wex24news

Ndagijimana Samuel

abahanzi bakomeye, mumuziki nyarwanda, no hanze y’igihugu, bazitabira ubukwe, bwa the ben.

Aba ngo bamaze kuzinga ibikapu byabo berekeye ikigali m’urwanda aho bazaba baje mubukwe bw’umwe mubahanzi bakomeye mu rwanda, no muri Afuruca y’uburasirazuba. Bamwe mubazaba bitabiriye ubu bukwe bwiki cyamamare, bazaba barimo abingajemo, abo murwanda, no muri afurika y’uburasirazuba, ndetse no kumugabane w’ubulayi, ariko bahoze baba murwanda. Bamwe mubazaba bitabiriye ubu bukwe baturutse muri Afurika y’uburasirazuba,Rema […]

abahanzi bakomeye, mumuziki nyarwanda, no hanze y’igihugu, bazitabira ubukwe, bwa the ben. Read More »

ishyiramwe ry’umupira wamaguru, muri afurika CAF, ryosohoye urutonde rwa basifuzi,68 bazasifura CAN 2024.

N’urutonde rwa sohotse ejo ku wa 21 ukuboza 2023,rusohowe na CAF. N’irushanwa rizatagira taliki ya 13 mutarama kungeza 12 gashyantare 2024,rikazabera muri cote divoir. Aba basifuzi bazaba barimo,abazasifura mo hagati,nabo ku mande, detse nabazaba basifurira kuri vale,bakaza sifura imikino y’igikombe cy’ibihugu ny’afurica can 2024. kuri urwo rutonde ahariho abanyrwanda babaili 2, uwambere yitwa Uwikunda Samueli,uzasifura

ishyiramwe ry’umupira wamaguru, muri afurika CAF, ryosohoye urutonde rwa basifuzi,68 bazasifura CAN 2024. Read More »

ikipe y’igihungu amavubi isoje umwaka iri k’umwanya 133 kurutode ngaaruka kwezi rwa fifa.

N’uruto rwashyizwe ahagaragara, n’ishyiramwe rishinzwe umupira w’amaguru kwisi fifa. kumunsi wejo taliki ya 21 ukuboza 2023 nibwo fifa nki’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’ isi ryatagaje uko amakipe asoje umwaka ahagaze. ,Ikipe iza kumanya wa mbere kw’ isi,ni ekipe y’igihungu cya aligentine, iza kumwanya 1 aho iyoboye izindi ekipe zibindi bihugu. Naho ikipe izahafi muri afurika mubagabo

ikipe y’igihungu amavubi isoje umwaka iri k’umwanya 133 kurutode ngaaruka kwezi rwa fifa. Read More »

Mr Ibu Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria yaciwe ukuguru.

Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria, Nollywood, John Okafor, wamamaye nka Mr Ibu yaciwe ukuguru nyuma y’amezi abiri yari amaze ahanganye n’uburwayi bwo kuvura kw’amaraso ku bice by’amaguru. John Okafor w’imyaka 62, byari byatangajwe ko agiye gucibwa amaguru yombi gusa ibi byamaganiwe kure n’umukobwa we Valatine Okafor, avuga ko umubyeyi we yaciwe ukuguru kumwe. Mu

Mr Ibu Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria yaciwe ukuguru. Read More »

igitaramo cy’umuhanzi nyarwandaYago Pon Dat imyiteguro yacyo irarimbanyije.

Yago Pon Dat mu myiteguro ya nyuma y’iki gitaramo, aho ari kumwe nabangenzibe bo mw’itsinda ry’abacuranzi rya Symphony Band. Mu kiganiro nitangaza makurue, Yago yavuze ko imyiteguro y’igitaramo cye igeze ku cyigero cya 60% mu gihe ibisigaye ari kubikoraho ku buryo umunsi w’igitaramo uzagera byose byuzuye. Ni umuhanzi wavuze ko yiteguye gukora igitaramo cya Live

igitaramo cy’umuhanzi nyarwandaYago Pon Dat imyiteguro yacyo irarimbanyije. Read More »

Tiffah na Nillah abana ba zari bongeye kwivumbirira umwe mubo mumuryango wabo.

Kumunsi wejo abana ba zari bongeye kugaragaza ko batishimiye umwe mubabarera. Aba bana babisabye nyina, ubwo uwo nyirarume wabo basaga nkaho har ibyo batumvikanyeho, niko gusaba zari ko bakwijyira mukindi gihugu, ibi byatagajwe mumashusho yagiye hanze abana bari gusaba nyina ko bataha bakajya muri afurika y’epfo. Aya mashusho yagaragaye Tiffah na Nillah, bari gusaba nyina

Tiffah na Nillah abana ba zari bongeye kwivumbirira umwe mubo mumuryango wabo. Read More »

bizimana djihad gapiten wi ikipe yigihugu amavubi ari gukina hanze yu rwanda.

Uyu mu kinnyi ruragiranwa w’amavubi. yerekeje hanze ajyiye gukinira ekipe yo mugihingu cya ukrain yitwa cerberus. Gusa akaba yangezeyo,iyi ekipe iri mubiruhuko, ubwo yangeraga muriki gihungu, yari afite agaciro kibihumb mirongo itandatu byama euro,kumezi atantu amaze muri iki gihungu, amaze kuzamurwa cyane, ubwo agaciro afite kangana nibihimbi ijana byama euro. Akaba ari umukinnyi wa 2

bizimana djihad gapiten wi ikipe yigihugu amavubi ari gukina hanze yu rwanda. Read More »

umudipolomate wa Palesitine yavuze ko imbuga nkoranyambaga zabaye igikoresho cy’ingenzi mu guhindura inkuru zivuga kuri Palesitine

Ku wa gatatu 20 ukuboza 2023, umudipolomate wa Palesitine yavuze ko imbuga nkoranyambaga zabaye igikoresho cy’ingenzi mu guhindura inkuru zivuga kuri Palesitine kuko yemereye Abanyapalestine kuvuga amateka yabo n’ibibazo bafite mu gihe cya Isiraheli. Abdullah Abu Shawesh, ambasaderi wa Palesitine muri Nigerian, yabitangaje mbere yuko hajyaho imbuga nkoranyambaga, ibitangazamakuru gakondo byatangaje akarengane Palesitine. Yatangarije abanyamakuru

umudipolomate wa Palesitine yavuze ko imbuga nkoranyambaga zabaye igikoresho cy’ingenzi mu guhindura inkuru zivuga kuri Palesitine Read More »

rayon sport yemeje ko igiye gukomezanya numutoza wayo.

ninyuma yaho habaye inama ebyiri zahuzaga ubuyobozi bwa rayon sport buyobowe na uwayezu jaen fidel banzuyeko uyu mutoza w’umunya morotania akomeza kuyobora rayon. Bakaba bajyiye kumushakira umwugirije,we agakomeza kuyobora nkumutoza mukuru, ninyuma yaho batagiye gushaka umutoza nabakinnyi, nyuma bikaragira bemeje uyu mugabo watagiye kuyiyobora taliki 11 ukwakira. uyu mutoza akaba yaboneyeho gusaba bamwe mubakinnyi ashaka,

rayon sport yemeje ko igiye gukomezanya numutoza wayo. Read More »

Rema umuhanzi wa afrobeats ukunzwe cyane mu mwaka wa 2023

Umuhanzi wo muri Nigerian , Divine Ikubor, uzwi cyane ku izina rya Rema, abaye umuhanzi wa Afrobeats wamamaye cyane mu 2023 ku mbuga zose zikomeye hamwe na alubumu ye, verisiyo ya Rave & Roses deluxe. Nk’uko Top Chart Africa ibitangaza, iyi alubumu imaze kwinjiza miliyari 3.84 kuva yatangazwa ku ya 28 Mata ikoresheje Jonzing World

Rema umuhanzi wa afrobeats ukunzwe cyane mu mwaka wa 2023 Read More »