wex24news

Ndagijimana Samuel

dorcas na veastina kunshuro yabo ya mbere bagiye gutaramira hanze yu rwanda

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, itsinda ry’abaramyi rizwi nka ‘Vestine na Dorcas’ bari kumwe n’umujyanama wabo akaba n’umunyamakuru, Murindahabi Irene berekeje i Bujumbura. Mbere y’uko bahaguruka i Kigali, Murindahabi yatangarije itangaza makuru ko aba bahanzikazi biteguye gukorera i Burundi igitaramo gikomeye cyane ko ari ubwa mbere bagiye gutaramira hanze y’u Rwanda. […]

dorcas na veastina kunshuro yabo ya mbere bagiye gutaramira hanze yu rwanda Read More »

Meddy ati “Nubwo nahindutse hari abantu batabyemera”

Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy yagarutse ku rugendo rwo kwiyegereza Yesu Kirisitu nk’umucunguzi, ahamya ko urugo rwe yaruhinduye paradizo. Igihe kimwe Meddy yari arimo gusenga yumva ijwi rimubaza niba ashaka kuba inshuti, umuvandimwe cyangwa gukomeza kwibera uw’Isi. Meddy yemejeko byamufashe igihe kitari gito ngo yiyumvishe ibyijwi yari amaze kumva ,yagize ati ”Byantwaye igihe kinini

Meddy ati “Nubwo nahindutse hari abantu batabyemera” Read More »

guhangana gukomeye hagati ya kigali boss babes na zari hassan

Hashize iminsi mike Zari atangaje ko agiye gutaramira i Kigali, aho agiye gukorera bwa mbere ibirori bya ‘All White Party’ bimenyerewe kubera muri Uganda. ikigitaramo kizabera akabali ahazwi nko muri ‘The Wave Club’ gaherereye i Remera. Iki gitaramo kizaba gikurikira icyo uyu mugore yakoreye muri Uganda mu mpera z’icyumweru gishize kikaba kimwe mu byitabiriwe n’abantu

guhangana gukomeye hagati ya kigali boss babes na zari hassan Read More »

ngabo medard wamamaye nka meddy yongeye kugira icyo atangaza nyuma yo guhinduka umukirsto ninyungu yabibonyemo

Ngabo meddy yo ngeye gutangaza kunyungu yo guhinduka umukirsto hari byinshi byahinduye mubuzimz bwe no murungo rwe. Ibi yabitangaje ubwo yrekanaga inyungu ziri muguhinduka no kuba umukristo. Gusa abantu bakomeje kubimubazaho ariko akabasubiza gutya ati”Nabwiye abantu, ntabwo ndimo mpindura umuziki, ibyo ni nko kuva muri zouk ujya muri reggae,ahubwo njyewe nk’umuntu nari umugabo utandukanye, ndababwira

ngabo medard wamamaye nka meddy yongeye kugira icyo atangaza nyuma yo guhinduka umukirsto ninyungu yabibonyemo Read More »

juno kizigenza nyuma yuko agiriye inama,umwe mubakobwa bamutuye indimbo ngo abireke kuririmba,ubu noneho uyu mukobwa yasubiye muri studio.

Ubwo juno kizigenza yagiraga inama umwe mubakobwa bamwihebeye kugeza ubwo yamuhimbiye indirimbo akamubwira ko kuririmba atari ibyabose ashaka kumwumvishako kuririmba atari ibintu bye, ubu noneho uyu mukobwa yanze gucika inenge yongera gukora munganzo ajya muri zimwe munz zituganya imiziki(studio) aho yagiye gukora indirimbo yanoheri azatura abanyarwanda bose muri rusange. Mu minsi mike ishije nibwo, Juno

juno kizigenza nyuma yuko agiriye inama,umwe mubakobwa bamutuye indimbo ngo abireke kuririmba,ubu noneho uyu mukobwa yasubiye muri studio. Read More »

Man City yatsinze Urawa Red Diamonds 3-0

Manchester City yatsinze 3-0  Red Diamonds yubuyapani yashyizeho umukino wanyuma w’igikombe cyisi n’ikipe ya Berezile Fluminense nyuma yo guhatanira gutsinda Urawa Red Diamonds mu kuri stade ya King Abdullah Sports City i Jeddah. Mateo Kovacic yinjije ibitego 2-0 ku munota wa 52 nigitego cye cya mbere kuva yinjira muri City avuye muri Chelsea na Bernardo

Man City yatsinze Urawa Red Diamonds 3-0 Read More »

APR FC yatangiye kongeramo abakinnyi mw’ikipe muyitenge.

ku munsi wejo tariki ya 19 Ukuboza 2023 nibwo Amakuru yagiye hanze ko umusore Kategea Elie wakiniraga Mukura VSL akina mukibuga hagati yerekeje muri APR FC, nyuma yo kumusinyisha igihe cyingana n’Imyaka ibiri.kuwa 19 /12/2023 hamenyekanyeko umukinnyi ka karegeya Elie wakinaga muri mukura VSL mukibuga hagati yagiye gukinira APRFC ikaba igiye kumusinyisha imyaka 2akaba yerekeye

APR FC yatangiye kongeramo abakinnyi mw’ikipe muyitenge. Read More »

Linda umukobwa wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundana (ex)

Linda umukobw wari ufite ubukwe ku wa 6 bwasubutswe bitewe nuwo bahoze bakundana (ex) Umunyamideri witwa Lindamukobwa witwa Linda wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundanaLinda ni Umunyamideri wo mu gihugu cya Nigeria akomeje gushegurwa bikome n’ gahinda gakomeye nyuma y’uko ubukwe bwe bwari ku wa Gatandatu washize tariki ya

Linda umukobwa wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundana (ex) Read More »

Ubufaransa bwatoye umushinga w’itegeko rikomeye ry’abinjira n’abasohoka mu gihe cyo kwigomeka kw’ishyaka rya Macron

Inteko ishinga amategeko y’Ubufaransa yemeje ku buryo bugaragara umushinga w’itegeko ry’abinjira n’abasohoka ushyigikiwe na Perezida Emmanuel Macron nyuma yo kwigomeka mu ishyaka rye kubera amategeko akaze yari afite uburenganzira bwo kwemeza iburyo.  Uyu mushinga w’itegeko wari warushijeho gukaza umurego kuva watangizwa ku ncuro ya mbere, aho bamwe ibumoso bw’ishyaka Renaissance riri ku butegetsi rya Macron

Ubufaransa bwatoye umushinga w’itegeko rikomeye ry’abinjira n’abasohoka mu gihe cyo kwigomeka kw’ishyaka rya Macron Read More »

Zari Hassan yikomye itangazamakuru ryasohoye amashusho ye yamugize umukecuru.

Umunyamideli Zari Hassan yiyamye abanyamakuru batangaje ikiganiro yakoze bakamugira umukecuru. Nimukiganiro yakoze nitangaza makuru mbere yuko akora igitaramo All White Party nyuma yigitaramo yasubiye mumashusho asanga abayateguye baramuhinduye umukecuru mumaso . Abayakurikiranye bahise bamwibazaho,ngo koyashaje batagira kwibaza kumyaka ye nyuma yibyobyose,Zari Hassan yahise atangaza kurukuta rwe rwa insitgram abiyama ko barengereye, ariko ko nakintu byamutwaye.

Zari Hassan yikomye itangazamakuru ryasohoye amashusho ye yamugize umukecuru. Read More »