wex24news

AMAKURU

Muzitabire muri benshi na ya ndirimbo ya champions league izariribwa” igitaramo cya chorale de Kigali cyahumuye!

Taliki 17.ukuboza 2023 ni umunsi wa mateka kubakunzi ba chorale de Kigali yiyemeje kuzashimisha abitabiriye igitaramo “Chrismas Colors” yateguye. Mu kiganiro cyahuje Chorale de Kigali n’abanyamakuru, bavuze ko uretse kuba iki gitaramo ari ngaruka mwaka, ngo abantu bitege udushya twinshi bazumva bakanabona uwo munsi kuko hari n’abashyitsi bakuru bashobora kuzatungurana bitabiriye.Chorale de kigali babajijwe niba […]

Muzitabire muri benshi na ya ndirimbo ya champions league izariribwa” igitaramo cya chorale de Kigali cyahumuye! Read More »

munama yabereye i geneve Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Irani yavuzeko america na israel bitazigera bihanagura hamis

ENEVA (Reuters) -Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Irani, Hossein Amirabdollahian, ku wa kabiri yavuze ko Isiraheli na Amerika bitazigera bihanagura Hamas kandi ko Isiraheli ishobora kubona irekurwa ry’ingwate zafatiwe i Gaza hakoreshejwe igisubizo cya politiki mu makimbirane. Mu ijambo yavugiye mu Muryango w’abibumbye i Geneve aho yasobanuye ko umutwe w’abayisilamu ari umuryango w’ubwisanzure, Amirabdollahian yagize ati:

munama yabereye i geneve Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Irani yavuzeko america na israel bitazigera bihanagura hamis Read More »

Umwe mubana ba Pasiteri Ezra Mpyisi yahakanye amakuru yavugaga ko yitabye imana.

Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023 nibwo hatangiye kumvikana amakuru yavugaga ko umukozi w’Imana Pasiteri Ezra Mpyisi yapfuye. Amakuru yatangajwe na Shene ya YouTube yavugaga ko uyu mugabo yapfuye ndetse itangirira ku mateka bigaragaza ko bari bari kumubika nk’uwapfuye.Nyuma y’aya makuru atizewe na benshi ku ikubitiro, umukobwa

Umwe mubana ba Pasiteri Ezra Mpyisi yahakanye amakuru yavugaga ko yitabye imana. Read More »

nigeria; umugore yashimuse abana babiri babahungu aburirwa irengero

Hateraniye hamwe ko ukekwa yaburiwe irengero hamwe n’abana bombi nyuma yiminsi itatu yimukiye mu nzu. Umukozi wa Polisi ushinzwe imibanire n’abaturage (PPRO), Omolola Odutola, yemeje ko ibyabaye, yavuze ko nyir’inzu, Johnson Oshinowo, yatangaje ko umugore wakodesheje inzu ye ku wa kane, tariki ya 7 Ukuboza 2023, yashimuse umuhungu we n’umuhungu w’undi muturanyi, bari. bombi bafite

nigeria; umugore yashimuse abana babiri babahungu aburirwa irengero Read More »

Inteko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda

kuri uyu wa 2 nibwo abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza bagejejweho umushinga w’itegeko witezweho gufasha iki gihugu gukuraho inzitizi zose zishobora gutuma gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda izamo kirogoya. Abagera kuri 313 mu badepite b’u Bwongereza batoye bashyigikira uyu mushinga w’itegeko na gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, mu gihe abatoye batawushyigikiye ari

Inteko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda Read More »

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa.

Ibi Papa Francis yabitangaje ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru ku munsi w’ejo kuwa gatatu(3) taliki ya 13 Ukuboza 2023. Papa Francis yavuze ko mugihe yaba yitabye Imana, atagomba kuzashyingurwa muri St Peter’s Basilica nk’uko bisanzwe bikorwa ku bandi ba Papa.ubwo yaganiraga nitagazamakuru yivugiye ko ariho azashyigurwaMu magambo ye yagize ati: “Aho ngomba kuzashyingurwa kugeza uyu munsi

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa. Read More »

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi

kanyabugande Olivier wamamaye mu Rwanda kubera amashyengo agira yamaze kurekurwa. Kanyabugande Olivier waburaga iminsi mike ngo yuzuze ibyumweru bibiri muri gereza bivugwa ko atari nziza , yamaze kurekurwa arataha. Amakuru avuga ko Nyaxo yafatiwe i Burundi hamwe n’abandi bose bagahita bafungwa.Aba bafashwe tariki 2_3 Ugushyingo 2023. Icyatumye aba bafungwa ntabwo cyavuzweho rumwe na cyane ko

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi Read More »

Abanduye Sida mu Rwanda ni bangahe?

Muri raporo yashyizwe ahagaragara n’urubuga rw’umuryango wiga ku bibazo byugarije Isi n’ibiza World Relief muri Kanama 2023, iyi raporo igaragaza ko 2022 yasize miliyoni 39 zibana na virus itera SIDA. Mu bushakashatsi bwakozwe muri 2022 na Rwanda Population-based HIV Impact Assessment (RPHIA) ibinyujije mu kigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC) n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu

Abanduye Sida mu Rwanda ni bangahe? Read More »

FARDC na M23 byonge gukozanyaho muri Nyiragongo

mirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yasubukuye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu i Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo, nk’uko abahatuye babyemeza. Sosiyete Sivile ya Nyiragongo ivuga ko inyeshyamba za M23 arizo zateye mbere ibirindiro by’ingabo za leta nyuma y’agahenge k’amasaha 72 katangajwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa

FARDC na M23 byonge gukozanyaho muri Nyiragongo Read More »

Pakistan:Abantu 23 baguye mu gitero  

Umutwe w’abarwanyi bagendera ku matwara akaze ya ki Islam ufitanye isano n’aba Talibani kuri uyu wa kabiri taliki ya 12 Ukuboza 2023, wateye ikicaro cya police y’iki gihugu ahagana mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba ,abantu bagera kuri makumyabiri na batatu bahise bahasiga ubuzima. Abashinzwe umutekano bavuze ko bijya gutangira bano barwanyi bazanye ikimodoka cya burende basenya

Pakistan:Abantu 23 baguye mu gitero   Read More »