wex24news

Ndagijimana Samuel

Umupadiri yapfuye ubwo yari aryamanye n’umukobwa muri Lodge azira gukoresha imiti yongera akanyabugabo myinshi

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mu Padiri bivugwa ko yapfuye ubwo yari aryamanye n’umukobwa muri Lodge, ndetse biravugwa ko uyu mugabo yapfuye ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro we nuwo mukobwa. Uyu mupadiri wo mu gihugu cya Kenya wari ufite imyaka 43 yapfiriye muri Lodge mu mujyi wa Nairobi ubwo […]

Umupadiri yapfuye ubwo yari aryamanye n’umukobwa muri Lodge azira gukoresha imiti yongera akanyabugabo myinshi Read More »

Umugabo yavuze ko abakobwa benshi baba muri Afurika bajya Dubai baryamana n’abagabo cyangwa imbwa kugira ngo babone amafaranga

Ni Kenshi abakobwa bamwe na bamwe bo muri Afurika bagaragara bagiye mu butembere mu mujyi wa Dubai hakibazwa icyo bagiye gukorayo bikabacanga, icyakora Hari abantu benshi bashidikanya ku mirimo abo bakobwa bakora muri ayo Mahanga kugira ngo babeho neza ndetse bagire amafaranga nk’uko ku mbugankoranyambaga bagaragara. Simon umwe mu bagabo baba muri uyu Mujyi, bavuze

Umugabo yavuze ko abakobwa benshi baba muri Afurika bajya Dubai baryamana n’abagabo cyangwa imbwa kugira ngo babone amafaranga Read More »

Harmonize mugahinda gakomeye nyuma yaho ahishuye ko yakeneshejwe n’amafaranga yishyuye Diamond Platnumz

WCB Wasafi ni imwe mu nzu ifasha abahanzi batandukanye mugutunganya umuziki ya Naseeb Abdul Juma wamamaye nka Diamond Platinumz, iyo ikaba Ari imwe mu zambere zikomeye cyane mu gihugu cya Tanzania ndetse na nyirayo ubwo ni umwe mu bahanzi bicyitegererezo muri Afurika yose muri muzika. Ubusanzwe iyi label Wasafi ifata abahanzi bakizamuka bataramamara maze ikabafasha

Harmonize mugahinda gakomeye nyuma yaho ahishuye ko yakeneshejwe n’amafaranga yishyuye Diamond Platnumz Read More »

Imvano y’isibwa ry’indirimbo The Ben yahimbiye umugore we.

Urubuga rwa Youtube rwasibye indirimbo “Ni Forever” y’umuhanzi The Ben yari aherutse guhimbira umugore we Uwicyeza Pamella. ‘Ni Forever’ yasibwe nyuma y’uko The Ben arezwe na Sosiyete yitwa ‘Drone Skylines Ltd’ ivuga ko uyu muhanzi yibye amwe mu mashusho yayo. ‘Drone Skyline Ltd’ isanzwe ifata amashusho yifashishije utudege tutagira abapilote haba mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro,

Imvano y’isibwa ry’indirimbo The Ben yahimbiye umugore we. Read More »

Umugore yanyujije inshoreke ye mu idirishya kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugore wafashwe amashusho Ari kunyuza umugabo bari baryamanye mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma. Nk’uko bikomeje gutangazwa, biravugwa ko umugabo wuyu mugore yari yagoye mu kazi nk’ibisanzwe ariko umugore we agahita azana inshoreke ye bakaryamana, nubwo umugabo yagarutse igitaraganya maze umugore agwana

Umugore yanyujije inshoreke ye mu idirishya kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma Read More »

“Biravugwa ko Ubukene bumwugarije” Bite bya Man Martin Ukubise umwaka nta Ndirimbo!.

December 26, 2023 by Shalomi Wanyu Umuhanzi akaba n’umwanditsi wamenyekanye nka Man Martin,hakomeje kwibazwa n’abatari bacye bakunda inganzo ye niba hari ikimuhugije cyangwa niba koko ubushobozi bugenda bwanga kuko umwaka wirenze nta Gikorwa( indirimbo) ashyira hanze, kuko aheruka indirimbo Taliki 16/12/2022.(NOMADE) Mu minsi ishije nibwo humvikanye amakuru ashyira ku Gitutu abahanzi bakunzwe batagisohora indirimbo bari Amalon,The Ben

“Biravugwa ko Ubukene bumwugarije” Bite bya Man Martin Ukubise umwaka nta Ndirimbo!. Read More »

Ibyamamare byahesheje u Rwanda ishema ku rwego mpuzamahanga muri uyu mwaka 2023 (Amafoto)

Umwaka wa 2023 uri kugana ku musozo ndetse hari byinshi bitazibagirana mu mitwe ya benshi byawubayemo mu ngeri zitandukanye. By’umwihariko, mu myidagaduro hari abawusoje babyinira ku rukoma kubera amahirwe n’imigisha bawugiriyemo. Iminsi isaga 360 igize umwaka harabuho mbarwa ngo ipfundikirwe ndetse bamwe batangiye gupangira umwaka utaha, cyane ko amahirwe, imigisha cyangwa ibibazo bahuriyemoo na byo

Ibyamamare byahesheje u Rwanda ishema ku rwego mpuzamahanga muri uyu mwaka 2023 (Amafoto) Read More »

James na Daniella nabo bafashe umwanzuro wo kujyana na bangenzi babo, Chris Eazy na Christopher bazarira Ubunani i Burundi

Itsinda ry’abaramyi James na Daniella bari mu bakunzwe yaba mu Rwanda no mu Karere, bari mu myiteguro yo gutaramira i Burundi ku wa 31 Ukuboza 2023 aho bazasoreza umwaka. Mu itangazo rito banyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha, James na Daniella bateguje abakunzi babo b’i Bujumbura igitaramo kizaba ku wa 31 Ukuboza 2023. Bagize bati “Bujumbura

James na Daniella nabo bafashe umwanzuro wo kujyana na bangenzi babo, Chris Eazy na Christopher bazarira Ubunani i Burundi Read More »

Indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe kuri YouTube itamaze kabiri.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki 25 Ukuboza 2023, indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe ku rubuga rwa YouTube, ashinjwa gukoresha, igihangano cy’abandi atabiherewe uburenganzira. Nk’uko urubuga rwa YouTube rwabitangaje, iyi ndirimbo yakuweho ku busabe bw’ikigo cyitwa Drone Skyline Ltd, gishinja uyu muhanzi ikirego kizwi nka ‘Copyright Claim’ aho umuntu akurega iyo

Indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe kuri YouTube itamaze kabiri. Read More »

bimwe mu byamamare 10 byavukiye italiki imwe ni ya yesu.

Umunsi umuntu yavukiyeho ni umunsi w’igitangaza kuri we kandi yizihiza buri mwaka. Ibi biba umwihariko ku bantu bavutse ku munsi wa Noheli wavutseho umwana w’Imana, dore ko bavuga ko abavutse kuri uyu munsi baba abanyamugisha n’abanyamahirwe bitewe nuko bavutse kuri uyu munsi udasanzwe. Dore bimwe mu byamamare 10 bizwi ku rwego mpuzamahanga byavukiye rimwe na

bimwe mu byamamare 10 byavukiye italiki imwe ni ya yesu. Read More »