wex24news

AMAHANGA

Amerika igiye guha Kenya sitati y’inshuti ya NATO

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ateganya guha Kenya sitati y’igihugu cy’inshuti y’umuryango wo gutabarana w’ibihugu bihurira ku nyanja ya Atlantique, NATO. Amerika ikomeje kugaragaza ko ishyigikiye gahunda ya Kenya yo kohereza abapolisi muri Haiti kugira bafashe ubutegetsi bwayo kugarura umutekano mu bice birimo umurwa mukuru, Port-au-Prince ugenzurwa n’amabandi yitwaje intwaro. Amerika […]

Amerika igiye guha Kenya sitati y’inshuti ya NATO Read More »

yasezeranyijwe ubufasha mu iperereza kuri ‘coup d’état’ yapfubyeyasezeranyijwe

Antony Blinken Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, yavuganye na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amusezeranya ubufasha mu iperereza kuri ‘coup d’état’ iherutse gupfuba. Tariki ya 19 Gicurasi 2024, abarwanyi barimo abafite ubwenegihugu bwa Amerika bateye ibiro bya Perezida wa RDC n’urugo rwa Minisitiri w’Ubukungu, Vital Kamerhe,

yasezeranyijwe ubufasha mu iperereza kuri ‘coup d’état’ yapfubyeyasezeranyijwe Read More »

yahoze ahanganye na Trump none yiyemeje kuzamushyigikira mu matora

Nikki Haley wahoze ahanganye na Donald Trump mu guhagararira ishyaka ry’aba-républicains mu matora ya Perezida azaba uyu mwaka, yemeje ko azashyigikira uyu wahoze ari Perezida. Nikki Haley yahoze ari ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni kubwa Trump yivanye mu bahatanira guhagararira ishyaka muri Werurwe uyu mwaka. yivanyemo mu gihe Trump yari akomeje

yahoze ahanganye na Trump none yiyemeje kuzamushyigikira mu matora Read More »

yasabye ibihugu yise biteye imbere gutambamira icyifuzo cy’Umushinjacyaha wo mu rukiko rwa ICC

Israel yasabye ibihugu yise biteye imbere gutambamira icyifuzo cy’Umushinjacyaha wo mu Rukiko Mpanabyaha mpuzamahanga (ICC), usaba impapuro zo guta muri yombi abayobozi ba Israel, zikwiye kwimwa agaciro. Minisitiri w’Ingabo wa Israel Yoav Gallant yavuze ko bibabaje kandi biteye isoni kwivanga mu ntambara Israel imazemo amezi asaga arindwi ihanganye n’umutwe wa Hamas. Uburakari bwa Israel kuri

yasabye ibihugu yise biteye imbere gutambamira icyifuzo cy’Umushinjacyaha wo mu rukiko rwa ICC Read More »

Nta matora rusange ya Perezida wa Repubulika azongera kubaho

Itegeko nshinga rya Togo rishya ryamaze gutangazwa mu igazeti ya Leta, ryemeje ko nta matora rusange y’Umukuru w’Igihugu azongera kubaho, ahubwo azajya atorwa n’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Iri tegeko nshinga ryasohotse mu igazeti aho ritegenya ibigomba gukorwa byose kugira ngo muri Togo hashyirweho Repubulika ya gatanu ndetse inzego zigomba gushyirwa mu myanya mu mezi 12.

Nta matora rusange ya Perezida wa Repubulika azongera kubaho Read More »

Havumbuwe urukingo rw’ibicurane ruzakora nk’umuti.

Abashakashatsi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu kigo Albert Einstein College of Medicine, bavumbuye umuti uzajya ukora nk’urukingo rw’ibicurane, ku buryo ufasha mu gukumira iyo ndwara mbere y’uko ikwirakwira mu mubiri w’umuntu. Nibura buri mwaka, abantu basaga miliyari ku Isi barwara ibicurane nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ribigaragaza. Imiti ihari isanzwe ivura

Havumbuwe urukingo rw’ibicurane ruzakora nk’umuti. Read More »

Ikibuga cy’indege cyongeye gufungurwa nyuma y’igihe kirekire gifunzwe

Ikibuga cy’indege cya Haïti gihereye mu murwa mukuru Port-au-Prince cyongeye gufungurwa ku wa Mbere, tariki 20 Gicurasi 2024, nyuma y’amezi atatu gifunzwe kubera urugomo rukabije rw’udutsiko tw’amabandi. Indege ya mbere y’ubucuruzi yahagurutse kuri iki kibuga ku wa Mbere, yerekeje i Miami muri Florida. cyumweru hateganyijwe izindi ngendo z’indege kuri iki kibuga nubwo udutsiko tw’amabandi tugifite

Ikibuga cy’indege cyongeye gufungurwa nyuma y’igihe kirekire gifunzwe Read More »

Perezida wa Kenya ari mu ruzinduko rw’akazi muri Amerika

Perezida wa Kenya, William Ruto ari mu ruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akazagirana ibiganiro na mugenzi we Joe Biden ku ngingo zitandukanye, bakazibanda cyane ku mutekano n’ubucuruzi. Ibiro by’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga Byanditse biti:” Amerika yakiriye neza Perezida William Ruto na Madamu we Rachel Ruto, i

Perezida wa Kenya ari mu ruzinduko rw’akazi muri Amerika Read More »