wex24news

AMAHANGA

abayobozi ba ICC basabiye ibihano

Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatoye umushinga w’itegeko rihana Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ruzira impapuro ruherutse gusohora zo guta muri yombi abayobozi ba Israel. Mu bashyiriweho impapuro zibata muri yombi harimo Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu na Minisitiri w’Umutekano, Yoav Gallant. Izi mpapuro kandi zashyiriweho abayobozi batatu ba Hamas. Uyu mushinga […]

abayobozi ba ICC basabiye ibihano Read More »

Abasirikare b’u Bufaransa bazajya muri Ukraine bazaraswa

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje ko abasirikare b’u Bufaransa bazajya gutoza aba Ukraine bazaba igipimo cy’ingabo z’iki gihugu ku buryo bazajya baraswa. Minisitiri Lavrov yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 4 Kamena 2024 ubwo yari i Brazaville muri Congo. Ni nyuma y’aho Umugaba Mukuru w’ingabo za Ukraine mu cyumweru gishize

Abasirikare b’u Bufaransa bazajya muri Ukraine bazaraswa Read More »

yemeye kwitwararika ku rubanza rw’umuhungu we

Mbere y’itangira ry’urubanza rwa Hunter Biden aregwamo gutunga imbunda bitemwe, rwatangiye ku wa Kabiri, ise yasohoye itangazo ryerekanye uburyo ameze nk’ugenda ku magi mu kugerageza ibikirwa bye byo kwiyamamaza. Perezida Joe Biden ygize ati“Ndi Perezida, ariko kandi ndi n’umubyeyi,” ni ko Perezida Joe Biden yavuze igihe guhitamo inteko y’inyangamugayo zizaca urubanza byatangiraga ku wa Mbere.

yemeye kwitwararika ku rubanza rw’umuhungu we Read More »

bamaganye guverinoma nshya

Bamwe mu badepite bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangiye kwamagana guverinoma nshya iherutse gushyirwaho na Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka. Iyi guverinoma igizwe n’abantu 54 yagaragayemo impinduka ugereranyije n’iyari isanzweho, kuko hahinduwe abarimo Minisitiri w’Ingabo, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere, Minisitiri w’Ubukungu, Minisitiri w’Imari na Minisitiri w’Ubutabera. Basobanuye ko iyi guverinoma idashingiye

bamaganye guverinoma nshya Read More »

Amerika igiye gukaza amategeko y’abimukira baca muri Mexique

Ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Amerika bitangaza ko uyu munsi ku wa Kabiri, Prezida Joe Biden ashyiraho ingamba zikarishye ku bimukira bagera ku butaka bwa Amerika baciye muri Mexique. Biden ashobora gutangaza, zirimo itegeko ritanga uburenganzira bwo gusubiza inyuma abimukira bose binjiye muri Amerika baciye ku ruhande rwa Mexique, mbere y’uko basobanura impamvu bahungiye muri Amerika.

Amerika igiye gukaza amategeko y’abimukira baca muri Mexique Read More »

yihanije abakongeza ubutinganyi muri Uganda

Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yihanangirije abakomeje gushaka gushyigikira abaryamana bahuje ibitsina muri Uganda, avuga ko iyi ari ingingo igihugu cye kidashobora kwihanganira. N’ubutumwa Perezida Museveni yagejeje ku bitabiriye umuhango n’amasegesho yo gusabira abahowe Imana bo muri Uganda. Ni umuhango uba buri mwaka mu gace ka Namugongo, aho batwikiwe. Perezida Museveni yakomeje agira ati “Mwe abantu

yihanije abakongeza ubutinganyi muri Uganda Read More »

bahawe amahirwe yo kugura imyanya yihariye mu ndege 

Sosiyete y’indege y’Abahinde, IndiGo Airlines yashyiriyeho abagore guhitamo imyanya yegereye iy’abagore bagenzi babo, mu gihe bagura amatike y’indege. IndiGo Airlines yagaragaje ko yashyizeho uburyo ku bagore bwo kugurira amatike kuri internet, bagahabwa amakuru yose ajyanye n’umwanya bazaba bicayemo ku buryo mu gihe badashaka kwicarana n’abagabo, bahindura bakajya mu myanya iri hafi y’abagore bagenzi babo. Iki

bahawe amahirwe yo kugura imyanya yihariye mu ndege  Read More »

yafashe icyemezo cyo gutanga kandidatire ukurikiranyweho ruswa

Robert Bob Menendez ukurikiranyweho ibyaha bya ruswa kuva mu 2023, yatanze kandidatire ku mwanya wa Senateri, kugira ngo ahagararire Leta ya New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri Nzeri 2023, Ubushinjacyaha n’urwego rw’iperereza (FBI) bwatangaje ko bwamaze kubona ibimenyetso bifatika bigaragaza ko Menendez yakoranye n’umugore we Nadine Menendez mu guharanira mu buryo butemewe.

yafashe icyemezo cyo gutanga kandidatire ukurikiranyweho ruswa Read More »

bane mu bashimuswe na Hamas bapfuye

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko amakuru y’ubutasi gifite agaragaza ko hari abaturage b’iki gihugu bane bari mu bashimuswe n’umutwe wa Hamas, bapfuye. Mu cyumweru cya mbere cy’Ugushyingo mu 2023 Hamas yemeye kurekura Abanya-Israel 105, ariko kugeza ubu hari abandi 120 bitaramenyekana irengero ryabo. Mu makuru igisirikare cya Israel cyashyize hanze mu ntangiriro z’iki cyumweru, cyavuze

bane mu bashimuswe na Hamas bapfuye Read More »

bafungiye muri Uganda kubera ubwicanyi

Desire Kwizera n’umugore we Uwingabire Kwizera bakoraga nk’abakozi bo mu rugo muri Uganda mu gace ka Kabale, batawe muri yombi bakekwaho kwica uwari umukoresha wabo. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’aba Banyarwanda yamenyekanye mu ntangiriro z’iki cyumweru, mu ibazwa ry’ibanze biyemereye ko bishe Geofrey Twinomujuni Ntegyire wari umukoresha. Bamwishe bakoresheje inyundo ku wa 31 Gicurasi mu

bafungiye muri Uganda kubera ubwicanyi Read More »