wex24news

AMAKURU

Majors yatawe muri yombi muri Werurwe i New York nyuma yuko Madamu Jabbari amushinje ko yamukubise urushyi

umukinnyi wa filime uzwi nka Jonathan Majors yahamijwe icyaha cyo gukubita uwahoze ari umukunzi we Grace Jabbari. Kuri uyu wa mbere, umustar wa Marvel w’imyaka 34, yahamijwe icyaha kimwe cy’iterabwoba ryo mu rwego rwa gatatu n’icyaha kimwe cyo gutoteza, ariko agirwa umwere ku kindi cyaha cy’iterabwoba n’ikirego kimwe cy’ihohoterwa rikabije n’urukiko rw’i Manhattan. Majors yatawe […]

Majors yatawe muri yombi muri Werurwe i New York nyuma yuko Madamu Jabbari amushinje ko yamukubise urushyi Read More »

Ruswa iravuza ‘Ubuhuha’  mu kubaka binyuranyije n’amategeko

Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index] bukorwa naTransparency International Rwanda, bwerekanye ko ruswa yagabanutseho 7.10% ariko yiganje cyane mu kubaka binyuranye n’amategeko. Mu bushakashatsi bwamuritswe mu ntangiriro z’uku kwezi na  Transparency International Rwanda, igaragaza ko abayitanze cyangwa abayisabye bavuye kuri  29.10% mu mwaka 2022,ubu biri kuri 22.10%. Ni ukuvuga ko yagabanutseho

Ruswa iravuza ‘Ubuhuha’  mu kubaka binyuranyije n’amategeko Read More »

Gloomy Sunday:ese koko iyi ndirimbo yitwa gloomy sunday uyirebye ariyahura?

indirimbo gloomy sunday nindirimbo yagiye yumvikana ko uyirebye ahita yiyahahura kungeza ubwo abarenga ma 200 bamaze kwiyahura bitewe no kuyireba bagasoza bafite ubwoba bwinshi. iyi ndirimbo kandi Radio BBC na TV yA BBC byayihangaritse kuyikina igihe kingana ni myaka 66 bivuga ko ”iyi ndirimbo ihagaritswe igihe kingana nimyaka mirongo 66. iyo myaka yaragiye muri 2022

Gloomy Sunday:ese koko iyi ndirimbo yitwa gloomy sunday uyirebye ariyahura? Read More »

Diamond Platnumz ajyiye kugirana amasezerano n’umuhanzi Aslay

Diamond Platnumz ajyiye kugirana amasezerano n’umuhanzi Aslay kugira ngo amusinyishe muri WCB Wasafi asangemo ; Zuchu , Mbosso na D Voice winjiyemo vuba. Mkubwa Fella Umuyobozi mukuru wa Wasafi wahoze ari umujyanama wa Aslya mu bya muzika ubwo yari muri Yamoto Band yahishuye ko WCB ijyiye gusinyisha uyu Aslya muhanzi wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo

Diamond Platnumz ajyiye kugirana amasezerano n’umuhanzi Aslay Read More »

ibyaranze uruzinduko rwa myugariro wa Arsenal Jurriën Timber mu rwanda

tariki 14/04/2023, ni bwo myugariro wa Arsenal Jurriën Timber yasesekaye mu Rwanda aje muri gahunda y’amasezerano Leta y’u Rwanda ifitanye n’ikipe ya Arsenal, arimo kwamamaza vist Rwanda. Jurriën Timber kadi yaanazanye n’umukunzi we basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ruri ku Gisozi mu mujyi wa Kigali banashyira indabyo kumibiri ihashyinguye. Nyuma

ibyaranze uruzinduko rwa myugariro wa Arsenal Jurriën Timber mu rwanda Read More »

nyuma yuko Pudence Rubingisa ahiduriwe inshingano Umujyi wa Kigali urara ubonye umuyobozi.

Dr Kayihura avuga ko Umujyi wa Kigali uza kurara ubonye abayobozi bashya kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, nyuma y’amatora aza gukorwa mu masaha y’igicamunsi. Abaza gutorwa ni Umuyobozi usimbura Pudence Rubingisa wagiye kuba Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba, hamwe n’usimbura Dr Merard Mpabwanamaguru wari Umuyobozi wungirije ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa Remezo. Icyakora nta byinshi Dr

nyuma yuko Pudence Rubingisa ahiduriwe inshingano Umujyi wa Kigali urara ubonye umuyobozi. Read More »

abarimu basabye leta kubona aho kurambika umusaya bitabagoye.

kUmunsi Mpuzamahanga wahariwe Mwarimu wabaye kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023, abarimu basabyere leta ko bashyirirwaho gahunda yo kubona amacumbki muburyo butabagoye. umwe mubarimu wavuze mwizina ryabangenzi be witwa Nambajimana Jean Pierre yavuze ko leta y’ urwanda yabafashije byinshi ariko bagifite nikibazo cyo kubona aho barambika umusaya bitabahenze. ati ”nyakubahwa minisitiri turabashimira ibyo

abarimu basabye leta kubona aho kurambika umusaya bitabagoye. Read More »

nyamasheke imbwa zo kugasozi zaryaga amatungo zakorewe umukwabo ziricwa

Mu Karere ka Nyamasheke bari mu mukwabu udasanzwe wo guhiga imbwa z’inyagasozi zirya amatungo y’abaturage, ku ikubitiro izigera kuri 62 zimaze kwicwa. Ni nyuma y’igihe abaturage bo mu Mirenge irimo Kagano, Kanjogo, Bushekeri na Rangiro batabaza ko imbwa zirara mu matungo yabo aho aba aziritse mu bisambu zikayarya. Aba baturage banagaragaje impungenge ko izo mbwa

nyamasheke imbwa zo kugasozi zaryaga amatungo zakorewe umukwabo ziricwa Read More »

itariki y’amatora ya repubulika yamenyekanye.

Amatora ya Perezida wa Repubulika yamaze kwemezwa ko azabera rimwe n’ay’Abadepite ateganyijwe umwaka utaha ku wa 15 Nyakanga 2024. Ku banyarwanda batorera hanze y’u Rwanda amatora azaba mbere yaho ku wa 14 Nyakanga 2024. Ni amatariki yasohotse kuri uyu wa 11 Ukuboza 2023 mu iteka rya Perezida.Ni bwo bwa mbere amatora ya Perezida wa Repubulika

itariki y’amatora ya repubulika yamenyekanye. Read More »

nyabihu: urupfu rwa gitifu rwashenguye benshi mubo yari ayoboye

Urupfu rwa Byukusenge Emmanuel wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu rukomeje gushengura abarimo abo bakoranye n’abaturage bavuga ko Imana yacyuye Intore yayo. Inkuru y’urupfu rwa Byukusenge Emmanuel yasakaye ku mugoroba wo ku wa 12 Ukuboza 2023, yari arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK. Uyu mugabo usize umugore n’abana batanu,

nyabihu: urupfu rwa gitifu rwashenguye benshi mubo yari ayoboye Read More »