wex24news

Ndagijimana Samuel

Kiyovu Sports yahumurije abafana ku bihano yafatiwe.

Perezida wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis, yaremye agatima abafana b’iyi kipe iri gusabwa miliyoni 70 Frw iherutse gucibwa na FIFA, kubera urubanza yatsinzwemo n’abakinnyi b’abanya-Sudani y’Epfo. Kuri iki Cyumweru tariki 2 Nyakanga 2023, nibwo hari hateganyijwe Inteko Rusange yagombaga gutorerwamo ubuyobozi bushya busimbura ubucyuye igihe, kugira ngo buhabwe umwanya wo kwitegura umwaka utaha […]

Kiyovu Sports yahumurije abafana ku bihano yafatiwe. Read More »

Itike za miliyoni 5Frw zashize! Ibyo wamenya ku gitaramo cy’abagore b’ikimero detse bafite agatubutse i Kigali Boss Babes .

Ni mu birori byo kumurikiramo imyiteguro ya filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi nuko babayeho. Ibi ibirori byitezwe ko bizabera ahitwa ‘Century park’ Hotel iherereye i Nyarutarama uyu munsi ku wa 29 Ukuboza 2023. Itike y’amafaranga make ku bashaka kuzitabira ibi birori iri kugura ibihumbi 30000Frw, mu gihe abazayigurira ku muryango bo bazishyura

Itike za miliyoni 5Frw zashize! Ibyo wamenya ku gitaramo cy’abagore b’ikimero detse bafite agatubutse i Kigali Boss Babes . Read More »

Immaculée na Alodie batangiye akazi mu kipe nshya rayon sportsWFC. (AMAFOTO)

Mu minsi ishize ni bwo humvikanye, amakuru yavugaga ko AS Kigali c, yatakaje abakinnyi ngenderwaho, nyuma yo kugurwa na Rayon Sports WFC bazaba bahanganiye igikombe cya shampiyona uyu mwaka. Mu minsi ishize ni bwo humvikanye, amakuru yavugaga ko AS Kigali WFC, yatakaje abakinnyi ngenderwaho, nyuma yo kugurwa na Rayon Sports WFC bazaba bahanganiye igikombe cya

Immaculée na Alodie batangiye akazi mu kipe nshya rayon sportsWFC. (AMAFOTO) Read More »

Naseeb Junior Umuhungu wa Diamond Platnumz na Tanasha Donna,yafatanyije n’abafana gushyigikira se

Umuhungu wa Diamond Platnumz na Tanasha Donna , Naseeb Junior aka, akomeje kwiyegurira imbuga Nkoranyambaga nyuma yo kugaragara ari gufana se mu gitaramo cyo gufungura Stade muri Zanzibar. Tariki 26 Ukuboza 2023 , nibwo Diamond Platnumz yagaragaye ari kumwe n’abana yabyaranye na Zari Hassan [ Nillan , Tiffah ] n’uwo yabyaranye na Tanasha Donna [

Naseeb Junior Umuhungu wa Diamond Platnumz na Tanasha Donna,yafatanyije n’abafana gushyigikira se Read More »

Niyo Bosco yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya nyuma yaho yari yariheje andaheruka gukora munganzo.– VIDEO

.Ni amakuru yamenyekanye ku wa 28 ukuboza 2023 ubwo yabitangazarizanga itangazamakuru. Niyo Bosco wari umaze igihe acecetse yashyize hanze iyi ndirimbo nsha kumugoroba wejo.Nindirimbo nziza igaragaza ko haribyo yangezeho yishimira detse yiyubahira.iyi ndirimbo ikaba yitwa ‘Eminado’. Iyi ndirimbo‘Eminado’ igaruka kubikorwa bya muranze uyu mwaka wa 2023 no mu buzima bwe muri rusange. Irijambo iyitiriye iyi

Niyo Bosco yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya nyuma yaho yari yariheje andaheruka gukora munganzo.– VIDEO Read More »

Mu gihe Christopher ategerejwe imbere y’abakunzi be mu gihugu cy’ u Burundi tariki 30 Ukuboza yagiranye ikiganiro na Akeza TV yemeza ko nyina umubyara ariwe watumye akunda Big Fizzo. Muri iki kiganiro Christopher yagarutse ku rukundo yakunze umuziki kuva muri 2009 ubwo yinjiraga muri Kina Music afite imyaka 15 y’amavuko. Christopher yabajijwe kucyo yavuga kuri

Read More »

Zari urugorwe rwigabijwe nabajura , uwarushinzwe kurinda urugo rwa arahakomerekera bikomeye.

Ni ubutumwa bw’amashusho yatambukije kuri Instagram, Zari yagize ati” Ejo hashize urugo rwanjye ruri muri Uganda rwaratewe ubwo nari nasohotse, bazirika uwari ushinzw kururinda bamutema ugutwi banatwara ibintu byinshi byi bikoresho byari munzu.” Yavuze ko aba bajuru banabajije abari mu nzu, bababaza aho imfunguzo z’imodoka ziri kugira ngo bayitware ariko bumvise abashinzwe umutekano baje baranshika

Zari urugorwe rwigabijwe nabajura , uwarushinzwe kurinda urugo rwa arahakomerekera bikomeye. Read More »

Mussa Esenu na Rayon Sports byarangiye gute? ese ashobora kugumanaRayon Sports ?byose urabisanga hasi.

Muri Mutarama 2022 ni bwo uyu rutahizamu ukomoka muri Uganda, yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’umwaka umwe n’igice. Bisobanuye ko ari gusoza amasezerano ye muri iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rwanda. Amakuru avuga ko Mussa Esenu mu Ukwakira, ubwo hari hashize iminsi mike championa ya 2023-24 itangiye, uyu rutahizamu yabajije Rayon Sports ahazaza he ndetse

Mussa Esenu na Rayon Sports byarangiye gute? ese ashobora kugumanaRayon Sports ?byose urabisanga hasi. Read More »

Mohamed Salah yongeye kunengwa azizwa kwifuriza Abakirisitu Noheli nziza

Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu ya Misiri na Liverpool yo mu Bwongereza, Mohamed Salah, yongeye kunengwa ku yindi nshuro azizwa ubutumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze yifuriza Abakirisitu Noheli nziza kandi we ari umuyoboke w’idini ya Islam. Ku wa mbere tariki ya 25 Ukuboza 2023, wari umunsi abayoboke b’idini ya Gaturika mu bice bitandukanye by’Isi, bizihije Noheli

Mohamed Salah yongeye kunengwa azizwa kwifuriza Abakirisitu Noheli nziza Read More »

Kamonyi: Umugabo yateye icyuma uwo basangiraga icupa.

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 23 wo mu Karere ka Kamonyi, arakekwaho gutera icyuma mugenzi we nawe uri mu kigero cy’imyaka 25 basangiraga inzoga, agahita apfa. Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri Noheri, ku wa 25 Ukuboza 2023, bibera mu Murenge wa Ngamba, Akagari ka Kabuga, mu isantere izwi nka Mpimba. Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi,

Kamonyi: Umugabo yateye icyuma uwo basangiraga icupa. Read More »