wex24news

AMAHANGA

yanze kwitabira inama ya EAC ntiyanagena umuhagararira

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, kuri uyu wa 7 Kamena 2024 yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), ntiyagena n’umuhagararira. kinyamakuru Africa Intelligence gitangaza inkuru zicukumbuye muri Afurika cyasobanuye ko Tshisekedi yanze kwitabira iyi nama bitewe n’impamvu zirimo kuba Perezida William Ruto wa Kenya aherutse gutangaza […]

yanze kwitabira inama ya EAC ntiyanagena umuhagararira Read More »

yahawe ibihembo cy’ishimwe na kaminuza mpuzamahanga

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahawe igihembo cy’ishimwe na Kaminuza Mpuzamahanga y’Imiyoborere [African Leadership University, ALU], nk’uwabaye indashyikirwa mu guteza imbere ibikorwa byo kwihangira imirimo ku Banyarwanda n’abandi. Umukuru w’Igihugu yahawe iki gihembo ubwo yari mu muhango wo gutanga impamyabumenyi ku bagera kuri 431 barangije amasomo muri Kaminuza ya African Leadership University.

yahawe ibihembo cy’ishimwe na kaminuza mpuzamahanga Read More »

ishyaka rya EFF ntiriteze kwihuza na ANC iyoboye Afurika y’Epfo

Umuyobozi w’ishyaka EFF ry’impirimbanyi ziharanira impinduramatwara mu bukungu, Julius Sello Malema, yatangaje ko ritazahuza imbaraga na ANC iri ku butegetsi bwa Afurika y’Epfo. ANC yafashe icyemezo cyo kwihuza n’amashyaka atavuga rumwe na yo kugira ngo hajyeho guverinoma y’ubumwe, nyuma y’aho ibuze amajwi 50% mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo Perezida wa Afurika

ishyaka rya EFF ntiriteze kwihuza na ANC iyoboye Afurika y’Epfo Read More »

yishongoye ku bagerageje ‘coup d’état’ mu 2015

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza tariki ya 13 Gicurasi 2015 batashoboraga kugera ku ntego kuko igihugu cyabo gifite igisirikare cyunze ubumwe kandi gikomeye kurusha uko babitekerezaga. Iyi ‘coup d’état’ yari iyobowe n’abasirikare barimo Gen Maj Godefroid Niyombare yabaye mu gihe Nkurunziza wayoboye u Burundi yari yagiye muri

yishongoye ku bagerageje ‘coup d’état’ mu 2015 Read More »

Bongeye kurasa mu nkambi y’abasivili

Mu cyumba cy’ishuri cyahinduwe ahantu ho kurara ku ishuri ry’Umuryango w’Abibumbye (ONU) mu nkambi y’impunzi y’i Nuseirat rwagati muri Gaza, abana b’Abanye-Palestine baragendagenda mu bisigazwa by’ibyasenyutse no muri za matola ziriho ibizinga by’amaraso. Abantu nibura 35 bishwe naho abandi benshi barakomereka aho hantu, mu gitero cyo mu kirere cy’igisirikare cya Israel cyabaye mu gitondo, nkuko

Bongeye kurasa mu nkambi y’abasivili Read More »

umuntu wa mbere yishwe n’ibicurane by’ibiguruka

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryatangaje ko umugabo w’imyaka 59 wo muri Mexique yishwe n’ibicurane byo mu bwoko bwa ‘H5N2’ bifata ibiguruka, aba uwa mbere byishe ku Isi, ibyo bicurane bikaba bitari byarigeze bishyirwa mu cyiciro cy’indwara zibasira abantu. Kuri uyu wa 06 Kamena 2024, byatangaje ko bimwe mu bimenyetso byagaragaye kuri uwo

umuntu wa mbere yishwe n’ibicurane by’ibiguruka Read More »

Ibihugu bifite abaturage bagizwe imbohe muri Gaza batakabye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibindi bihugu 16 bifite abaturage babyo bafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas, byasabye Israel na Hamas kumvikana bigaharika intambara ikomeje guhitana benshi. Ibi bihugu byatanze impuruza, biteganyijwe ko bishyira hanze itangazo kuri uyu wa Kane, bisaba ko impande zombi zihagarika intambara. Perezida wa Amerika, Joe Biden mu cyumweru gishize yavuze ko

Ibihugu bifite abaturage bagizwe imbohe muri Gaza batakabye Read More »

Abantu 8 bishwe n’inzoga, abandi barenga 100 bajya mu bitaro

Ni ibyago bibaye ku nshuro ya kabiri mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa, kuko ku itariki 30 abayobozi b’ahitwa i Meknès bari batangaje itabwa muri yombi ry’abagabo babiri bakekwaho kuba barakoze kandi bagacuruza inzoga y’inkorano ihumanye bigateza urupfu rw’abandi bantu barindwi. Ikinyamakuru cy’aho muri Maroc cya H24, cyatagaje ko inzoga ikorwa ari uruvange rwa ‘alcool classique’

Abantu 8 bishwe n’inzoga, abandi barenga 100 bajya mu bitaro Read More »

Abantu 16 bishwe bicyekwa ko abarwanyi ba ADF aribo babishe

Abantu 16 bishwe n’abakekwaho kuba abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF muri teritwari ya Beni iherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Sosiyete sivile yatangaje ko iki gitero cy’imihoro cyagabwe mu gace ka Masau tariki ya 4 Kamena 2024, Imirambo y’abishwe yabonetse mu gitondo cya tariki ya 5 Kamena, ariko ngo

Abantu 16 bishwe bicyekwa ko abarwanyi ba ADF aribo babishe Read More »

abagerageje guhirika Tshisekedi ku butegetsi bagiye kuburanishwa

Urukiko Rukuru rwa gisirikare kuri uyu wa 7 Kamena 2024 ruraburanisha abantu 53 bagerageje gukura Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iri gerageza ryabaye mu rukerera rwa tariki ya 19 Gicurasi 2024 ryari riyobowe n’Umunye-Congo Christian Malanga wari ufite ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Gen Maj Sylvain

abagerageje guhirika Tshisekedi ku butegetsi bagiye kuburanishwa Read More »