wex24news

AMAHANGA

Amerika irashijwa gushaka kwivugana Perezida Maduro

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Venezuela, Diosdado Cabello, yatangaje ko abashinzwe umutekano baburijemo umugambi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wo kwica Perezida Nicolas Maduro. Uyu muyobozi yabwiye abanyamakuru ko uyu mugambi wagombaga gushyirwa mu bikorwa n’abafatawe muri yombi barimo Abanyamerika batatu, babiri bakomoka muri Espagne n’umwe ukomoka muri Repubulika ya Czech. Minisitiri Cabello yasobanuye ko […]

Amerika irashijwa gushaka kwivugana Perezida Maduro Read More »

Icyogajuru cya SpaceX cyoherejwe mu isanzure cyagarutse amahoro

Ku wa Kabiri w’icyumweru gishize ni bwo Ikigo cy’umunyemari Elon Musk cyitwa SpaceX, cyanditse amateka nyuma yo kohereza mu isanzure icyogajuru kirimo abantu bane, biba ubwa mbere ikigo cyigenga kibigezeho. Ubu butumwa bwiswe Polaris Dawn. Intego yari ukumara iminsi itanu kizenguruka mu isanzure nyuma kikagaruka ku Isi. Cyari kirimo umunyemari Jared Isaacman, abakozi babiri ba

Icyogajuru cya SpaceX cyoherejwe mu isanzure cyagarutse amahoro Read More »

U burusiya na Ukraine bahererekanyije imfungwa

Uburusiya na Ukraine bahererekanyije imfungwa 206 zo mu ntambara, mu masezerano yagezweho bigizwemo uruhare na Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko abasirikare babwo 103 barekuwe ari bamwe mu bafatiwe mu gitero cyo mu karere ka Kursk. Mu kwezi gushize, abasirikare ba Ukraine bagabye igitero gitunguranye hakurya y’umupaka mu Burusiya, batera intambwe

U burusiya na Ukraine bahererekanyije imfungwa Read More »

Donald Trump yatsinzwe urubanza rwo gukoresha indirimbo atabiherewe uburenganzira

Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatsinzwe urubanza yarezwemo n’umuhanzi w’Umwongereza, Eddy Grant kubera gukoresha indirimbo ye ‘Electric Avenue’ mu bikorwa byo kumwamamaza atabiherewe uburenganzira. Byatwaye Grant igihe kirenga imyaka ine kugira ngo atsinde ikirego yarezemo Trump wari umukandida w’ishyaka ry’Abarepubulikani mu 2020 mu matora y’umukuru w’Igihugu. Ikirego cya Grant,

Donald Trump yatsinzwe urubanza rwo gukoresha indirimbo atabiherewe uburenganzira Read More »

Umudepite arasabira Abawazalendo kwinjizwa mu nzego z’umutekano

Depite Willy Mishiki ashyigikiye kwinjiza abarwanyi ba Wazalendo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Polisi y’igihugu, ndetse no mu nzego z’ubutasi. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu mudepite ku rwego rw’Igihugu watorewe i Walikale, muri Kivu y’Amajyaruguru, asobanura ko uku kwishyira hamwe ku buyobozi bumwe kandi bwunze ubumwe bishobora kugabanya ihohoterwa ryakozwe na

Umudepite arasabira Abawazalendo kwinjizwa mu nzego z’umutekano Read More »

Imfungwa zirenga 250 zatorotse gereza

Ubuyobozi bw’Urwego rushinzwe amagereza muri Nigeria bwatangaje ko umwuzure wibasiye gereza iri mu gace ka Maiduguri mu Cyumweru gishize watumye abagera kuri 281 bari bayifungiyemo batoroka. Umuvugizi w’uru rwego, Umar Abubakar, yavuze ko barindwi muri aba batorotse bamaze gufatwa n’inzego z’umutekano, ko “Uyu mwuzure wasenye inkuta z’inyubako za gereza.” Umar Abubakar yavuze ko kugeza ubu

Imfungwa zirenga 250 zatorotse gereza Read More »

Congo Airways yambuwe uruhushya rwo gukora ubwikorezi

Sosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Congo Airways, yambuwe uruhushya rwo gukora ubwo bwikorezi ku bwo kutagira indege. Ni amakuru yatangajwe kuri uyu wa 15 Nzeri 2024, ko Urwego rushinzwe Indege za Gisivile rwambuye uruhushya iyi sosiyete kuko itari igifite indege byatuma ibasha gukora ubwikorezi. Mu minsi ishize guverinoma

Congo Airways yambuwe uruhushya rwo gukora ubwikorezi Read More »

trump yari agiye kuraswa ubwo yari iwe akina Golf

Donald Trump yatabawe igitaraganya n’inzego zishinzwe umutekano nyuma y’aho umuntu ashatse kumwicira mu rugo rwe ruri muri Leta ya Florida. Ni insanganya yabaye nyuma y’amezi abiri na none hageragejwe umugambi wo guhitana uyu mugabo ubwo yari mu gace ka Butler muri Leta ya Pennysylvania ari kwiyamamaza, umugizi wa nabi akamurasa ugutwi. Kuri iki Cyumweru nabwo

trump yari agiye kuraswa ubwo yari iwe akina Golf Read More »

Umuyobozi wa Polisi ya Kenya yakatiwe gufungwa

Urukiko rukuru rwa Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 13 Nzeri 2024, rwakatiye igifungo cy’amezi atandatu Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Polisi wa Kenya, Gilbert Masengeli. Uyu mwanzuro wasomwe n’umucamanza Lawrence Mugambi, nyuma y’uko Masengeli yanze kwitaba uru rukiko inshuro zirindwi zikurikiranya, ubwo yari yahamagajwe ngo atange ibisobanuro ku bantu batatu baburiwe irengero ubwo imyigaragambyo yabaga

Umuyobozi wa Polisi ya Kenya yakatiwe gufungwa Read More »

U Burundi bwavuzweho kwakira abayobozi bakuru ba FDLR na FLN

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi iremeza ko abahagarariye imitwe ya FDLR na FLN yombi irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bamaze icyumweru kirenga bagirana ibiganiro n’Igisirikare cy’u Burundi (FDNB). Inama zahuje izi mpande uko ari eshatu ku butumire bwa FDNB zaberaga muri hoteli zo mu ntara za Cibitoke na Kayanza zombi zitandukanywa n’ishyamba rya Kibira. Iri

U Burundi bwavuzweho kwakira abayobozi bakuru ba FDLR na FLN Read More »