenny Sol yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga

Amafoto yashyizwe hanze na Kunda agaragaza ko yamaze kwemerera Kenny Sol kumubera umugore. Yagiye hanze mu gihe aba bombi biteguye guhamya isezerano ryabo imbere y’amategeko ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mutarama 2024. Uyu mukobwa ubusanzwe yitwa Kunda Alliance Yvette akaba akubutse mu Bushinwa aho yigaga. Urukundo rwa Kunda Alliance Yvette na Kenny Sol bagerageje

umuhanzi Kenny Sol yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga Read More »

ekipe imwe murwanda yibye Dendo yari iri mu magi barayibaga barayirya none ba nyirayo bari gutaka.

Ku muyumbu, haravugwa inkuru y’abakinnyi bibye dendo y’abandi barayirya. Urugo ruturanye n’aho abakinnyi ba ADAX FC rurabarega kurya dendo yarwo yarariraga amagi 12. Ni mu kagari ka Akinyambo, umudugudu wa Rugarama. Ba nyiri dendo bavuga ko barimo gusaba nyir’ADAX FC, ari we Juvenal Mvukiye ngo arihe iyo dendo. Ba nyiri Dendo bavuga braza kujugunya ayo

ekipe imwe murwanda yibye Dendo yari iri mu magi barayibaga barayirya none ba nyirayo bari gutaka. Read More »

umwicanyi ruharwa Kazungu Denis Urubanza twe rukomeje kugorana mu rukiko

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza ruregwamo Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi, rwari ruteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, biturutse ku busabe bw’Ubushinjacyaha kuko yari afite imanza ebyiri basaba ko zahuzwa. Kazungu Dennis wari uri gukurikiranwa mu nkiko aregwa ibyaha birimo ubwicanyi bw’abantu bagera kuri 14 yarezwe n’urundi rubanza rwo

umwicanyi ruharwa Kazungu Denis Urubanza twe rukomeje kugorana mu rukiko Read More »

Kapiteni mushya wa APR FC yatanze ubutumwa bukomeye

Kapiteni mushya wa APR FC yatanze ubutumwa bukomeye Niyomugabo Claude uherutse kugirwa Kapiteni wa APR FC, yatangaje ko Simba SC ari ikipe nk’izindi batsinda, kandi ko bishoboka ko bakwegukana igikombe. Mu myitozo ibanziriza iya nyuma itegura umukino wa APR FC naSimba, Niyomugabo Claude usigaye ari Kapiteni wa APR FC yabwiye itangazamakuru ko biteguye Simba SC

Kapiteni mushya wa APR FC yatanze ubutumwa bukomeye Read More »

Hagati ya APR FC na AS Kigali harimo ikipe itazakomeza! Uko amakipe azacakirana muri 1/8 mu mukino y’igikombe cy’Amahoro .

Hagati ya APR FC na AS Kigali harimo ikipe itazakomeza! muri 1/8 mu mukino y’igikombe cy’Amahoro. Dore ko amakipe azahura mu mikino y’igikombe cy’Amahoro mu mikino ya 1/8 aho ikipe ya APR FC izesurana n’ikipe ya AS Kigali naho Rayon Sports igacakirana na Interforce FC: 1. Vision FC izahura na Musanze FC 2. Gorilla FC

Hagati ya APR FC na AS Kigali harimo ikipe itazakomeza! Uko amakipe azacakirana muri 1/8 mu mukino y’igikombe cy’Amahoro . Read More »

Moussa Esenu yamaze gutangaza ko atazakomezanya na Rayon Sports yamaze kumvikana n’ikipe itajya ivuga rumwe na Gikundiro hano mu Rwanda

Moussa Esenu yamaze kwemeza ko utazakomezanya na Rayon Sports ubu yamaze kumvikana n’ikipe itajya ivuga rumwe na Gikundiro hano mu Rwanda. Rutahizamu w’umugande wari umaze imyaka irenga 2 muri Rayon Sports Moussa Esenu yamaze gutangaza ko atazakomezanya n’iyi kipe yari asigajemo ukwezi kumwe gusa akarangiza amasezerano bari bafitanye. Ku munsi wejo nibwo twabatangarije ko ubuyobozi

Moussa Esenu yamaze gutangaza ko atazakomezanya na Rayon Sports yamaze kumvikana n’ikipe itajya ivuga rumwe na Gikundiro hano mu Rwanda Read More »

Kimironko hasezeraniye umugabo wambaye ijipo itaratse bicyekwa ko ari umutinganyi.

Nibisanzwe umwe mumirenge yagasabo yasezeranyije umugabo wambaye ijipo itaratse bicyekwa ko ari abatinganyi. Ibi byabaye kumusi wejo taliki 4 mutarama2023 ibi byabereye Mu Murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo. Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amafoto y’umugabo wagiye gusezerana imbere y’amategeko yambaye ijipo. Uyu mmugabo ukomoka hanze y’u Rwanda ariko wari wasezeranye n’umukobwa

Kimironko hasezeraniye umugabo wambaye ijipo itaratse bicyekwa ko ari umutinganyi. Read More »