wex24news

AMAHANGA

FARDC yagabye ibitero mu bice bituwe cyane 

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, n’abafatanyabikorwa bacyo, kuri uyu wa Kabiri, cyagabye ibitero mu bice bitandukanye bituwe cyane mu bice bigenzurwa na M23. Ibi byemejwe n’Umuvugizi wa M23, Laurence Kanyuka mu butumwa yanyujije kuri X yahoze ari twitter asobanura ko ibi bitero byahitanye abaturage b’inzirakarengane. Yagize ati “Kuri uyu wa Kabiri, itariki […]

FARDC yagabye ibitero mu bice bituwe cyane  Read More »

Benjamin Netanyahu yarahiriye kuzihimura ku barwanyi b’umutwe w’Aba-Houthi

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yarahiriye kuzihimura ku barwanyi b’umutwe w’Aba-Houthi ukorera muri Yemen uherutse kugaba igitero muri Israel, mu gihe umuyobozi wawo we yavuze ko biteguye gukora ibirenze ibyo bakoze ngo bahorere Hamas. Netanyahu atangaje ibi nyuma yuko ku Byumweru bwa mbere kuva intambara ya Israel n’umutwe wa Hamas yakwaduka, Umutwe w’iterabwoba wa

Benjamin Netanyahu yarahiriye kuzihimura ku barwanyi b’umutwe w’Aba-Houthi Read More »

Urukiko rwa EAC rugiye kumva ikirego cya RDC

Urukiko rw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACJ, ruteganya kumva ikirego cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku Rwanda tariki 26 Nzeri 2024. Minisitiri w’Ubutabera wungirije wa RDC, Samuel Mbemba, yabimenyesheje inama y’abaminisitiri iherutse guterana, nk’uko itangazo ry’ibyemezo bafashe ribisobanura. Uyu munyamategeko yasobanuye ko RDC yareze u Rwanda kurenga ku masezerano agenga imikorere ya EAC, aho barushinja

Urukiko rwa EAC rugiye kumva ikirego cya RDC Read More »

Trump yashinje Biden na Kamala Harris gushaka kumwivugana

Donald Trump yatangaje ko imvugo z’Aba-démocrates cyane cyane iza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden na Kamala Harris bahataniye kuyobora iki Gihugu ziri ku isonga mu bituma abantu bashaka kumwivugana. Ni amagambo Donald Trump yatangaje nyuma y’umunsi umwe inzego z’umutekano zitaye muri yombi umugabo bivugwa ko yari afite umugambi wo kumwica kuko

Trump yashinje Biden na Kamala Harris gushaka kumwivugana Read More »

inzovu 200 zigiye kwicwa kubera ibura rw’ibiryo byazo

Minisiteri y’Ibidukikije muri Zimbabwe yatangaje ko iki gihugu cyafashe umwanzuro wo kwica ku bushake inzovu 200, kubera ibura ry’ibiryo byazo ryatewe n’izuba ryinshi. Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri ufite mu nshingano ibidukikije ubwo yari imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Yavuze ko ubuyobozi bw’amapariki yo muri Zimbabwe bwasabwe gutangira gushyira mu bikorwa iki cyemezo. Zimbabwe ifite

inzovu 200 zigiye kwicwa kubera ibura rw’ibiryo byazo Read More »

U Burusiya bwahize kongera umubare w’Ingabo zabwo

Perezida Vladimir Putin yasinye itegeko ryemerera u Burusiya kongera umubare w’abasirikare, aho abagera ku bihumbi 180 bazinjizwa mu Ngabo z’icyo gihugu, bigatuma umubare w’abasirikare bose ugera kuri miliyoni 1,5 muri rusange, bityo u Burusiya bukazaba igihugu cya kabiri ku Isi gifite umubare munini w’abasirikare nyuma y’u Bushinwa. Ni ubwa gatatu u Burusiya bugiye kongera Ingabo

U Burusiya bwahize kongera umubare w’Ingabo zabwo Read More »

Ikilo cy’isukari cyageze ku bihumbi 8

Kuzamuka gukabije kw’igiciro cy’isukari mu gihugu cy’u Burundi ni kimwe mu bikomeje kuvugisha abaturage bo muri iki gihugu, kuko ikilo cyavuye ku 3,300 kigera ku 8000 y’Amarundi. Abaturage bavuga ko ari ukubafatanya n’ubukene bwabizingiye ku gakanu. Ni ibiciro bishya byasohotse mu itangazo ryo ku cyumweru ryashyizwe hanze n’uruganda rutunganya isukari mu Burundi, SOSUMO, ryamenyesheje abarundi ko

Ikilo cy’isukari cyageze ku bihumbi 8 Read More »

Elon Musk mu mboni z’ubutasi

Serivisi z’Ibanga za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari nazo zishinzwe umutekano w’umukuru w’igihugu, zatangaje ko “zizi” ibyanditswe ku mbuga nkoranyambaga n’umuherwe Elon Musk wavuze ati “nta n’umuntu ugerageza” kwica Perezida Joe Biden cyangwa Visi-Perezida Kamala Harris “. Musk yahise asiba ubu butumwa avuga ko yari agamije gutebya. Inyandiko ye kuri X, yahoze ari Twitter, yaje

Elon Musk mu mboni z’ubutasi Read More »

U Budage bwavuguruje Perezida Ruto ku byo guha akazi abanya-Kenya

Guverinoma y’u Budage yahakanye ibyavuzwe na Perezida William Ruto ko bwemereye abaturage ibihumbi 250 imirimo, ihamya ko nta mibare bigeze bemeranya mu masezerano bagiranye. Perezida William Ruto aherutse kubwira Deutsche Welle ko nyuma y’amasezerano yerekeye abakozi impande zombi zagiranye, abanya-Kenya babarirwa mu bihumbi 250 bafite amahirwe yo kuzabonayo akazi. Gusa ku Cyumweru Guverinoma y’u Budage

U Budage bwavuguruje Perezida Ruto ku byo guha akazi abanya-Kenya Read More »