wex24news

Ndagijimana Samuel

Amis Cedric wahembwaga akayabo mu Barabu yateye ubwoba ubuyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo kwaka akayabo iyi kipe kumuha byagorana

Hashize iminsi ikipe ya Rayon Sports bivuzwe ko ishaka rutahizamu Amis Cedric wakanyujijeho n’ubundi muri iyi kipe mu myaka ishize ariko kugeza ubu bikaba ntakirakorwa. Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwagiranye ibiganiro n’uyu mukinnyi ndetse uyu mukinnyi aza gutangaza ko mu minsi micye arerekeza muri Rayon Sports abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze kuko yabonaga ibiganiro bimeze […]

Amis Cedric wahembwaga akayabo mu Barabu yateye ubwoba ubuyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo kwaka akayabo iyi kipe kumuha byagorana Read More »

Gicumbi: Umukozi w’Umurenge yatabawe ashaka kwiyahura.

Habakurama jean Paul w’imyaka 41,ushinzwe kwakira abantu (Customer care) mu biro by’Umurenge wa Ruvune, yakangishije umugore we basanzwe bafitanye amakimbira ko yakwiyahura. Uyu Habakurama jean Paul mu ijoro rya tariki ya 3 Mutarama 2024,yagiranye ikibazo n’umugore we ndetse amubwira ko yakwiyahura. uyu mugabo ngo yumvikanye, ahamagara call center ya polisi ,maze nayo iratabara hakiri kare.

Gicumbi: Umukozi w’Umurenge yatabawe ashaka kwiyahura. Read More »

Vestine na Dorcas barashijwa kubuza ibirayi aba-youTubers b’i Burundi ?

Nyuma yo gukora igitaramo i Burundi , Vestine Dorcas babaye inshiroryimigani nyuma y’aho abanyamakuru biburundi bose bafashe amashusho y’igitaramo cyabo bakabuzwe amahirwe yo kubona amaronko muri ayo mashusho. Ibi byatangajwe n’aba banyamakuru biburundi kuva mu masaha y’umugoroba  wo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Mutarama 2023.Ubwo aba bakobwa bageraga muri iki gihugu, ku kibuga cy’indege,

Vestine na Dorcas barashijwa kubuza ibirayi aba-youTubers b’i Burundi ? Read More »

Amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’Abakinnyi muri Manchester united ikomeje kwifuza abakinnyi benshi bayandi makipe.

Ikinyamakuru bita daily mail kiratangaza ko Manchester united ishaka kongerera Amasezerano umukinnyi wayo ukina yugarira Aaron Wan-Bissaka bakanjya bamuhemba £360,000 birenga ‬ku kwezi. Ikinyamakuru bita Sky sports kiratangaza ko umusore wa Manchester united Jadon Sancho ikipe ya Dortmund yavuyemo muri 2021 yifuza ko yaba yarangije ibiganiro na Manchester united kugirango mu cyumweru gitaha uyu musore

Amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’Abakinnyi muri Manchester united ikomeje kwifuza abakinnyi benshi bayandi makipe. Read More »

Uyu munsi taliki 4 mutarana 2024 ni umunsi wihariye detse utazava mumitwe yaba bombi,Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango.

Uyu munsi ni umunsi w’ibitangaza kuri Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango, ntibazawibagirwa. Kuri uyu munsi tariki ya 4 Mutarama 2024 ni umunsi ugiye kuba umwe mu minsi itazibagirana mu buzima bwa Kimenyi Yves ndetse n’umugore we Miss Uwase Muyango. Kuri iyi tariki 4 Mutarama 2024 nibwo Uwase Muyango ndetse na Kimenyi Yves bagiye kurushinga

Uyu munsi taliki 4 mutarana 2024 ni umunsi wihariye detse utazava mumitwe yaba bombi,Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango. Read More »

nigeria: Umugabo yishe mukuru we yamusabye ko batera akabariro ahitamo kumutema paka inzogera yirenze

Ibi byabaye kumunsi wejo nkuko byakomeje kugarukwaho nibinyamakuru bitadukanye byo muri iki gihungu. Muri Nigeria haravungwa inkuru y’u Mugabo witwa Ibrahim Salimu wishe mukuru we akoresheje umuhoro. nkuko ikinyamakuru Toring kibitangaza cyivuga ko uyu mugabo yishe mukuruwe amuziza ko yamuhozaga kuncyecye amusaba ko baryamana , maze uyu mugabo Ibrahim Salimu agafata umwanzuro wo gutemagura mukuruwe

nigeria: Umugabo yishe mukuru we yamusabye ko batera akabariro ahitamo kumutema paka inzogera yirenze Read More »

Junior Giti yatawe muri yombi ubwo yageraga i Bunjumbura aherekeje umuhanzi we Chris Eazy mugitaramo bari bagiyemo

Mu minsi ishize i Burundi habereye ibitaramo by’abahanzi bo mu Rwanda bari bagiye kwizihirizayo iminsi mikuru yo gusoza umwaka wa 2023 binjiza abakunzi b’umuziki wabo mu wa 2024. Chris Eazy nawe wari wagiye muri iki gihugu ntibyamworoheye kuko mbere amasaha make ngo igitaramo kibe, ikipe yari yamuherekeje yose yatawe muri yombi mu gihe cy’amasaha hafi

Junior Giti yatawe muri yombi ubwo yageraga i Bunjumbura aherekeje umuhanzi we Chris Eazy mugitaramo bari bagiyemo Read More »

ubuyobozi bukuru bwa rayon buyobewe na Uwayezu Jean Fidèle uyobora Gikundiro yamaze gufata umwanzuro ku mutoza mukuru wa Rayon Sports

wayezu Jean Fidèle ndetse n’abo bayoborana muri Rayon Sports bamaze gufata icyemezo ntakuka ku mutoza ukomoka muri Mauritania, Mohamed Wade ko ari we ugomba gutoza Rayon Sports kugeza umwaka w’imikino wa 2023-24. Nyuma yuko Rayon Sports isezereye umutoza mukuru wayitozaga, Yamen Zelfan wumunyamaha guturukamuri ukreine, mu gushaka umusimbura, bahise bajya gushaka umutoza umenyereye shampiyona y’u

ubuyobozi bukuru bwa rayon buyobewe na Uwayezu Jean Fidèle uyobora Gikundiro yamaze gufata umwanzuro ku mutoza mukuru wa Rayon Sports Read More »

Umuhanzikazi Lydia Jazmine yagaragaye yambaye ubusa hejurunone akomeje guca igikuba kumbugankoranyambaga.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Lydia Jazmine Umuhanzikazi ukomoka muri Uganda yasangije amafoto yatangaje benshi ndetse aca igikuba mu bamukurikira detse na bafana be. Uyu muhanzikazi ubwo yasangizaga aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga, abafana be bamugaye cyane bavuga ko ibyo yakoze atari byo kandi bari bamuzi nk’umuntu w’iyubaha, gusa ubwo uyu muhanzi yajyaga kubasubiza yababwiye

Umuhanzikazi Lydia Jazmine yagaragaye yambaye ubusa hejurunone akomeje guca igikuba kumbugankoranyambaga. Read More »