wex24news

AMAHANGA

 nta birindiro ibyihebe bigifite muri Cabo Delgado

Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Ansar al Sunnah nta birindiro bihoraho basigaranye mu ntara ya Cabo Delgado. Abarwanyi b’uyu mutwe batangiye ibikorwa by’iterabwoba muri Cabo Delgado mu 2017, aho bagenzuraga igice kinini cy’iyi ntara kugeza muri Nyakanga 2021. Ingabo z’u Rwanda zajyaga kwifatanya n’iza Mozambique kubarwanya. mu gihe gito, […]

 nta birindiro ibyihebe bigifite muri Cabo Delgado Read More »

igisirikare cyamukatiye igifungo cya burundu

Mariusz Majewski ukomoka muri Pologne yakatiwe igifungo cya burundu, urukiko rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo rwari rumaze kumuhamya icyaha cyo kuneka no kwangiza ibikorwa bya gisirikare. Majewski yatawe muri yombi muri Gashyantare 2024, ashinjwa kugirana umugambi n’amabandi y’umutwe witwaje intwaro wa Mobombo wo kujya afotora ibikorwa byawo. RFI yabitangaje, nyina wabo

igisirikare cyamukatiye igifungo cya burundu Read More »

arashaka manda ya kabiri nubwo ubutegetsi bwe bushinjwa gusubiza inyuma igihugu

Afurika y’Epfo ibigugu muri politiki y’iki gihugu biri kwitegura amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ari yo azagena uzatorerwa kuba Perezida tariki 29 Gicurasi 2024. Cyril Ramaphosa w’imyaka 71 usanzwe ari Perezida ku itike y’ishyaka ANC ni we uhabwa amahirwe nubwo kuri iyi nshuro ishyaka rye rishobora kuzatsinda ku bwiganze buke, ibintu bizaba bibayeho bwa mbere

arashaka manda ya kabiri nubwo ubutegetsi bwe bushinjwa gusubiza inyuma igihugu Read More »

Israel yabonye abaturage bayo batwawe bunyago na Hamas

Igisirikare cya Israel, cyatangaje ko cyabonye indi mirambo y’Abanya-Israel batatu Hamas yari yarashimuse ku wa 07 Ukwakira 2023 ubwo yagabaga ibitero kuri Israel. IDF yatangaje ko iyo mirambo yayibonye ar’iy ’abaturage barimo uwitwaga Hanan Yablonka, Michel Nisenbaum na Orion Hernandez. Ni imirambo yabonywe ikurikira indi iki gisirikare cyari cyabonye mu cyumweru gishize muri Gaza. Abo

Israel yabonye abaturage bayo batwawe bunyago na Hamas Read More »

Niger yatangiye kohereza peteroli mu mahanga

Niger yatangiye kohereza peteroli mu mahanga nyuma y’imyaka irindwi iri kubaka umuyoboro uzajya uyihuza n’icyambu cya Seme kiri muri Benin, cyane ko idakora ku nyanja. Ni umuyoboro wahenze cyane kuko watwaye miliyari 5$, wuzura ku bufatanye bw’ibigo bikora muri uru rwego, birimo n’ibyo mu Bushinwa byagize uruhare mu kuwubaka. Kugeza ubu Niger ishobora kohereza utugunguru

Niger yatangiye kohereza peteroli mu mahanga Read More »

umuhango wo gushyingura Perezida Ebrahim Raisi witabiriwe nabasaga miliyoni 3

Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, ku wa Kane tariki 23 Gicurasi 2024 yashyinguwe mu mujyi yavukiyemo wa Mashhad, nyuma y’iminsi ine azize impanuka ya kajugujugu. Umuhango wo guherekeza Perezida Raisi yerekana imbaga y’abantu yateraniye muri imwe mu mihanda minini y’umujyi w’Amajyaruguru y’Iburasirazuba mbere yo kumushyingura. Abandi bantu barindwi bapfuye bazize impanuka ya Kajugujugu washyinguwe ku

umuhango wo gushyingura Perezida Ebrahim Raisi witabiriwe nabasaga miliyoni 3 Read More »

 abimukira baturitse mu bwongereza bazoherezwa nyuma y’amatora

Rishi Sunak Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza , yatangaje ko niyongera gutorerwa uyu mwanya muri Nyakanga 2024, ari bwo indege zizatangira kohereza abimukira mu Rwanda. Sunak Rishi yatangiraga igikorwa cyo kwiyamamaza kuri uyu wa 23 Gicurasi 2024, yatangaje ko imyiteguro yo kohereza aba bimukira yamaze kunozwa mu nzego zose, ku buryo abimukira bakoherezwa mu Rwanda. Sunaka

 abimukira baturitse mu bwongereza bazoherezwa nyuma y’amatora Read More »