wex24news

AMAHANGA

Trump yashinje Biden na Kamala Harris gushaka kumwivugana

Donald Trump yatangaje ko imvugo z’Aba-démocrates cyane cyane iza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden na Kamala Harris bahataniye kuyobora iki Gihugu ziri ku isonga mu bituma abantu bashaka kumwivugana. Ni amagambo Donald Trump yatangaje nyuma y’umunsi umwe inzego z’umutekano zitaye muri yombi umugabo bivugwa ko yari afite umugambi wo kumwica kuko […]

Trump yashinje Biden na Kamala Harris gushaka kumwivugana Read More »

inzovu 200 zigiye kwicwa kubera ibura rw’ibiryo byazo

Minisiteri y’Ibidukikije muri Zimbabwe yatangaje ko iki gihugu cyafashe umwanzuro wo kwica ku bushake inzovu 200, kubera ibura ry’ibiryo byazo ryatewe n’izuba ryinshi. Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri ufite mu nshingano ibidukikije ubwo yari imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Yavuze ko ubuyobozi bw’amapariki yo muri Zimbabwe bwasabwe gutangira gushyira mu bikorwa iki cyemezo. Zimbabwe ifite

inzovu 200 zigiye kwicwa kubera ibura rw’ibiryo byazo Read More »

U Burusiya bwahize kongera umubare w’Ingabo zabwo

Perezida Vladimir Putin yasinye itegeko ryemerera u Burusiya kongera umubare w’abasirikare, aho abagera ku bihumbi 180 bazinjizwa mu Ngabo z’icyo gihugu, bigatuma umubare w’abasirikare bose ugera kuri miliyoni 1,5 muri rusange, bityo u Burusiya bukazaba igihugu cya kabiri ku Isi gifite umubare munini w’abasirikare nyuma y’u Bushinwa. Ni ubwa gatatu u Burusiya bugiye kongera Ingabo

U Burusiya bwahize kongera umubare w’Ingabo zabwo Read More »

Ikilo cy’isukari cyageze ku bihumbi 8

Kuzamuka gukabije kw’igiciro cy’isukari mu gihugu cy’u Burundi ni kimwe mu bikomeje kuvugisha abaturage bo muri iki gihugu, kuko ikilo cyavuye ku 3,300 kigera ku 8000 y’Amarundi. Abaturage bavuga ko ari ukubafatanya n’ubukene bwabizingiye ku gakanu. Ni ibiciro bishya byasohotse mu itangazo ryo ku cyumweru ryashyizwe hanze n’uruganda rutunganya isukari mu Burundi, SOSUMO, ryamenyesheje abarundi ko

Ikilo cy’isukari cyageze ku bihumbi 8 Read More »

Elon Musk mu mboni z’ubutasi

Serivisi z’Ibanga za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari nazo zishinzwe umutekano w’umukuru w’igihugu, zatangaje ko “zizi” ibyanditswe ku mbuga nkoranyambaga n’umuherwe Elon Musk wavuze ati “nta n’umuntu ugerageza” kwica Perezida Joe Biden cyangwa Visi-Perezida Kamala Harris “. Musk yahise asiba ubu butumwa avuga ko yari agamije gutebya. Inyandiko ye kuri X, yahoze ari Twitter, yaje

Elon Musk mu mboni z’ubutasi Read More »

U Budage bwavuguruje Perezida Ruto ku byo guha akazi abanya-Kenya

Guverinoma y’u Budage yahakanye ibyavuzwe na Perezida William Ruto ko bwemereye abaturage ibihumbi 250 imirimo, ihamya ko nta mibare bigeze bemeranya mu masezerano bagiranye. Perezida William Ruto aherutse kubwira Deutsche Welle ko nyuma y’amasezerano yerekeye abakozi impande zombi zagiranye, abanya-Kenya babarirwa mu bihumbi 250 bafite amahirwe yo kuzabonayo akazi. Gusa ku Cyumweru Guverinoma y’u Budage

U Budage bwavuguruje Perezida Ruto ku byo guha akazi abanya-Kenya Read More »

Ibitero bya Israel byahitanye abantu 16

Amakuru aturuka muri Palesitine aravuga ko kuri uyu wa Mbere ibitero by’indege bya Israel byahitanye abantu 16 barimo abagore batanu n’abana bane. Igitero kimwe cyashenye inzu mu nkambi y’impunzi ya Nuseirat yubatswe muri Gaza rwagati, gihitana byibuze abantu 10, barimo abagore bane n’abana babiri. Ibitaro bya Awda byakiriye iyo mibiri, byemeje umubare w’abapfuye bivuga ko

Ibitero bya Israel byahitanye abantu 16 Read More »

Perezida Zelensky yateye utwatsi ibyavuzwe na Trump 

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko ibyo umukadinda w’ishyaka ryaba-Republicain mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yabijeje byo gushyira iherezo ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine atazabishyira mu bikorwa, ahubwo ko ari ukugira ngo areshye abashobora kumutora. Ni kenshi Trump yagiye avuga ko naramuka agarutse muri White house

Perezida Zelensky yateye utwatsi ibyavuzwe na Trump  Read More »

Abepisikopi bamaganye ishimutwa ry’abaturage

Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Tanzania yamaganye ishimutwa n’ubwicanyi bikomeje kumvikana muri iki gihugu, basaba inzego zishinzwe umutekano kubihagarika. Ubu busabe buri mu myanzuro bafashe kuri uyu wa 15 Nzeri 2024 ubwo bari mu nama nkuru yabereye muri Uhuru Stadium iherereye i Dar es Salaam. Ni nyuma y’aho tariki ya 8 Nzeri 2024 Mohamed Ali Kibao

Abepisikopi bamaganye ishimutwa ry’abaturage Read More »