wex24news

AMAKURU

gakenke:Abagore babiri biyemereye kwica umwana w’umukobwa.

Abagore babiri bo mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke, biyemereye ko baba ari bo babaye intandaro y’urupfu rw’umwana w’umukobwa, nyuma yo kumuha ibihumanya(uburozi) babishyize mu byo yarimo anywa. Uwo mwana w’umukobwa w’imyaka 6 wo mu Mudugudu wa Nyarungu Akagari ka Kamubuga, ari naho abo bagore bombi batuye, ngo ubwo yari atashye mu ma […]

gakenke:Abagore babiri biyemereye kwica umwana w’umukobwa. Read More »

Bugesera; padiri yakoze impanuka ihitana mo abantu babiri

Padiri Gakuba Célestin wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera wari utwaye imodoka ya Jeep Toyota Hilux RAE 001I yakoze impanuka ihitana abantu babiri, undi umwe arakomereka bikomeye. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ibera mu Mudugudu wa Nzagwa, Akagari ka Kintambwe mu Murenge wa

Bugesera; padiri yakoze impanuka ihitana mo abantu babiri Read More »