wex24news

AMAKURU

Polisi y’u Rwanda n’iya Jordanie zinjiye mu bufatanye

Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye bari mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Jordanie ruzamara iminsi itatu, rugamije gushimangira ubufatanye mu bijyanye n’umutekano n’iyubahirizwa ry’amategeko hagati y’ibihugu byombi. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Nzeri, nibwo Minisitiri Biruta na mugenzi we wa […]

Polisi y’u Rwanda n’iya Jordanie zinjiye mu bufatanye Read More »

Dore ibyaha byibasiye abanyarwanda muri 2023-2024

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo, yatangaje ko umwaka ushize 2023/2024 haciwe imanza 109,691 zivuye ku 76,346 zaciwe mu mwaka wa 2019/2020. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki 02 Nzeri 2024 muhango ngarukamwaka wo gutangiza Umwaka w’Ubucamanza 2024/2025. Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda riteganya ko Urwego rw’Ubucamanza rufite inshingano ikomeye yo kuba umurinzi w’uburenganzira

Dore ibyaha byibasiye abanyarwanda muri 2023-2024 Read More »

Perezida Kagame ari muri Indonesia

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame yageze i Bali muri Indonesia, aho yifatanya n’abandi bayobozi mu nama ya kabiri ihuza Indonesia na Afurika. Iyi nama ifite insanganyamatsiko igira iti: “Umuhate wa Bandung mu kugera ku Cyerekezo 2063 cy’Afurika”, izamara iminsi itatu yatangiye kuri uyu wa 1 Nzeri 2024. Ni inama yitezweho kubaka umusingi w’ubutwererane

Perezida Kagame ari muri Indonesia Read More »

kandidatire icyenda z’abashakaga kuba abasenateri zanzwe

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), yagaragaje ko muri kandidatire 41 yari yakiriye ku bifuza kuba abasenateri harimo icyenda zitemejwe kubera ko zitujuje ibisabwa. Ibi byagarutsweho mu Kiganiro n’Itangazamakuru cyabaye ku wa 30 Kanama 2024. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Munyaneza Charles yagaragaje nk’uko biteganywa n’itegeko, bakiriye kandidatire 41 ariko Urukiko rw’Ikirenga rwemeza 32 gusa, izindi icyenda ntizemezwa

kandidatire icyenda z’abashakaga kuba abasenateri zanzwe Read More »

Hatangajwe inote nshya z’ibihumbi bitanu n’iy’ibihumbi bibiri

Hatangajwe inote nshya z’ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n’iy’ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y’u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center. Izi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk’uko bigaragazwa n’Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024

Hatangajwe inote nshya z’ibihumbi bitanu n’iy’ibihumbi bibiri Read More »

Abasirikare bakoze imyitozo yo hejuru yo kurinda ikibuga cy’indege

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibibuga by’indege za gisivili, RAC, bwakoze umwitozo ngiro wo gusuzuma uko abakorera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe, bakwitwara mu gihe haba hagabwe igitero n’abagizi ba nabi. Uwo mwitozo wabaye kuri uyu wa 29 Kanama 2024, bikaba ari igikorwa gisanzwe kiba buri myaka ibiri aho ibibuga by’indege bisabwa kugaragaza

Abasirikare bakoze imyitozo yo hejuru yo kurinda ikibuga cy’indege Read More »

Perezida Kagame yahuye n’abayobozi bakuru b’ingabo

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatatu yahuye n’abasirikare bakuru mu Ngabo z’u Rwanda. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro byatangaje ko Perezida Kagame yahuye n’aba basirikare bakuru mu rwego rwo kuganira ku bijyanye ku mahoro n’umutekano by’Igihugu. Ni ibiganiro byitabiriwe n’abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, Umugaba Mukuru w’Ingabo

Perezida Kagame yahuye n’abayobozi bakuru b’ingabo Read More »

Perezida Kagame yirukanye Gen Nzaramba mu ngabo z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yirukanye Maj Gen Martin Nzaramba na Col Dr Etienne Uwimana mu ngabo z’u Rwanda. Itangazo rya Minisiteri y’Ingabo rivuga ko hari abandi basirikare bo ku rwego rwa Ofisiye bo hejuru na ba Ofisiye bato 19 na bo birukanywe. Maj Gen (Rtd) Nzaramba wirukanywe

Perezida Kagame yirukanye Gen Nzaramba mu ngabo z’u Rwanda Read More »

guverinoma ya Israel yahagurujiwe

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel, ryahamagariye andi guhaguruka agakuraho Guverinoma iriho iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu, bashinja kuganisha Igihugu mu manga. Ishyaka rya Democrats Party ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel, mu butumwa ryatanze, ryahamagariye andi mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, kwishyira hamwe bakareba uko bakuraho Guverinema iriho. Aya mashyaka ashinja Guverinoma ya Israel kuganisha

guverinoma ya Israel yahagurujiwe Read More »

RIB yerekanye abantu batandatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye abantu batandatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo ubwambuzi bwakorewe abacuruzi babeshyaga ko ari abakiliya, ndetse na telefone ziwe ahantu hatandukanye nko mu nsengero n’izibwe abantu basangaga batabaye abagize ibyago. Iki gikorwa cyo kwerekana aba bantu cyabaye kuri uyu wa Kane tariki 29 Kanama 2024 ku Cyicaro cya Polisi y’u Rwanda mu

RIB yerekanye abantu batandatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye Read More »