wex24news

AMAKURU

MINALOC yahagaritse Imiryango 43 ishingiye ku myemerere

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC yasohoye urutonde rw’Imiryango 43 ishingiye ku myenerere, igomba guhagarikwa kubera ko idafite ubuzima gatozi. Mu ibaruwa MINALOC yasohoye kuri uyu wa 22 Kanama 2024 igenewe abayobozi bose b’Uturere, n’Abayobozi Nshingwabikorwa mu Turere, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Jean Claude Musabyimana, yasabye ko iyo miryango ishingiye ku myemererw igomba guhagarikwa. Iyo baruwa igaragaza ko […]

MINALOC yahagaritse Imiryango 43 ishingiye ku myemerere Read More »

RIB yataye muri yombi Musonera wari ku rutonde rw’Abadepite

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwafunze Musonera Germain ufite imyaka 59 wari ku rutonde rw’abakandida-depite akekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Uwo mugabo yatawe muri yombi ku wa 21 Kanama 2024. Musonera acyekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, aho akekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umugabo witwa Kayihura Jean Marie Vianney, wishwe

RIB yataye muri yombi Musonera wari ku rutonde rw’Abadepite Read More »

Urupfu rw’umu-DASSO rwasize urujijo ku cyamwishe

Mu murenge wa Nyakabuye mu karere ka Rusizi mu ntara y’iburengerazuba umurambo w’umukozi w’urwego rwa DASSO wasanzwe hafi y’ikiraro bikekwa ko nyakwigendera yishwe. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko mu masaha ya mugitondo aribwo abaturage bamenyesheje ubuyobozi ko babonye umurambo. Kamali Kimonyo, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakabuye avuga ko ejo (ku wa Gatatu) ngo Ahishakiye Jean Claude wakoreraga

Urupfu rw’umu-DASSO rwasize urujijo ku cyamwishe Read More »

Perezida Kagame yahembye abanyeshuri bazanye imidali

Mu rwego rwo gushimira no gutera umwete abanyeshuri baheruka kwegukana imidali ya zahabu, umulinga, ifeza n’iyindi mu marushanwa nyafurika y’imibare yasorejwe muri Afurika y’Epfo muri iki cyumweru, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye abanyeshuri batsinze n’abitabiriye ayo marushanwa. Ni amarushanwa amaze imyaka ine abana b’u Rwanda bayitabira yiswe Pan-African Mathematics Olympiad (PAMO), ayasojwe uyu mwaka

Perezida Kagame yahembye abanyeshuri bazanye imidali Read More »

Ingabo z’u Rwanda zavuye abaturage muri Sudani y’Epfo 

Itsinda ry’abasirikare b’u Rwanda (Rwanbatt1) boherejwe mu butumwa  bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bahaye serivisi z’ubuvuzi abaturage bo mu byaro bitandukanye.  Ni igikorwa cyakozww hagati y’itariki ya 19 kugeza ku ya 22 Kanama 2024 mu cyaro cya Liria giherereye muri Leta ya Central Equatorial.  Ni kimwe mu bikorwa by’iterambeee ni kunoza imibereho myiza y’abaturage

Ingabo z’u Rwanda zavuye abaturage muri Sudani y’Epfo  Read More »

BNR yagabanyije inyungu fatizo ku bigo by’imari

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR), yatangaje ko yagabanyije urwunguko rwayo ku bigo by’imari, rugera kuri 6,5% ruvuye kuri 7% rwari rusanzweho. Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu, Guverineri wa BNR, John Rwangombwa, yavuze ko byatewe n’uko ibiciro ku masoko biri ku rwego rwiza, kuko muri uyu mwaka izamuka ryabyo ritazarenga 5%. Guverineri Rwangombwa yavuze ko

BNR yagabanyije inyungu fatizo ku bigo by’imari Read More »

RURA yahagurukiye abatekamutwe bacucura abantu kuri telefoni

Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwashyizeho amabwiriza agamige guca ubujura n’ibindi byaha byifashisha ikoranabuhanga. Mu itangazo ry’uru rwego ryo ku wa 20 Kanama 2024, rivuga ko “Mu rwego rwo gukumira no kurwanya ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga by’umwihariko ibikorerwa kuri telefoni.” RURA ivuga ko mu rwego rwo guca intege no kurwanya ubwo bujura,servisi zo kwibaruzaho simukadi

RURA yahagurukiye abatekamutwe bacucura abantu kuri telefoni Read More »

Abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye umudali wa zahabu 

Itsinda ry’abanyeshuri batandatu b’Abanyarwanda ryahize abandi mu marushanwa Nyafurika y’Imibare (Pan-African Mathematics Olympiad, PAMO 2024) ndetse umwe witwa Denys Prince Tuyisenge, yegukana umudali wa Zahabu. Abandi banyeshuri b’Abanyarwanda babonye umudali wa feza, n’indi itatu y’umuringa abandi bakobwa benshi babona imidali y’umuringa. Aya marushanwa yahuje abanyeshuri bo mu bihugu 30 bya Afurika aho abana bagaragaza impano

Abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye umudali wa zahabu  Read More »

Mu myaka ibiri u Burundi ntibuzaba busaba inkunga amahanga-Ndayishimiye

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi Évariste Ndayishimiye yavuze ko igihugu cye gifite ibishoboka byose ngo kibe igihangange ku Isi, ko mu gihe cya vuba kizaba gihanzwe amaso mu guha imfashanyo amahanga. Perezida Ndayishimiye yavuze ko u Burundi bufite ubutunzi budasanzwe Imana yabuhaye bityo igihe kigeze ngo Isi yose imenye ko bwipakuruye ibihe byo guhabwa imfashanyo. Yavuze

Mu myaka ibiri u Burundi ntibuzaba busaba inkunga amahanga-Ndayishimiye Read More »

Umwaka w’Amashuri 2024-2025 uzatangira muri Nzeri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri NESA, cyatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2024/2025 uzatangira muri Nzeri 2024. Mu itangazo ryashyizwe ku mbuga nkoranyambagara z’icyo kigo cyagaragaje ko amasomo azatangira ku wa 9 Nzeri 2024. Ryakomeje rigaragaza ko ingengabihe n’itangazwa ry’amanota y’abanyeshuri basoje amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye bizatangazwa vuba. Ku bijyanye n’ibizamini bisoza amashuri

Umwaka w’Amashuri 2024-2025 uzatangira muri Nzeri Read More »