wex24news

Ndagijimana Samuel

Abakinnyi 3 ba Rayon Sports bagaragarije agasuzuguro umutoza none umutoza Mohamed Wade yafashe umwanzuro wo kutazongera kubabanza mu kibuga

Ikipe ya Rayon Sports imaze iminsi irimo ikora imyitoza abakinnyi batandukanye b’abanyamahanga badahari kubera ko bari baragiye mu biruhuko muhungu babo. Muri abo bakinnyi harimo Heritier Luvumbu Nzinga, Joachiam Ojera, Moussa Esenu, Charles Bbaale, Mvuyekure Emmanuel, Aruna Moussa Madjaliwa ndetse n’abandi. Muri aba banyamahanga, wex24news twamenyeko abagande barimo Joachiam Ojera, Charles Bbaale ndetse na Moussa […]

Abakinnyi 3 ba Rayon Sports bagaragarije agasuzuguro umutoza none umutoza Mohamed Wade yafashe umwanzuro wo kutazongera kubabanza mu kibuga Read More »

Mvukiyehe Juvénale yareze Ndorimana Jean François Régis ’Général wamushinjije amarozi yahawe abakinnyi ba Kiyovu Sports.

Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, azitaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa Kane, tariki 4 Mutarama 2024, nyuma yo kuregwa na Mvukiyehe Juvénal yashinje uruhare mu kuroga iyi kipe yayoboraga. Kiyovu Sports Limited yayoborwaga na Mvukiyehe Juvénal n’Umuryango Kiyovu Sports uyoborwa na Ndorimana Jean François Régis ’Général’, byombi byafatanyaga

Mvukiyehe Juvénale yareze Ndorimana Jean François Régis ’Général wamushinjije amarozi yahawe abakinnyi ba Kiyovu Sports. Read More »

Umwe mu batoza beza u Rwanda rufite yigiriye hanze y’u Rwanda.

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Umutoza wahoze atoza sunrise FC yo mucyiciro cya 1 muri shampiyona y’u Rwanda ndetse akaba n’umusesenguzi kubijyanye na Ruhago. Akaba yarakoze ku bitangazamakuru bitandukanye hano mu Rwanda harimo B&B FM ndetse na RBA yerekeje muri Canada. akaba ajyiye kongera amasomo y’ubutoza kugira ngo akomeze kubukorana ubunararibonye. Muhire Hassan bivungwa ko

Umwe mu batoza beza u Rwanda rufite yigiriye hanze y’u Rwanda. Read More »

Liverpool na Real Madrid ziri kurwanira Mbappé

Igura n’igurisha ry’abakinnyi rihagaze gute i Burayi. Amakipe ya Real Madrid na Liverpool ari kurwanira rutahizamu ukomeye wo mu gihugu cy’Ubufaransa Kylian Mbappé w’imyaka 25 y’amavuko. Muri uku kwezi kwa Mbere uyu musore afite uburenganzira bwo kuba yakinira kipe iyo ariyo yose kubera ko amasezerano ye azaba yarangiye. Kylian Mbappé mu gihe yaba agiye muyindi

Liverpool na Real Madrid ziri kurwanira Mbappé Read More »

Mu rwego rwo kwitegura imikino yo kwishyura ya shampiyona no kwakira abakozi bashya b’ikipe, abayobozi ba AS Kigali basangiye n’abakozi bose b’ikipe.

Ni igikorwa cyabaye ku wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024, kibera mu gace k’i Nyamirambo. Abayobozi babanje kwakira umutoza mushya, Guy Bukasa n’umunyezamu, Hakizimana Adolphe, ndetse bahabwa ikaze mu kipe ya bo nshya. Nyuma yo kwakira aba bakozi bashya, habayeho ibiganiro hagati y’ubuyobozi, umutoza ndetse n’abakinnyi, bafata ingamba zo kuzitwara neza mu mikino yo

Mu rwego rwo kwitegura imikino yo kwishyura ya shampiyona no kwakira abakozi bashya b’ikipe, abayobozi ba AS Kigali basangiye n’abakozi bose b’ikipe. Read More »

mukarere ka nyanza Umugabo yanizwe n’intongo y’inyama.

K’ubunani tariki ya 01 Mutarama, 2024.mu Mudugudu wa Kigarama, mu Kagari ka Kibinja mu Murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza inyama yishi umugabo. Uwahaye amakuru UMUSEKE ndukesha iyi nkuru wanabonye nyakwigendera, yatangaje ko yari mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko. Uyu nyakwingedera ngo yatumiwe na mushiki we ngo bishimane k’umunsi mukuru w’Ubunani, ubwo barimo bafata

mukarere ka nyanza Umugabo yanizwe n’intongo y’inyama. Read More »

Abakobwa b’uburanga bifurije Miss Naomie wambitswe impeta kuzahirwa mu rukundo

Miss Nishimwe Naomie bamwifurije ishya n’ihirwe mu nzira nshya yerekejemo n’umukunzi we Michael Tesfay ufite inkomoko mu gihugu cya Ethiopi. Ibi byabaye ku wa 1 Mutarama 2024 aho uyu mukobwa yahise agaragaje ko atewe ishema n’urukundo yeretswe n’umukunzi we ugiye kumukura mu bakobwa akamugira umugore. Tesfay Michael nawe yagize ati:”Natangiye umwaka mushya n’urukundo rw’ubuzima bwanjye”.

Abakobwa b’uburanga bifurije Miss Naomie wambitswe impeta kuzahirwa mu rukundo Read More »

Rutahizamu uhetse Rayon Sports ashobora gusinyira ikipe isanzwe ikora mu jisho iyi kipe arimo ubuyobozi ntibutagira icyo bukora kare

Muri uku kwezi kwa mbere nibwo ikipe ya Rayon Sports irarangizanya amasezerano yari ifitanye na rutahizamu Moussa Esenu ukomoka mu gihugu cya Uganda. Uyu mukunnyi umaze gutsindira Rayon Sports ibitego bitari bicye, Amakuru aravugwa ko ashobora gusinyira ikipe ya AS Kigali imaze iminsi isinyishije n’ubundi umuzama w’iyi kipe Hakizimana Bohneur. Moussa Esenu tariki 31 mutarama

Rutahizamu uhetse Rayon Sports ashobora gusinyira ikipe isanzwe ikora mu jisho iyi kipe arimo ubuyobozi ntibutagira icyo bukora kare Read More »

Umukobwa ukora umwuga w0 kwicuruza (uburaya) yatunguranye atanga Bonane kubamubereye abakiriya bose 2023 maze hitabazwa Police kugirango igikorwa kigende neza.

Ku munsi wejo hashize tariki ya 1 Mutarama 2024, mu buyapani umukobwa usanzwe akora umwuga wo lwicuruza yahaye promosiyo abagabo bose bishimanye umwaka wose kugirango abahe Bonane abashimira ko bamubereye abakiriya beza. Uyu mukobwa usanzwe akorera murimwe mu mijyi yiki gihugu, kuri uwo munsi yahaye itangazo abakiriya be kugirango abashimire ko bamubereye abakiriya beza muri

Umukobwa ukora umwuga w0 kwicuruza (uburaya) yatunguranye atanga Bonane kubamubereye abakiriya bose 2023 maze hitabazwa Police kugirango igikorwa kigende neza. Read More »

umwe mubabaye miss w’u Rwanda Miss Nishimwe Naomie yambitswe impeta na Michael Tesfay bamaze igihe bakundana, ndetse akaba yatangaje ko bitegura gukora ubukwe.

Mu ijoro ryakeye taliki ya 1 Mutarama 2024 nibwo Michael Tesfay yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Nishimwe Naomie wabaye miss w’u Rwanda mu 2020. Nishimwe Naomie yagize ati “Sinjye uzarota mbanye nawe ubuzima bange nsigaje bwose.” Uru rukundo rw’aba bombi barumazemo imyaka ibiri kuko kuva mu 2022 ari bwo rwatangiye kumenyekana by’umwihariko kumbuga nkoranya mbaga.

umwe mubabaye miss w’u Rwanda Miss Nishimwe Naomie yambitswe impeta na Michael Tesfay bamaze igihe bakundana, ndetse akaba yatangaje ko bitegura gukora ubukwe. Read More »