wex24news

AMAKURU

Batunguwe n’icyemezo Akarere kabafatiye

Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko batunguwe no kubona ubuyobozi bushyira ingufuri ku miryango y’amaduka bakoreramo butabahaye integuza. Abavuga ibi ni bamwe mu bacururiza mu maduka aherereye mu Mujyi rwagati wa Muhanga. Aba bacuruzi bavuga ko basanzwe bakodesha na ba nyirinzu, kandi ko nta kibazo cy’ubushobozi bukeya cyatuma batishyura abo bakodesha. […]

Batunguwe n’icyemezo Akarere kabafatiye Read More »

Umusaza yapfiriye mu nkongi yafashe inzu ye

Rubanzambuga Boniface w’imyaka 94 wo mu Karere ka Kamonyi, yapfiriye mu nkongi y’umuriro yafashe inzu ye. Ubwo inkongi yafata inzu ye iherereye mu Mudugudu wa Gasharara, Akagari ka Kagina, Umurenge wa Runda, mu masaha ya saa tatu z’ijoro. Amakuru avuga ko uyu musaza ubusanzwe yabanaga n’umwuzukuru we w’imyaka 18 ndetse ko ngo yagerageje gutabaza ariko

Umusaza yapfiriye mu nkongi yafashe inzu ye Read More »

Abana 2 bahiriye mu nzu yatwitswe na buji

Abana babiri, umukobwa w’imyaka ine n’umuhungu w’imyaka itatu, bahiriye mu nzu bakongokoreramo n’ibyarimo byose, ababyeyi bahageze na bo bagwa igihumure bajyanwa kwa muganga.  Iyo nzu bivugwa ko yatwitswe na buji yacanywe na mukuru wabo w’imyaka irindwi,  iherereye mu Mudugudu wa Cyimbogo, Akagari ka Karangiro, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi.  Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakarenzo Ntawizera

Abana 2 bahiriye mu nzu yatwitswe na buji Read More »

NEC yagiranye ibiganiro n’abakandida biyamamariza kuba abasenateri

Kuri uyu wa Gatanu, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yagiranye ibiganiro n’abakandida biyamamariza kuba Abasenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda. Ni ibiganiro byagarutse ku mabwiriza agenga amatora y’Abasenateri n’ingengabihe y’uko amatora azagenda. Biteganyijwe ko kwiyamamaza kw’abakandida bizatangira kuva ku itariki ya 26 Kanama 2024 kugeza ku itariki ya 14 Nzeri 2024. Ku itariki ya 16

NEC yagiranye ibiganiro n’abakandida biyamamariza kuba abasenateri Read More »

Iminsi yo kubona ibyangombwa by’ubutaka n’imyubakire igiye kuba 14

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel, yatangaje ko arimo guharanira ko igihe abaturage babonera ibyangombwa by’ubutaka n’ibyo kubaka yava ku minsi 21 ikaba 14. Meya Dusengiyumva yagaragaje ko abaturage bamaze igihe binubira ko ibyo byangombwa bitinda kuboneka kandi ntibasobanurirwe icyabiteye. Ubwo yari amaze kongera guterwa kuyobora Umujyi wa Kigali, mu matora yabaye kuwa Kane tariki

Iminsi yo kubona ibyangombwa by’ubutaka n’imyubakire igiye kuba 14 Read More »

amasezerano yo kwakira impunzi zivuye muri Libya yavuguruwe

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kanama 2024, Leta y’u Rwanda yongeye gushyira umukono ku nyandiko yongera amasezerano yo gukomeza kwakira impunzi n’abimukira bafatiwe muri Libya bashaka kwerekeza ku Mugabane w’u Burayi. Ni inyandiko yashyizweho umukono n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia Gen Maj Charles Karamba wahagarariye Guverinomma y’u Rwanda, muri icyo gikorwa kigamije kurushaho gushakira

amasezerano yo kwakira impunzi zivuye muri Libya yavuguruwe Read More »

MINISANTE yatagaje ko 80% yabandura Mpox ari abakora uburaya

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yagaragaje ko hejuru ya 80% by’abo icyorezo cy’ubushita bw’inkende (Mpox) cyibasira ari  ibyiciro by’abakora imibonano mpuzabitsinda kenshi biganjemo abakora uburaya, abakiriya babo, urubyiruko n’abandi. Iyo Minisiteri yavuze ko imibare igaragaza ko abibasiwe cyane n’iyo ndwara ari abari mu myaka hagati ya 25 na 40. Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin avuga ko hari n’impungenge

MINISANTE yatagaje ko 80% yabandura Mpox ari abakora uburaya Read More »

REMA yahakanye amakuru avuga ko ‘Gaz’ yo Kivu ishobora kuzaturika 

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera Ibidukikije, REMA, cyahakanye amakuru avuga ko ‘Gaz Méthane’ iri mu kiyaga cya Kivu ishobora kuzaturika bitewe n’ubwiyongere bwayo. Ikinyamakuru National Geographic muri Mutarama 2024 cyatangaje inkuru ifite umutwe ugira uti “Ikiyaga cyo muri Afurika gishobora giturika kandi amamiliyoni y’abantu bari mu kaga.” Muri iyi nkuru hagaragaramo Philipp Morkel washinze ikigo cyitwa

REMA yahakanye amakuru avuga ko ‘Gaz’ yo Kivu ishobora kuzaturika  Read More »

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zanzuye kongera guhurira i Luanda

Inama yahuje intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarangiye hemejwe amatariki azaberaho indi yo kuganira ku masezerano y’amahoro, ndetse hanatangazwa ko ibi biganiro byabaye mu mwuka mwiza w’ubwumvikane hagati y’Ibihugu byombi, byaniyemeje gukorana mu guhosha ibibazo. Iyi nama yo ku rwego rw’Abaminisitiri yari iya gatatu, yabaye kuva ku wa Kabiri

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zanzuye kongera guhurira i Luanda Read More »

agiye kwifashisha YouTube yigisha amateka

Umuyobozi w’Urwego Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Tito Rutaremera, yahishuye ko agiye kwifashisha YouTube mu kwigisha urubyiruko amateka y’u Rwanda. Yagaragaje kandi ko ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter ho azibanda cyane ku kwigisha urubyiruko amateka ya mbere y’ubukoroni, amateka y’igihe cy’ubukoroni. Rutaremara avuga ko azanigisha amateka ya Repuburika ya Mbere n’iya Kabiri, amateka y’intambara

agiye kwifashisha YouTube yigisha amateka Read More »