nta birindiro ibyihebe bigifite muri Cabo Delgado
Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Ansar al Sunnah nta birindiro bihoraho basigaranye mu ntara ya Cabo Delgado. Abarwanyi b’uyu mutwe batangiye ibikorwa by’iterabwoba muri Cabo Delgado mu 2017, aho bagenzuraga igice kinini cy’iyi ntara kugeza muri Nyakanga 2021. Ingabo z’u Rwanda zajyaga kwifatanya n’iza Mozambique kubarwanya. mu gihe gito, […]
nta birindiro ibyihebe bigifite muri Cabo Delgado Read More »