wex24news

AMAHANGA

ku myaka 93 yashatse umugore

Umuherwe Rupert Murdoch w’imyaka 93 yongeye gukora ubukwe ashaka umugore wa gatanu witwa Elena Zhukova arusha imyaka 26 ukomoka mu Burusiya. Rupert Murdoch n’umugore we mushya berekanye ko ku myaka yose umuntu yakora ubukwe kabone n’ubwo yaba ashaje. Umuherwe washoye Rupert Murdoch utunze Miliyari 21.7 z’Amadolari, akaba umuntu wa 71 ukize cyane ku Isi, ndetse […]

ku myaka 93 yashatse umugore Read More »

bagiye gukumirwa kwinjira mu Birwa bya Maldives

Ubuyobozi bw’Ibirwa bya Maldives bwatangaje ko butazongera gutuma abantu bafite pasiporo zo muri Israel babyinjiramo, kubera intambara icyo gihugu gikomeje gushyamiranamo n’Umutwe wa Hamas ugenzura Intara ya Gaza muri Palestine. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 02 Kamena 2024, mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryaturutse mu Biro bya Perezida Dr. Mohamed Muizzu. Perezida Dr. Mohamed Muizzu kandi

bagiye gukumirwa kwinjira mu Birwa bya Maldives Read More »

umusirikare wa SADC yaguye mu mirwano na M23

Igisirikare cy’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo cyoherejwe gufasha ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo na M23, cyatangaje ko imodoka zacyo z’intambara ebyiri zafashwe na M23, abasirikare bacyo 13 bagakomereka, umwe agapfa. Mu itangazo icyo gisirikare kiri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC cyashyize hanze kuri uyu wa Gatanu, cyagaragaje ko byabereye mu mirwano

umusirikare wa SADC yaguye mu mirwano na M23 Read More »

yahinduye indirimbo yubahiriza igihugu isubizaho iya kera

Nigeria yafashe umwanzuro wo guhindura indirimbo yubahiriza Igihugu isubira ku ndirimbo bakoreshaga mu myaka 50 ishize. Iyi ndirimbo nshya ya Nigeria yitwa ‘We Hail Thee’, ikaba isimbuye ‘Arise, O Compatriots’. Yatangiye kwifashishwa mu 1960 ubwo Nigeria yabonaga ubwigenge , yandikwa na Lillian Jean Williams , Umwongereza wabaga muri Nigeria. Perezida Bola Tinubu yasinye iteka kuri

yahinduye indirimbo yubahiriza igihugu isubizaho iya kera Read More »

yatawe muri yombi na Wagner

Umubiligi ukorera umuryango 360FHI w’Abanyamerika muri Repubulika ya Centrafrique, yatawe muri yombi n’abarwanyi b’umutwe w’igisirikare cyigenga wa Wagner, ukomoka mu Burusiya. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bubiligi yatangaje ko yamenye amakuru y’ifatwa ry’uyu mwenegihugu utatangarijwe amazina, kandi ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cye. Wagner ikorana n’ingabo za Centrafrique hashingiwe ku masezerano y’ubufatanye iki gihugu cyagiranye na

yatawe muri yombi na Wagner Read More »

abimukira bayishakamo ubuhungira izajya ibohereza i burayi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye kujya zohereza abimukira bo mu bihugu bya Amerika y’Amajyepfo bazishakamo ubuhungiro mu bihugu by’u Butaliyani n’u Bugereki. Amerika yashyizeho ibiro bishinzwe gufasha abashaka ubuhungiro no kuba abimukira mu bihugu bitandukanye birimo Colombia, Costa Rica, Ecuador, na Guatemala hagamijwe gukemura ikibazo cy’abambuka imipaka binyuranye n’amategeko. Umuvugizi w’Urwego rw’Ububanyi n’Amahanga rwa

abimukira bayishakamo ubuhungira izajya ibohereza i burayi Read More »

imodoka z’intambara eshatu zafashwe na M23

Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko wafashe imodoka eshatu z’ihuriro ry’ingabo zirimo iziri mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, SAMIDRC. Izi modoka zirimo ibifaru bibiri ndetse n’ikamyo itwara abasirikare yo mu bwoko bwa IVECO, zafashwe nyuma y’ibitero ingabo za SADC n’izindi zirimo iza RDC n’iz’u Burundi zagabye.  Lawrence

imodoka z’intambara eshatu zafashwe na M23 Read More »

Ukraine ishobora kwemererwa kurasa mu Burusiya

Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bigize Umuryango wa NATO, kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024 bahuriye i Prague muri Repubulika ya Tchèque kugira ngo bafate icyemezo ku cyifuzo cya Ukraine cyo gukoresha intwaro ziremereye batanga, izikoreshe irasa mu Burusiya. Iyi nama y’iminsi ibiri yateguraga izahuriza abakuru b’ibihugu byo muri uyu muryango i Washington D.C

Ukraine ishobora kwemererwa kurasa mu Burusiya Read More »