wex24news

AMAHANGA

 Rihanna nyuma yokuba umubyeyi aricuza ibyo yakoze mumyaka ye yubuto.

Mu kiganiro Rihanna yagiranye na Vogue, yatangaje ko iyo arebye amafoto yagiye afatwa mu myaka yashize na we ubwe bimutungura akibaza niba ari we wabikoze cyangwa ari undi kubera ukuntu amwe mu mafoto asa n’amugaragaza yashyize hanze ubwambure bwe, ubundi yambaye utwenda tw’imbere gusa. Rihanna avuga ko yicuza cyane uburyo yakoreshaga amurika imideli imugaragaza ubwambure […]

 Rihanna nyuma yokuba umubyeyi aricuza ibyo yakoze mumyaka ye yubuto. Read More »

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia.

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, kuko bakigera yo bahita batabwa muri yombi ibitaramo bigasubikwa guhera ubwo. Iki ni ikibazo cyongeye gufata intera nyuma y’uko ku wa 20 Mata 2024 ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda hasakaye amashusho umuhanzi

Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia. Read More »

Igihugu cya Botswana gitangaza ko cyanze kwakira abimukira bavanywe mu Bwongereza ku mpamvu bwite.

Byatangajwe na Misitiri w’ububanyi n’amahanga wa Botswana , Lemogang Kwape kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro yahaye shene ya televiziyo yo muri Afurika y’Epfo. Yavuze ko leta y’Ubwongereza yiyambaje igihugu cye ibabaza niba bakwakira abimukira birukanwa mu Bwongereza, ariko Botswana iyo gahunda ngo yahise iyitera utwatsi. BBC itangaza ko mu kwezi gushize, mu binyamakuru byo

Igihugu cya Botswana gitangaza ko cyanze kwakira abimukira bavanywe mu Bwongereza ku mpamvu bwite. Read More »