wex24news

AMAHANGA

Ambasade ya Israel yatwitswe

Abigaragambya bashyigikiye Palestine muri Mexique, batwitse igice kimwe cya Ambasade ya Israel iri mu Murwa Mukuru w’iki gihugu, nyuma yo guhangana n’abapolisi bari boherejwe ngo babahagarike. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ababarirwa muri 200 nibo bari bahuriye mu gace ka Lomas de Chapultepec muri Mexico City, bahamagarira amahanga “kugira icyo bakora mu buryo bwihuse ku biri […]

Ambasade ya Israel yatwitswe Read More »

 yasabye Abanyafurika kwiyizera mbere yo kwizerwa n’abandi

Dr. William Samoei Ruto Perezioda wa Kenya, yasabye Abanyafurika kwiyumvamo icyizere ko bashobora kugeza Umugabane wa Afurika ku iterambere bifuza, mbere y’uko abandi bakibagirira. Yabivugiye mu kiganiro cy’abakuru b’ibihugu cyateguwe na Banki Nyafurika y’Iterambere (AfDB), mu nama ngarukamwaka yayo yabereye i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024. Perezida William Ruto yagize Ati

 yasabye Abanyafurika kwiyizera mbere yo kwizerwa n’abandi Read More »

ntiyemeranya n’abamushinja kudindiza ubukungu 

Ali Bongo wahoze ari Perezida wa Gabon yatangaje ko atari kubasha gukemura ikibazo cy’ubukungu muri iki gihugu wenyine, ahubwo ko abamushinja kubudindiza bagombaga kumufasha. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marwane Ben Yahmed w’ikinyamakuru Jeune Afrique. Ali Bongo mu magambo ye yagize ati “Ntabwo nayoboye igihugu njyenyine. Bamwe mu bo twakoranye, uyu munsi barantuka. Ntacyo

ntiyemeranya n’abamushinja kudindiza ubukungu  Read More »

igisirikare cyamuritse ‘robot’ ihetse imbunda

Igisirikare cy’u Bushinwa cyerekanye ‘robot’ yahawe ishusho y’imbwa ihetse imbunda cyiteze ko izajya igifasha mu ntambara kuko ifite ubushobozi bwo gutahura aho umwanzi aherereye ndetse ikaba yanabafasha mu kurasa. yi ‘robot’ izajya ikoreshwa n’umuntu hifashishijwe ‘télécommande’. Yagaragaye ubwo igisirikare cy’u Bushinwa cyifatanyaga n’icya Cambodge mu myitozo yahawe izina rya ‘Golden Dragon 2024’. Gukoresha ‘robot’ ndetse

igisirikare cyamuritse ‘robot’ ihetse imbunda Read More »

Urubanza rw’umukinnyi wa filime z’urukozasoni na Trump rwasubiye i rudubi

Inteko y’abacamanza mu rubanza rwa Donald Trump ku kirego cy’amafaranga yishyuwe umukinnyikazi wa filime z’urukozasoni mbere y’amatora ya 2016 bemeje ko bagiye gusuzuma ubuhamya bwatanzwe bugaragaza ko ibyo bishobora kuba koko bayarakozwe hagamijwe gucecekesha uwo mukinnyikazi ku ihohoterwa yari yakorewe na Trump. Donald Trump akurikirwanweho kuba yarahaye amafaranga agera kuri bihumbi $130 umukinnyikazi wa Filime

Urubanza rw’umukinnyi wa filime z’urukozasoni na Trump rwasubiye i rudubi Read More »

yagiranye ibiganiro na mugenzi we William Ruto wa Kenya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri i Nairobi muri Kenya, mu rwego rwo rw’Inama ngarukamwaka ya 59 ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere yo muri uyu mwaka wa 2024 yagiranye ibiganiro na Perezida William Ruto wa Kenya. Ibiganiro by’abo bakuru b’Ibihugu byombi byibanze ahanini ku buryo bwo gukomeza gushimangira umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi Kenya n’u

yagiranye ibiganiro na mugenzi we William Ruto wa Kenya Read More »

Guverinoma ya RDC yahinduye isura

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024 yatangaje abagize guverinoma nshya, abarimo Christophe Lutundula wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga arasimbuzwa, Jean-Pierre Bemba wari Minisitiri w’Ingabo ahindurirwa inshingano. Lutundula yasimbujwe Thérèse Kayikwamba Wagner. Bemba yagizwe Minisitiri w’Ubwikorezi n’inzira z’itumanaho, ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo asimburwa na Guy

Guverinoma ya RDC yahinduye isura Read More »

babonye Minisitiri w’Intebe mushya

Akanama kayoboye ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Haiti kagize Dr Garry Conille, Minisitiri w’Intebe mushya w’iki gihugu, umwanya yaherukagaho mu 2012.  Dr. Garry Conille yigeze kuba Minisitiri w’Intebe ku butegetsi bwa Michel Martelly, icyakora aza kwegura kuri uwo mwanya muri Gicurasi 2012. Kuri iyi nshuro Perezida w’aka kanama hayoboye Haiti witwa Edgard Leblanc Fils ku wa 28

babonye Minisitiri w’Intebe mushya Read More »

bwiyemeje guha Ukraine indege 30 z’intambara

Perezida Volodymyr Zelensky, ari i Bruxelles kuva kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi, kugira ngo bagirane amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare n’u Bubiligi. Amasezerano n’u Bubiligi afite uburemere bwihariye kuko ubwami buzaha Ukraine Indege 30 zo mu bwoko bwa F16 zizashyikirizwa Ukraine mbere ya 2028 kandi amasezerano yashyizweho umukono muri iki gitondo ateganya

bwiyemeje guha Ukraine indege 30 z’intambara Read More »

bafashwe na M23 basabye imiryango mpuzamahanga kubafasha gutaha

Abasirikare b’u Burundi bafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye imiryango mpuzamahanga kubafasha gutaha kuko Leta yabo yabihakanye. Mu ntangiriro za Gicurasi 2024, M23 yafatiye abandi basirikare b’u Burundi mu gace kitwa Rukara, nyuma y’aho bagenzi babo bari kumwe babasize ku

bafashwe na M23 basabye imiryango mpuzamahanga kubafasha gutaha Read More »