wex24news

AMAHANGA

akomeje ku mwanikira mu bahabwa amahirwe yo kuyobora Amerika

Donald Trump akomeje kuza imbere ya Joe Biden uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu bahabwa amahirwe yo kuzatsinda amatora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Trump ahabwa amahirwe angana na 45.8% yo gutsinda mu gihe Biden afite 44%, bivuze ko Trump arusha Biden amahirwe arenga 1.5% Kugira ngo utsindire kuyobora Amerika, bisaba kuba wakusanyije abahagarariye […]

akomeje ku mwanikira mu bahabwa amahirwe yo kuyobora Amerika Read More »

Taiwan igiye guhabwa intwaro zikomeye

 Michael McCaul Umudepite uyoboye Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Taiwan igiye guhabwa intwaro zikozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga ry’Abanyamerika zigezweho ugereranyije n’iza Ukraine. McCaul yatangaje ko izi ntwaro zigiye kuza kuri iki kirwa, mu gihe u Bushinwa bwo bwihanangirije Abanyamerika ko ingaruka zizava muri uku gutanga

Taiwan igiye guhabwa intwaro zikomeye Read More »

ntateze huhagarika intambara muri Gaza

Benjamin Netanyahu Minisitire w’Intebe wa Israel yatangaje ko Ingabo z’igihugu cye zizakomeza kugaba ibitero mu gace ka Rafah kari muri Gaza. Israel iherutse kugaba igitero karundura cyahitanye abaturage barenga 45, gituma ibihugu n’imiryango mpuzamahanga nk’uw’Ubumwe bw’u Burayi, yose inenga imyitwarire y’iki gihugu. Netanyahu yavuze ko adafite gahunda yo guhagarika iyi ntambara nubwo igitutu cy’amahanga gikomeje

ntateze huhagarika intambara muri Gaza Read More »

aravugwaho gukoresha ijambo risebya abaryamana bahuje ibitsina

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku rwego rw’Isi, Papa Francis, ari mu mazi abira. Kuva kera yakunze kugaragara avuga abaryamana bahuje ibitsina neza, ariko muri iyi minsi imvugo yahindutse Uyu Mushumba yabivuze ubwo yakira inama ya Conferenza Episcopale Italiana ya Kiliziya Gatolika mu Butaliyani, nk’uko byatangajwe na bimwe mu binyamakuru byo muri icyo gihugu. Byatangiye Papa

aravugwaho gukoresha ijambo risebya abaryamana bahuje ibitsina Read More »

Ikigo cyitezweho guhangana na ChatGPT cyagize agaciro ka miliyari 24$

 Ikigo XAI cy’ubwenge buhangano cy’umuherwe Elon Musk, cyabashije gukusanya inkunga ya miliyoni $6 mu bashoramari bizera ko kizatera imbere kandi kigatanga umusaruro ufatika, bituma agaciro kacyo kazamuka kagera kuri miliyoni 24$ Aba bashoramari bashoye akayabo muri iki kigo, bavuze ko bafite icyizere ko kizatanga akazi gakomeye mu ihangana kirimo n’ibindi bigo birimo n’icya OpenAI cyakoze

Ikigo cyitezweho guhangana na ChatGPT cyagize agaciro ka miliyari 24$ Read More »

yagiriwe inama yo gutumira Abatalibani no kubakuriraho ibihano

Guverinoma y’u Burusiya yatumiye Abatalibani bayobora Afghanistan mu nama mpuzamahanga y’ubukungu izabera mu mujyi wa St Petersburg kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 8 Kamena 2024. Ni icyemezo cyaturutse ku nama Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’iy’Ubutabera z’u Burusiya zagiriye Perezida Vladimir Putin nk’uko byatangajwe n’ibiro ntaramakuru TASS by’Abarusiya. Umutwe w’Abatalibani washinzwe mu 1994, kuva mu

yagiriwe inama yo gutumira Abatalibani no kubakuriraho ibihano Read More »

yigambye ko Amerika ariyo gihangange kw’ Isi

Perezida wa Amerika, Joe Biden yavuze ko Amerika ari cyo gihugu cyonyine cy’igihangange ku isi kandi ariyo iyoboye Demokarasi. amagambo Joe Biden yagarutseho ubwo yagezaga ijambo ku barangije mu ishuri rya gisirikare rya West Point muri New York. Joe Biden yagize ati “Turashimira ingabo za Amerika, dukora ibyo Amerika yonyine ishobora gukora nk’igihugu cy’ingirakamaro, igihugu

yigambye ko Amerika ariyo gihangange kw’ Isi Read More »

Ubutegetsi buyobowe n’igisirikare buzamara indi myaka itanu mbere y’amatora

Muri Burkina Faso, Perezida Ibrahim Traore, azaguma ku butegetsi mu yindi myaka itanu iri imbere, izatangira kubarwa uhereye ku itariki 2 Nyakanga 2024, nk’uko byemejwe n’Inama ngishwanama yateraniye i Ouagadougou ku matariki 25-26 Gicurasi 2024. Mu itangazo ryasohowe na Col. Moussa Diallo, Perezida wa Komite ishinzwe gutegura iyo nama ngishwanama yo ku rwego rw’Igihugu, nyuma

Ubutegetsi buyobowe n’igisirikare buzamara indi myaka itanu mbere y’amatora Read More »

ntiyemeranya no kongera umusoro w’imodoka zo mu Bushinwa

Umuherwe Elon Musk akaba nyiri uruganda rwa Tesla rukora imodoka zikoresha amashanyarazi, yatangaje ko adashyigikiye icyemezo cya Amerika cyo gukuba kane umusoro w’imodoka zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa. Ni icyemezo giherutse gufatwa na Perezida Joe Biden, aho izi modoka zazajya zishyura imisoro ku kigero cya 100%. Musk yavuze ko atari we cyangwa ubuyobozi bwa Tesla bwasabye

ntiyemeranya no kongera umusoro w’imodoka zo mu Bushinwa Read More »

RDC yahawe inkunga y’ububiko bw’imirambo

Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahaye ibitaro by’igisirikare cy’iki gihugu bya Katindo biri i Goma, impano y’ububiko bw’imirambo (morgue). iyi ‘morgue’ yatanzwe tariki ya 24 Gicurasi 2024 ikoze muri kontineri itageramo ubushyuhe. Ifite umwanya wo kubikamo imirambo igera kuri 50 nk’uko byasobanuye na Radio Okapi iterwa inkunga na MONUSCO.

RDC yahawe inkunga y’ububiko bw’imirambo Read More »