wex24news

AMAHANGA

Burundi:Mu bice bitandukanye vyigihugu,Haguma Hatorwa Abantu Bishwe Bunyamaswa.

Akarorero ka hafi nako muri Komine n’Intara ya Rumonge aho kumunsi wambere igenekerezo rya 22/04/2024 mugihe ca 15h hatowe ikiziga c, umuntu w’umugabo muruzi murembwe,rwa komine Rumonge, bivugwa ko nyakwigendera yoba afise imyaka iri hagati ya 45 ans na 50 ans. Nkuko isoko rya Rwandatribune.com  riri murako gace rikura amakuru mubanyagihugu,ritumenyesha ko ico kiziga cakuwe […]

Burundi:Mu bice bitandukanye vyigihugu,Haguma Hatorwa Abantu Bishwe Bunyamaswa. Read More »

Igicu kidasanzwe cya orange cyamanukiye mu kirere cya Athens mu Bugereki.

U Bugereki bwari buherutse kwibasirwa n’ibicu bisa nk’ibi mu mpera za Werurwe no mu ntangiriro za Mata, na byo byapfukiranye uduce two mu Busuwisi no mu majyepfo y’u Bufaransa. Ikigo gishinzwe iteganyagihe cy’u Bugereki kivuga ko ikirere gishobora kongera kuba cyiza kuri uyu wa Gatatu. Ikirere cyari kifashe nabi mu bice byinshi by’igihugu kandi mu

Igicu kidasanzwe cya orange cyamanukiye mu kirere cya Athens mu Bugereki. Read More »

 Rihanna nyuma yokuba umubyeyi aricuza ibyo yakoze mumyaka ye yubuto.

Mu kiganiro Rihanna yagiranye na Vogue, yatangaje ko iyo arebye amafoto yagiye afatwa mu myaka yashize na we ubwe bimutungura akibaza niba ari we wabikoze cyangwa ari undi kubera ukuntu amwe mu mafoto asa n’amugaragaza yashyize hanze ubwambure bwe, ubundi yambaye utwenda tw’imbere gusa. Rihanna avuga ko yicuza cyane uburyo yakoreshaga amurika imideli imugaragaza ubwambure

 Rihanna nyuma yokuba umubyeyi aricuza ibyo yakoze mumyaka ye yubuto. Read More »

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia.

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, kuko bakigera yo bahita batabwa muri yombi ibitaramo bigasubikwa guhera ubwo. Iki ni ikibazo cyongeye gufata intera nyuma y’uko ku wa 20 Mata 2024 ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda hasakaye amashusho umuhanzi

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia. Read More »

Igihugu cya Botswana gitangaza ko cyanze kwakira abimukira bavanywe mu Bwongereza ku mpamvu bwite.

Byatangajwe na Misitiri w’ububanyi n’amahanga wa Botswana , Lemogang Kwape kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro yahaye shene ya televiziyo yo muri Afurika y’Epfo. Yavuze ko leta y’Ubwongereza yiyambaje igihugu cye ibabaza niba bakwakira abimukira birukanwa mu Bwongereza, ariko Botswana iyo gahunda ngo yahise iyitera utwatsi. BBC itangaza ko mu kwezi gushize, mu binyamakuru byo

Igihugu cya Botswana gitangaza ko cyanze kwakira abimukira bavanywe mu Bwongereza ku mpamvu bwite. Read More »